Andi Makuru

DRC-Rwanda: Ingabo z’ibihugu byombi ‘zarasanye’ ku mupaka wa Rusizi

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi bakarasa ku ruhande rw’u Rwanda.

Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu y’epfo yabwiye BBC Gahuzamiryango ko uko kurasana ntakwabayeho.

Itangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ibyo byabaye saa 4h30 z’igitondo ubwo ingabo za DR Congo zinjiraga mu mwanya wo hagati y’ibihugu byombi uba uri ku mupaka uzwi nka ‘No man’s land’.

Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko cyasubije amasasu y’abo basirikare ba DR Congo “bagasubira inyuma” kandi ko nta muntu wo ku ruhande rw’ingabo z’u Rwanda wagize icyo aba.

Igisirikare cy’u Rwanda kandi ko ingabo za DRC zagarutse saa 5h54 maze “zigahanagura aho hantu”.

Lieutenant Marc Elongo uvugira ingabo za DR Congo muri Kivu y’Epfo yabwiye BBC ati: “Ayo makuru ntabwo ariyo, ibyo bintu ntabyabaye…nta kintu cyabaye.”

Igisirikare cy’u Rwanda gisaba amatsinda y’ubugenzuzi ku bikorwa by’umutekano mucye ku mipaka y’ibi bigugu kuza agakora iperereza kuri “iki gikorwa cy’ubushotoranyi”.

Umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ukomeje gututumba mu gihe ubutegetsi bwa DR Congo bushinja ubw’u Rwanda gufasha umutwe wa M23.

M23 imaze kwigarurira 80% bya teritwari ya Rutshuru, nk’uko MONUSCO ibivuga, hamwe n’ibice bimwe bya teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya ruguru.

Biteganyijwe ko ba perezida b’ibi bihugu kuwa gatanu bazahurira i Addis Ababa hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’akarere kuganira kuri aya makimbirane, nk’uko ministiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo aheruka kubitangariza abanyamakuru.

BBC

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 100

  1. How may perhaps social media structures guide make bigger visibility surrounding neighborhood initiatives advocating cheap housing features advertising inclusivity quickly related communities surrounding current Loft complexes increasing underst loft

  2. Hi, I do believe this is a great web site. I stumbledupon it 😉 I may return yet again since i have bookmarked it. Money and freedom is the greatest way to change, may you be rich and continue to guide other people.|

  3. This is the perfect webpage for anybody who hopes to understand this topic. You know a whole lot its almost tough to argue with you (not that I actually will need to…HaHa). You certainly put a new spin on a topic that has been written about for a long time. Wonderful stuff, just excellent.

  4. With some manufacturers incorporating smart technology features lately which innovations specifically inspire excitement among community members formed around discussing future potentials concerning advancements projected over coming years ahead —where dishwashers

  5. My brother suggested I would possibly like this blog. He was totally right. This submit truly made my day. You can not believe simply how so much time I had spent for this information! Thank you!|

  6. There are actually plenty of particulars like that to take into consideration. That could be a nice level to bring up. I offer the ideas above as common inspiration however clearly there are questions just like the one you carry up where a very powerful thing will likely be working in trustworthy good faith. I don?t know if greatest practices have emerged around things like that, however I am certain that your job is clearly recognized as a fair game. Each boys and girls feel the impact of just a moment’s pleasure, for the remainder of their lives.

  7. Hi! This post could not be written any better!

    Reading this post reminds me of my previous room mate!
    He always kept talking about this. I will forward this write-up to him.
    Pretty sure he will have a good read. Thank you for sharing!

  8. Thank you for laying off gentle on caregiver burnout—so many families don’t recognize how uncomplicated it truly is. Taking a brief ruin could make the complete distinction for both the caregiver and their enjoyed one find this

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button