Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
RIB yafunze Niyigena wa Minisiteri y’urubyiruko ukekwaho kwaka indonke abari mu marushanwa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwafunze Niyigena Patrick, Umukozi ushinzwe guhanga udushya mu bucuruzi no guteza imbere impano muri…
Soma ibikurikira » -
BNR yahishuye ko ikigo STT kitemerewe gutanga serivisi z’imari mu Rwanda, iburira abayirimo
Banki Nkuru y’u Rwanda yatangaje ko ikigo cyitwa Super free to trade Ltd (STT) kidafite uburenganzira bwo gutanga serivisi z’imari…
Soma ibikurikira » -
Yolande Makolo yajoye channel 4 yahaye ijambo Victoire Ingabire n’uwungirije Nyamwasa muri RNC
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yanenze ikinyamakuru Channel 4 cyo mu Bwongereza cyahaye urubuga Victoire Ingabire n’Umuyobozi Mukuru…
Soma ibikurikira » -
Ubushinjacyaha bwaba bushaka kumvisha umunyamakuru Nkundineza Jean Paul bumusabira gufungwa imyaka 10
Ubushinjacyaha bwasabiye umunyamakuru Nkundineza Jean Paul guhanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka 10 n’ihazabu ya miliyoni 5 Frw, kubera ibyaha akurikiranyweho byo…
Soma ibikurikira » -
Instinzi ya Putin yamaganwe n’uburengerazuba, Evariste n’abandi banyafurika benshi baramucyeza
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yashimye Perezida Vladimir Putin ku “intsinzi ishashagirana” ndetse amwita “umutegetsi ureba kure”. Ndayishimiye ni umwe…
Soma ibikurikira » -
R Kelly yajuririye gukurirwaho igihano cy’igifungo (imyaka 30) yakatiwe muri 2021
R Kelly, umuhanzi wo muri Amerika wamamaye mu njyana ziganjemo iza R&B yajuririye igihano amaze imyaka 3 akatiwe cy’imyaka 30…
Soma ibikurikira » -
Musanze: Umugore bivugwa ko yatorotse umugabo yaba yamatanye n’intebe y’imodoka kuyisohokamo biranga.
Umugore wo mu kigero cy’imyaka 50 wo mu Kagari ka Buramira, Umurenge wa Kimonyi Akarere ka Musanze yateje impagarara muri…
Soma ibikurikira » -
Leta ya Congo yareze u Rwanda mu rukiko rwa EAC
Repubulika ya Demokarasi ya Congo yatanze ikirego mu Rukiko rwa Afurika y’Iburasirazuba (EACJ), ivuga ko u Rwanda ruvogera ubusugire bw’iki…
Soma ibikurikira » -
Ibyo kugabana imitungo 50/50% muri gatanya bishobora gusubirwamo vuba mu Rwanda.
Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda yatangiye gusuzuma umushinga w’itegeko rishobora gutuma abashakanye batagabanywa imitungo yabo mu buryo bungana, igihe bahisemo…
Soma ibikurikira » -
Umunyamabanga mukuru wa ONU yamaganye igitero cyakomerekeje 8 mu ngabo za MONUSCO
Umunyamabanga mukuru w’umuryango w’abibumbye ONU, António Guterres, yamaganye igitero cyagabwe ku ngabo zawo ziri mu butumwa bwa MONUSCO ku wa…
Soma ibikurikira »