Amasezerano 10 y’ubufatanye yasinwe hagati ya Kenya n’u Rwanda
U Rwanda na Kenya byasinyanye amasezerano 10 agamije ubufatanye mu ngeri zirimo uburezi, ikoranabuhanga, ubuhinzi n’izindi, aho ibihugu byombi biyitezemo ko azarushaho guteza imbere abaturage babyo.
Ni amasezerano yasinywe mu ruzinduko Perezida William Ruto wa Kenya yagiriye mu Rwanda, rwa mbere kuva yatorerwa kuyobora igihugu cye mu mwaka ushize.
Amasezerano yasinywe ari mu ngeri zirimo ubufatanye mu bijyanye n’amagororero, ajyanye n’amahugurwa mu bya dipolomasi, ajyanye n’ikoranabuhanga, ajyanye n’ubuzima, ajyanye n’urubyiruko n’ayo guteza imbere amakoperative.
Yasinywe na ba Minisitiri b’Ububanyi n’Amahanga, uw’u Rwanda Dr Vincent Biruta n’uwa Kenya, Dr Alfred Nganga Mutua.
Minisitiri w’Uburezi mu Rwanda, Dr Uwamariya Valentine na mugenzi we wa Kenya, Ezekiel Machogu Ombaki basinyanye amasezerano y’imikoranire mu burezi mu gihe Minisitiri w’Ubuhinzi, Dr Ildephonse Musafili hamwe na mugenzi we wa Kenya, Franklin Mithika Linturi, basinye amasezerano mu bijyanye n’ubuhinzi.
Minisitiri w’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, Prof Jeannette Bayisenge na mugenzi we wa Kenya, Aisha Jumwa Karisa Katana, basinye ajyanye no guteza imbere uburinganire.
Perezida Kagame yavuze ko mu myaka myinshi ishize, u Rwanda na Kenya byubatse umubano ukomeye, ndetse uruzinduko rw’uyu munsi, rushimangira ubwo bushuti.
Ati “Tumaze gukurikira isinywa ry’amasezerano mu ngeri z’ingenzi nk’ikoranabuhanga, ubuzima, uburezi, urubyiruko n’ubuhinzi. Izi ngeri nshya z’ubufatanye zizatuma turushaho gukorana. Twishimiye ko u Rwanda ari mu rugo ku muryango mugari w’abanyakenya. Dushima umusanzu wabo ku iterambere ryacu.”
Perezida Kagame yavuze ko yizeye ubufatanye buri hagati y’ibihugu byombi, bushobora gutuma urubyiruko rubasha kunguka ubumenyi, rugahanga ibishya kandi rukabasha guhatana ku isoko.
Perezida Ruto yashimye mugenzi we w’u Rwanda wamutumiye ngo asure u Rwanda, avuga ko bagiranye ibiganiro birenga ibihugu byombi, akarere ahubwo biri mu nyungu z’umugabane muri rusange.
Ruto yavuze ko amasezerano yasinywe azatuma ibihugu byombi bisangira ubunararibonye, ku buryo nko mu bijyanye n’ikoranabuhanga hashobora kubakwa irishobora gutuma hatangwa inguzanyo n’ibindi.
Yatanze urugero ku masezerano mu bijyanye n’ubuzima, avuga ko akubiyemo ubufatanye hagati y’ibitaro bikuru byo mu Rwanda n’ibyo muri Kenya.
Ati “Hazabaho ubufatanye hagati y’ibitaro byacu bibiri by’icyitegererezo. Ibitaro binini by’icyitegererezo mu Rwanda hamwe n’ibyo muri Kenya, ku buryo habaho guhanahana ubunararibonye, ubushobozi aho biri ngombwa.”
Perezida Kagame yavuze ko hari izindi ngeri nyinshi ibihugu byombi bizakomeza gufatanyamo, bihanahana ubunararibonye.
Yaboneyeho gushimira Abanya-Kenya baba mu Rwanda ku bw’umusanzu wabo mu iterambere ry’igihugu. Ati “Twishimiye ko bari hano, hari ibintu byinshi bari gukora, kandi ibyo bakora ku giti cyabo ni ingirakamaro ku Rwanda n’Abanyarwanda.”
Yavuze ko bamwe muri bo ari Abarimu, urwego igihugu gifitemo ubushobozi buke yaba mu mubare no mu byo abarukoraho batanga nk’umusaruro. Yashimye abakora mu nzego z’ubuzima n’iz’ubukerarugendo.
Ati “Bazibye icyuho mu nzego zacu, kubera aho twavuye…bamaze igihe hano, batangiye kuza hano mu myaka ya 2000 cyangwa se mbere yaho gato, icyo gihe nta bushobozi twari dufite mu nzego izo arizo zose, rero Abanya-Kenya cyane cyane n’abandi baturage bo muri EAC, baje hano gukora ibyo bazi, babyungukiramo natwe tubyungukiramo. Ni byo rero bikubiye muri aya masezerano n’umubano uri hagati y’ibihugu byombi.”
