Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Menya imishahara y’abayobozi bashya muri Guverinoma
Akazi katangiye ku bayobozi bashya baherutse gushyirwa mu myanya no kuzirahirira. Ni abayobozi bafite akazi gakomeye nk’uko Perezida Kagame yabivuze…
Soma ibikurikira » -
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko mu Rwanda rwatangije umubano n’urwo muri Cameroun
Ubufatanye mu gusangira ubumenyi n’amakuru ku mikorere y’umwuga w’Ubuhesha bw’inkiko ni kimwe mu mapfundo ahambiriye ubufatanye bwavutse kuri uyu wa…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye abarahiriye inshingano kuzireka hakiri kare niba batazishoboye.
Perezida Kagame Paul yabwiye abayobozi barahiriye kwinjira muri Guverinoma nshya ko aho kugira ngo umuntu yemere inshingano ntazikore neza, yagira…
Soma ibikurikira » -
Abakuru b’ibihugu bya SADC bashimye ONU ku gufasha ingabo zabyo muri DR Congo
Inama y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika yo mu majyepfo (SADC) yashimye umuhate w’Ubumwe bwa Afurika na ONU…
Soma ibikurikira » -
Rwanda: Hashyizweho Guverinoma nshya benshi bisanga bayigarutsemo.
Perezida Paul Kagame yaraye ashyizeho abagize Guverinoma nshya irimo Abaminisitiri batatu bashya, mu gihe Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda n’iya Siporo abari…
Soma ibikurikira » -
Umurwayi wa mbere w’ubushita bukaze mpox yagaragaye hanze ya Africa
Urwego rushinzwe ubuzima muri Sweden/Suède rwatangaje ko rwabonye umuntu ufite ubu bwoko bukaze kurushaho bw’ubushita bw’inkende (mpox) muri iki gihugu.…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’Intebe n’Abadepite bashya 80 barahiye
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, hamwe n’Abadepite 80 bashya binjiye muri manda ya Gatanu…
Soma ibikurikira » -
UK: Uko Rudakubana ushinjwa kwica abana 3 yiswe umuyisilamu bigateza imyigaragambyo ikomeye
Imyigaragambyo ikomeye yibasiye imijyi itandukanye mu Bwongereza nyuma y’iyicwa ry’aba bana batatu b’abakobwa, uregwa kubica ni Umwongereza w’imyaka 17 Axel…
Soma ibikurikira » -
M23 yafashe umujyi wa Ishasha mbere gato y’agahenge k’u Rwanda na DRC
Umutwe wa M23 watangaje ku cyumweru ko wafashe umujyi wa Ishasha uherereye ku mupaka wa DR Congo na Uganda mu…
Soma ibikurikira » -
Kenya: Umuntu wa mbere yagaragaweho n’ubushita bw’Inkende.
Kenya yemeje umuntu wa mbere wanduye indwara y’ubushita bw’inkende, wabonetse mu gace ko mu majyepfo ashyira uburasirazuba ku mupaka na…
Soma ibikurikira »