Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Umwami w’u Bwongereza yahaye umugisha gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Umwami w’u Bwongereza, Charles III, yemeje umushinga wa gahunda yo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye muri iki gihugu binyuranyije n’amategeko,…
Soma ibikurikira » -
Umuryango IBUKA wasabye ko Antony Blinken avuguruza imvugo ipfobya Jenoside
Umuryango IBUKA urengera inyungu z’abacitse ku icumu rya Jenoside yakorewe Abatutsi, wandikiye ibaruwa Antony Blinken ushinzwe ububanyi n’amahanga bwa Leta…
Soma ibikurikira » -
Iran yaburijemo igitero cya drones za Israel
Ingabo za Iran zikorera mu birindiro bya Asfanah biri mu bilometero 440 uvuye mu Murwa Mukuru, Tehran, zaburijemo igitero cy’indege…
Soma ibikurikira » -
Inteko y’umutekano ya ONU igiye gutorera kwinjiza Palestina iherutse kubisaba
Inteko ishinzwe umutekano kw’isi ya ONU, yiteguye gutora kuri uyu wa gatanu ku busabe bw’abanyepalestina bwo kuba umunyamuryango wuzuye. Ni…
Soma ibikurikira » -
Nyaruguru: Batatu bapfiriye mu nzu yabahirimyeho
Abantu batanu bo mu Karere ka Nyaruguru mu Murenge wa Rusenge bagwiriwe n’inzu, batatu muri bo bahita bitaba Imana. Byabereye…
Soma ibikurikira » -
Umuherwe Rujugiro Tribert yitabye Imana
Umunyemari Rujugiro Ayabatwa Tribert yapfuye. Amakuru dukesha Igihe.com avuga ko kugeza ubu hataramenyekana icyateye urupfu rwe. Uyu mugabo wapfuye ku…
Soma ibikurikira » -
Rulindo: Insoresore zanobye Mudugudu zimukura amenyo
Insoresore eshanu zo mu Karere ka Rulindo zihereranye Umukuru w’Umudugudu ziramukubita zimukura anenyo ndetse zimwaka Telefone n’inkweto yari yambaye. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Umukozi wa ISCO yirashe nyuma yo gushinja umugore we kuryamana n’umukozi we
Umukozi wa kompanyi ya ISCO wanabaye umusirikare w’u Rwanda bikekwa ko yirashe bitewe nuko umukozi we yamurongoreye umugore Amakuru y’urupfu…
Soma ibikurikira » -
UK:Abadepite banze impinduka z’abasenateri ku mushinga w’itegeko ry’abimukira
Abadepite bo mu Bwongereza banze impinduka zose ku mushinga w’itegeko ujyanye n’u Rwanda zari zakozwe n’abasenateri, mu gihe ibintu bikomeje…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwabaye urwa 1 ku isi ruhigika DRC mu kohereza Coltan nyinshi mu mahanga.
U Rwanda rwaje ku isonga ku isi nk’igihugu cyohereje Coltan nyinshi mu mahanga mu 2023, akaba ari ku nshuro ya…
Soma ibikurikira »