Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Inganda zikomeze zenga ibyuma ziri kuririra mu myotsi
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko cyafunze inganda nyinshi zikora ibinyobwa bisembuye, zirimo Ingufu Gin Ltd na…
Soma ibikurikira » -
Sen Donatille Mukabalisa yitabye Imana
Senateri Mukabalisa Donatille wigeze kuba Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko umutwe w’Abadepite, yitabye Imana azize uburwayi, mu Bitaro Byitiriwe Umwami Faisal…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ntirwizeye na busa amasezerano ya RDC na FDLR
Mu gihe u Rwanda rugaragaza ko umutwe w’iterabwoba wa FDLR ubangamiye umutekano warwo akaba ari nayo mpamvu rwashyizeho ingamba z’ubwirinzi,…
Soma ibikurikira » -
Dj Sonia yatunze agatoki RIB ko yamwimye ubutabera
Kuva mu mpera z’icyumweru gishize, DJ Sonia ni umwe mu bakomeje kugarukwaho ku mbuga nkoranyambaga, aho bivugwa ko yasambaniye mu…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagaragaje uko AI iri guhindura ubuzima bw’urubyiruko rwa Afurika
Perezida Paul Kagame yatangaje ko Umugabane wa Afurika witeguye gutanga umusanzu mu bukungu bushingiye ku ikoranabuhanga, ahamya ko urubyiruko rwa…
Soma ibikurikira » -
Shaddy yajyanwe gukamurwamo ibiyobyabwenge muri Rehab?
Nyuma y’iminsi hari amakuru avuga ko Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yaba yaratawe muri yombi, amakuru yizewe ahamya ko yajyanywe…
Soma ibikurikira » -
Byagenze gute ngo Umujyi wa Kigali wemere kandi wishyure imodoka itujuje ibyo wari warasabye?
Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta, PAC, bagaragaje ko bitumvikana ukuntu haguzwe imodoka yo gukora isuku…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bunamiye abazize Jenoside mu Bigogwe, banorozamo imiryango itanu y’abarokotse.
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda rwifatanyije n’Abanyarwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, rwunamira…
Soma ibikurikira » -
Kamonyi: Abantu batanu bagwiriwe n’urukuta rw’amabuye, batatu bahita bapfa
Abantu batatu bishwe n’urukuta rw’amabuye rwabagwiriye, abandi babiri barahakomerekera bikomeye, ubwo bari mu mirimo yo kurwubaka. Ni impanuka yabaye mu…
Soma ibikurikira » -
Ubutabera ku bana bugiye kunozwa no kwihutishwa kurushaho
Minisiteri y’Ubutabera MINIJUST, ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku bana UNICEF, batangije uburyo bwihariye bugamije gukurikirana abana bakekwaho ibyaha…
Soma ibikurikira »