Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Ku nshuro ya 21, abana b’ingagi (22) bazitwa amazina
Urwego rw’u Rwanda rushinzwe Iterambere, RDB, rwatangaje ko abana b’ingagi 22 bavutse ari bo bazitwa amazina mu muhango uteganyijwe ku…
Soma ibikurikira » -
Ibiciro by’ibiribwa bikomeje gutumbagira biteye impungenge
Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko ibiciro ku masoko byiyongereye ku kigero cya 14,5% muri Nyakanga 2026 ugereranyije na Nyakanga 2025.…
Soma ibikurikira » -
Ministiri w’Intebe Dr Nsengiyumva yasabye urubyiruko rusoje itorero ry’indangamirwa 16 gukora amahitamo meza buri gihe
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yabwiye urubyiruko rurangije Itorero Indangamirwa, icyiciro cya 16, ko hanze aha hari amahirwe menshi yo…
Soma ibikurikira » -
Inganda zikomeze zenga ibyuma ziri kuririra mu myotsi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyafunze inganda nyinshi zikora ibinyobwa bisembuye, zirimo Ingufu Gin Ltd na…
Soma ibikurikira » -
Sen Donatille Mukabalisa yitabye Imana
Senateri Mukabalisa Donatille wigeze kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, yitabye Imana azize uburwayi, mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ntirwizeye na busa amasezerano ya RDC na FDLR
Mu gihe u Rwanda rugaragaza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ubangamiye umutekano warwo akaba ari nayo mpamvu rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi,…
Soma ibikurikira » -
Dj Sonia yatunze agatoki RIB ko yamwimye ubutabera
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, DJ Sonia ni umwe mu bakomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga, aho bivugwa ko yasambaniye mu…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagaragaje uko AI iri guhindura ubuzima bw’urubyiruko rwa Afurika
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Umugabane wa Afurika witeguye gutanga umusanzu mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, ahamya ko urubyiruko rwa…
Soma ibikurikira » -
Shaddy yajyanwe gukamurwamo ibiyobyabwenge muri Rehab?
Nyuma y’iminsi hari amakuru avuga ko Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yaba yaratawe muri yombi, amakuru yizewe ahamya ko yajyanywe…
Soma ibikurikira » -
Byagenze gute ngo Umujyi wa Kigali wemere kandi wishyure imodoka itujuje ibyo wari warasabye?
Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana ukuntu haguzwe imodoka yo gukora isuku…
Soma ibikurikira »