Raporo nshya yagarutse ku mikoranire yeruye ya FARDC na FDLR
Raporo nshya itavugwaho rumwe y’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yashyize ahabona imikoranire y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe irimo FDLR (...)
Raporo nshya itavugwaho rumwe y’Itsinda ry’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yashyize ahabona imikoranire y’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’imitwe irimo FDLR (...)
Harabura iminsi irindwi gusa ngo u Rwanda rwinjira mu gikorwa gikomeye cy’ibarura rusange ry’abaturage n’imiturire rya 2022, rizaba ari irya gatanu ribayeho mu gihugu kuva mu (...)
Ubushinwa burimo gutangira imyiyereko ya gisirikare ya mbere ikomeye cyane mu nyanja zikikije Taiwan, nyuma yuko umukuru w’inteko ishingamategeko y’Amerika Nancy Pelosi akoreye (...)
Abantu batanu bamaze gupfira mu myigaragambyo irimo ibikorwa bikomeje byo gutwika no gusahura ibigo bya MONUSCO mu mujyi wa Goma, nk’uko abategetsi babivuga. Umuvugizi wa (...)
Umukuru w’akanama k’iperereza k’Uburusiya yavuze ko bwareze abasirikare 92 bo mu ngabo za Ukraine ibyaha byibasiye inyokomuntu (ikiremwamuntu). Alexander Bastrykin yabwiye (...)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, Albert Shingiro, yatangaje ko yizeye ko u Rwanda ruzageraho rukemera gutanga abakekwaho uruhare mu kugerageza guhirika ubutegetsi mu (...)
Urukiko rwo muri Suwede (Sweden) ku wa Gatanu tariki 22 Nyakanga 2022, rwahanishije igifungo cya burundu no kugarurwa mu Rwanda, Uwizeye Jean nyuma yo guhamwa n’icyaha cyo (...)
Intumwa ziyobowe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahaga b’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zahuriye i Luanda muri Angola, mu biganiro bigamije gucoca ibibazo (...)
Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwatangiye kumva mu mizi urubanza rwa Béatrice Munyenyezi ukurikiranyweho ibyaha bya jenoside. Ubushinjacyaha bwamushinje kwica abatutsi n’uruhare (...)
Tariki ya 16 Nyakanga 2022, Kaminuza y’u Rwanda [UR] yahawe ubuyobozi bushya. Dr Didas Kayihura Muganga yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Agateganyo mu gihe Dr Raymond Ndikumana (...)
Abantu batanu bamaze gupfira mu myigaragambyo (...)
Umukuru w’akanama k’iperereza k’Uburusiya yavuze (...)
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Burundi, (...)
© Copyright 2020, All Rights Reserved