Kenya ifite ishoramari ryinshi mu Rwanda mu ngeri zitandukanye. Nko mu burezi, ifite Kaminuza ya Mount Kenya, mu itangazamakuru hari ibigo bikomeye nk’ibinyamakuru nka Rwanda Today, The East African, Royal FM na Kiss FM.
Mu rwego rw’amabanki, Banki y’Abaturage isigaye iri mu maboko y’Abanyakenya nyuma yo kugurwa na KCB, hari kandi na Equity Bank, GT Bank, I&M Bank n’izindi.
Hari ibindi bigo nka Britam bitanga serivisi z’ubwishingizi ndetse mbere y’uko UAP igurwa na Old Mutual nayo yari ishoramari ry’Abanyakenya mu Rwanda.
Mu bigo by’ubukerarugendo hari Serena Hotel n’ibindi.
Igihe.com




The Aviator game is still among the most played games by Pakistani people. Before a plane takes off, players place bets and cash out before it flies away. With potential multipliers of 100x or even higher, this high-adrenaline game is a mix of strategy and risk. With the wallet dashboard, you can: Your bonuses for the first deposit The Aviator game is still among the most played games by Pakistani people. Before a plane takes off, players place bets and cash out before it flies away. With potential multipliers of 100x or even higher, this high-adrenaline game is a mix of strategy and risk. Your bonuses for the first deposit Your bonuses for the first deposit The Astronaut Crash Game, also known as a ”multiplier” or ”crash” game, belongs to a category of online casino games that emphasize quick decision-making and risk management. The core principle involves an object, in this case, an astronaut, taking off on a trajectory, with an increasing multiplier applied to the player’s initial bet. The multiplier typically starts at 1x and can potentially climb to impressive heights. The challenge lies in cashing out before the astronaut ”crashes,” at which point the game ends, and any player who hasn’t cashed out loses their bet.
https://www.bijouxsunset.com/big-bass-bonanza-review-reel-in-big-wins-at-uk-casinos/
Playing these types of games whilst on the move is pretty standard these days. Most casinos offer some form of mobile gaming so that you can enjoy the luxury of having a quick flutter no matter where you are! Slotozilla can help you find casinos that let you play for pennies but which also have a great combination of mobile support and bonuses: Absolutely! This slot game is designed to be mobile-friendly, enabling players to enjoy spins on smartphones and tablets seamlessly. The RTP, or player payout, is the amount you can expect to get back for every bet you make on a slot machine. Penny slots are known for having a lower RTP compared to other slots, with an average range of 85-95%. This means that for every $100 you wager on a penny slot, you can expect to lose $15-5 on average. However, at our casino, you can expect an RTP of no less than 97.5%, which means you’ll only lose an average of $2.50 for every $100 you bet. Come and try our slots for a better chance of winning!
Als je alleen Mission Uncrossable speelt, kun je soms verkeerde beslissingen nemen en in een routine vallen die fataal kan zijn. Volgens de specialisten van Roundme kan het interessant zijn om ook naar andere originele spellen op het platform te kijken, zoals: Crash, Plinko, Dice, Mines, Towers, Coinflip, Roulette of Snoop’s Hotbox. Dit helpt je om je hoofd leeg te maken en terug te keren naar Mission Uncrossable onder de beste omstandigheden! Roobet biedt meer dan 6.300 spellen aan, dus profiteer ervan. De marge toegepast door Roobet heeft slechts een minimale invloed op de theoretische winkansen in Mission Uncrossable. Als voorbeeld, je hebt 67.13 % kans om de vermenigvuldiger x1.43 te winnen met onze marge, en theoretisch 69.93 %. We willen volledig transparant zijn en je de werkelijke cijfers in Mission Uncrossable tonen, zodat je niet verrast wordt.
https://shildy.com.ua/diepgaande-review-van-sugar-rush-door-pragmatic-play-voor-belgische-spelers/
Roobet’s Mission Uncrossable heeft al de aandacht getrokken van een breed scala aan gokkers. Streams en video’s van het spel verzamelen miljoenen views op Youtube, TikTok en andere sociale platforms. Roobet’s product heeft een enorm potentieel en zou de beste vertegenwoordigers van het crash-slots genre wel eens kunnen overtreffen. We zijn enthousiast over Roobet’s Crossy Road gokspel, dat de aandacht trekt met zijn unieke draai aan een klassiek concept. Dit spel is geïnspireerd op de populaire arcadehit met dezelfde naam en brengt een nostalgisch tintje naar online gokken met zijn charmante graphics en bekende thema van het leiden van een kip over een drukke weg. Het is geen verrassing dat Crossy Road, ook bekend als Mission Uncrossable, een grote aanhang heeft gekregen onder spelers die houden van een mix van retro plezier en spannende casino actie.