Andi Makuru

Abafashe Telephone ku ideni muri gahunda ya Macye Macye barubiye kubera gutenguhwa.

Bamwe mu baturage bafashe ama telephones ku nguzanyo yishyurwa buhoro buhoro muri gahunda yiswe Macye Macye y’ikigo cyitwa Intelligra, barasaba Leta guhagarika iki kigo kugeza gishyize imikorere yacyo mu murongo muzima kuko ubu bagishinja kubiba amafaranga gikura kuri konti zabo za MoMo mu buryo budasobanutse.

Abaganiriye na BTN TV bayigaragarije agahinda gakomeye batewe n’ibyo bita umuruho wo kwibwa amafaranga n’iyi kompanyi yitwa Intelligra yabahaye Telephone. Bemeza ko bahuriye ku kibazo cyo gukurwaho amafaranga kuri MoMo kandi nta deni bafitiye iyi Kompanyi kuko baba buzaza inshingano zabo zo kwishyura neza uko babyumvikanye ariko bagatungurwa nuko bakurirwaho amafaranga, rimwe na rimwe bakanafungirwa Telephone.

Abagaragaye mu mashusho ya BTN bari bahuriye ku cyicaro cy’iyi kompanyi basaba gusubizwa amafranga yabo wenda bakanasubiza izo telephone bemeza ko batakishimiye na busa ariko kandi bashimangira ko ikibabaje cyane ari uko ubuyobozi bw’iyo kompanyi budashaka kubavugisha ndetse bubasiragiza ku cyicaro cyayo nta muti butanga kuri iki kibazo.

Umwe yagize ati”iyi gahunda yaje ije gufasha abaturage, ariko uyu munsi ntacyo bitumariye ahubwo ni stress ni ibihombo gusa. Ntekereza ko n’abayobozi batuyoboye iyi systeme bayumvise bakumva ko ari nziza ije gufasha abaturage ariko nabo babyumve ko ubu turarushye. Njye ndashishikariza abantu bose utarajya muri Macye Macye abyihorere rwose.”

Undi yagize ati”kuva nayifata nta deni nari mbafitiye ariko bankuyeho ibihumbi 78,800 barabitwara kandi nta deni mbafitiye.”

Ikibazo nyamukuru aba baturage basobanura ko iyi kompanyi ya intelligra yishyuza abantu yahaye telephone inshuro nyinshi mu kwezi kandi ntinabamenyeshe umwenda bamaze kwishyura n’uwo basigajemo. Ibi byiyongera ku gufungira abantu telephone kandi nyamara batarananiwe kwishyura, ibyo byose bigatuma benshi basiragizwa ubutitsa ku biro byiyi kompanyi dore ko banavuga ko nta n’umurongo wa telephone wo gufasha abakiliya bayo igira.

Ubusanzwe gahunda ya Macye Macye ni gahunda ifasha abaturage gutunga Telephone bifuza ariko bakayishyura mu byiciro mu gihe cy’umwaka umwe basabwe gusa gutanga nimero ya telephone n’iy’irangamuntu. Intelligra yo yungukira ku guha abayigana Telephone ku giciro gihanitse kugira ngo nabo babonemo inyungu.

Iyi gahunda yashimwe n’inzego zitandukanye z’igihugu zirimo na minisiteri y’ikoranabuhanga kuva muri 2022 yashyigikiye iyi gahunda ishaka kugeza telephone zigezweho kubanyarwanda benshi bigenri zose muri program yiswe Connect Rwanda yari igamije kongera umubare w’abatunze telephone zigezweho.

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 26

  1. Мне понравился объективный подход автора, который не пытается убедить читателя в своей точке зрения.

  2. Автор статьи представляет различные точки зрения и факты, не выражая собственных суждений.

  3. Your style is really unique in comparison to other people I’ve read stuff from. I appreciate you for posting when you’ve got the opportunity, Guess I will just book mark this web site.

  4. Greetings I am so thrilled I found your blog page, I really found you by accident, while I was searching on Bing for something else, Anyhow I am here now and would just like to say cheers for a incredible post and a all round thrilling blog (I also love the theme/design), I don’t have time to browse it all at the minute but I have saved it and also included your RSS feeds, so when I have time I will be back to read much more, Please do keep up the fantastic work.

  5. Nice weblog here! Additionally your website a lot up fast! What host are you the use of? Can I get your affiliate hyperlink in your host? I desire my site loaded up as quickly as yours lol

  6. Hi! This is my first visit to your blog! We are a collection of volunteers and starting a new initiative in a community in the same niche. Your blog provided us valuable information to work on. You have done a extraordinary job!

  7. Please let me know if you’re looking for a article author for your weblog. You have some really great posts and I think I would be a good asset. If you ever want to take some of the load off, I’d really like to write some material for your blog in exchange for a link back to mine. Please shoot me an e-mail if interested. Kudos!

  8. You are so cool! I don’t suppose I’ve read a single thing like this before. So great to find somebody with genuine thoughts on this subject. Really.. thanks for starting this up. This web site is one thing that is needed on the internet, someone with a little originality!

  9. I was recommended this blog through my cousin. I am now not sure whether or not this submit is written through him as no one else recognize such exact approximately my difficulty. You are incredible! Thanks!

  10. With havin so much written content do you ever run into any problems of plagorism or copyright infringement? My site has a lot of completely unique content I’ve either created myself or outsourced but it seems a lot of it is popping it up all over the web without my authorization. Do you know any techniques to help prevent content from being ripped off? I’d definitely appreciate it.

  11. Hey! Quick question that’s completely off topic. Do you know how to make your site mobile friendly? My web site looks weird when viewing from my apple iphone. I’m trying to find a theme or plugin that might be able to correct this issue. If you have any recommendations, please share. Cheers!

  12. Do you mind if I quote a couple of your articles as long as I provide credit and sources back to your blog? My website is in the exact same niche as yours and my visitors would really benefit from a lot of the information you present here. Please let me know if this okay with you. Cheers!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button