Saa Moya, Isaha nshya ntarengwa yo kuba abantu bageze mu ngo

Nyuma y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 26 Kanama 2020, Itangazo ry’Ibeyemezo byayo ryagaragayemo impinduza ziganisha ku gukaza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko bigaragaye ko imibare y’ubwandu n’abantu bapfa ikomeje kwiyongera, byatumye iyi nama yanzura ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro aho kuba saa tatu kugera saa kumi n’imwe z’igitondo nk’uko byari bimeze.
Muri Kigali niho hakomeje kugaragara umubare munini w’abantu banduye by’umwihariko abakorera mu masoko atandukanye cyane iryo mu Mujyi rwagati rizwi nka Kigali City Market n’iry’i Nyabugogo ahazwi nko kwa Mutangana byanatumye yombi afungwa.
Kuva umurwayi wa mbere wa COVID-19 iterwa n’agakoko gashya ka Coronavirus agaragaye mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, hamaze kuboneka 3625 banduye mu bipimo 383 481, abagera ku 1810 barayikize mu gihe 1800 bakitabwaho n’abaganga naho 15 bitabye Imana.
Iyi nama yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafatiwemo ibyemezo birebana no guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 gikomeje kugera kuri benshi mu Rwanda, yanzuye ko mu kugabanya ubu bwandu, usibye amasaha y’ingendo yashyizwe saa moya aho kuba saa tatu nk’uko byari bimenyerewe, ubu ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara hifashishijwe imodoka rusange nazo zitacyemewe.
Ni mu gihe ingendo zo kujya cyangwa kuva mu Karere ka Rusizi zahagaritswe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa gusa.
Indi myanzuro y’iyi nama yose urayisanga muri iri tangazo ryose.








This is really interesting, You’re an excessively professional blogger. I’ve joined your feed and look ahead to in search of extra of your fantastic post. Additionally, I’ve shared your website in my social networks|
I like what you guys are usually up too. This sort of clever work and coverage! Keep up the good works guys I’ve incorporated you guys to our blogroll.|
It’s actually a great and helpful piece of info. I’m glad that you just shared this useful information with us. Please keep us informed like this. Thank you for sharing.|
I don’t even understand how I stopped up right here, but I believed this submit was once good. I do not realize who you might be but definitely you’re going to a well-known blogger if you happen to aren’t already. Cheers!|
Oh my goodness! Impressive article dude! Thank you, However I am going through difficulties with your RSS. I don’t know why I can’t subscribe to it. Is there anyone else having identical RSS problems? Anyone that knows the solution can you kindly respond? Thanks!!|
Hi there, I discovered your site by way of Google at the same time as searching for a comparable matter, your site got here up, it appears good. I’ve bookmarked it in my google bookmarks.
Hi there Dear, are you genuinely visiting this web site regularly, if so after that you will definitely get pleasant know-how.|