Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Prezida Kagame yasabye abapolisi bashya kwirinda ruswa no kwishyira hejuru
Perezida Paul Kagame yashimye Polisi y’Igihugu ku myaka 25 imaze ikorera Abanyarwanda akazi keza kandi k’indashyikirwa, avuga ko muri icyo…
Soma ibikurikira » -
Dr Semwaga afunzwe akurikiranweho ibyaha bifitanye isano no gufasha abatabyara kubona urubyaro
Urukiko i Kigali mu Rwanda ku wa kabiri rwakatiye Dr Emmanuel Semwaga gufungwa by’agateganyo kubera ibyaha akurikiranweho bifitanye isano n’akazi…
Soma ibikurikira » -
Ousmane Sonko wirukanwe ku buminisitiri bw’Intebe muri Sénégal yatorewe kuyobora Ishinga Amategeko
Ousmane Sonko uherutse guhagarikwa ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe wa Sénégal yatorewe umwanya wa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu…
Soma ibikurikira » -
USA n’u Rwanda basinyanye amasezerano ku ikoreshwa ry’ingufu za Nikeleyeri
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za Nikeleyeri mu…
Soma ibikurikira » -
DR Murangira B Thierry yaburiye abanga kwitaba RIB yabahamagaje
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry, yibukije abaturarwanda ko iyo umuntu ahamagawe n’Umugenzacyaha ku mpamvu z’iperereza ategetswe…
Soma ibikurikira » -
Igihano cy’igifungo cy’amezi 3-6 ku watwaye yanyoye ibisindisha, itegeko rishya rigenda imikoreshereze y’umuhanda
U Rwanda rwavuguruye itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda mu Rwanda ryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa, aho rigena ko utwaye imodoka…
Soma ibikurikira » -
Nyuma yo kwamagana ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran, Espagne yimye Amerika ibirindiro
Indege za Amerika zasubiye iwabo nyuma y’uko Espagne yimye iki gihugu uburenganzira bwo gukoresha ibirindiro by’ingabo byo mu bice bya…
Soma ibikurikira » -
Hehe n’ibishuko byo kurya amafaranga bishyuje, Perezida w’Abahesha b’Inkiko yateguje ko nta muhesha uzajya yishyurwa kuri konti ye
Me NIYONKURU Jean Aime perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga yemeje ko bimwe mu bibazo bahanganye nabyo harimo igikomeye cy’abahesha b’Inkiko…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwajyanye UK mu nkiko rwishyuza miliyoni 50 z’amayero.
Leta y’u Rwanda yareze leta y’Ubwongereza mu rukiko mpuzamahanga nkemurampaka rwo mu Buholandi, bijyanye n’amasezerano ku bimukira ibihugu byombi byari…
Soma ibikurikira » -
Rusizi: Ukekwaho kwica umugore we amuhora gutiz isuka, arahigishwa uruhindu.
Umugabo wo mu Karere ka Rusizi ari gushakishwa n’inzego z’ubuyobozi akekwaho kwica umugore we w’isesezerano amuziza ko yatije iwabo isuka.…
Soma ibikurikira »