Andi Makuru

DRC-Rwanda: Ingabo z’ibihugu byombi ‘zarasanye’ ku mupaka wa Rusizi

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi bakarasa ku ruhande rw’u Rwanda.

Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu y’epfo yabwiye BBC Gahuzamiryango ko uko kurasana ntakwabayeho.

Itangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ibyo byabaye saa 4h30 z’igitondo ubwo ingabo za DR Congo zinjiraga mu mwanya wo hagati y’ibihugu byombi uba uri ku mupaka uzwi nka ‘No man’s land’.

Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko cyasubije amasasu y’abo basirikare ba DR Congo “bagasubira inyuma” kandi ko nta muntu wo ku ruhande rw’ingabo z’u Rwanda wagize icyo aba.

Igisirikare cy’u Rwanda kandi ko ingabo za DRC zagarutse saa 5h54 maze “zigahanagura aho hantu”.

Lieutenant Marc Elongo uvugira ingabo za DR Congo muri Kivu y’Epfo yabwiye BBC ati: “Ayo makuru ntabwo ariyo, ibyo bintu ntabyabaye…nta kintu cyabaye.”

Igisirikare cy’u Rwanda gisaba amatsinda y’ubugenzuzi ku bikorwa by’umutekano mucye ku mipaka y’ibi bigugu kuza agakora iperereza kuri “iki gikorwa cy’ubushotoranyi”.

Umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ukomeje gututumba mu gihe ubutegetsi bwa DR Congo bushinja ubw’u Rwanda gufasha umutwe wa M23.

M23 imaze kwigarurira 80% bya teritwari ya Rutshuru, nk’uko MONUSCO ibivuga, hamwe n’ibice bimwe bya teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya ruguru.

Biteganyijwe ko ba perezida b’ibi bihugu kuwa gatanu bazahurira i Addis Ababa hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’akarere kuganira kuri aya makimbirane, nk’uko ministiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo aheruka kubitangariza abanyamakuru.

BBC

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 105

  1. Have you ever considered writing an ebook or guest authoring on other
    blogs? I have a blog based on the same topics you discuss and would love to have you share some stories/information. I know my audience would value your work.
    If you’re even remotely interested, feel free to shoot me an email.

  2. คอนเทนต์นี้ อ่านแล้วได้ความรู้เพิ่ม ครับ
    ดิฉัน เพิ่งเจอข้อมูลเกี่ยวกับ หัวข้อที่คล้ายกัน
    ดูต่อได้ที่ betflix19
    น่าจะถูกใจใครหลายคน
    เพราะให้ข้อมูลเชิงลึก
    ขอบคุณที่แชร์ เนื้อหาดีๆ นี้
    จะรอติดตามเนื้อหาใหม่ๆ ต่อไป

  3. I’ve been searching for asuper knowledgeable Realtor in St Augustine and Shelby Hodges Group undoubtedly stands out in St Augustine. Their local proficiency, responsiveness, and performance history made my home search a lot smoother realtor

  4. KK55 đang vươn lên mạnh mẽ như một biểu tượng mới trong
    làng giải trí trực tuyến, định hình lại chuẩn mực về một sân chơi an toàn, minh bạch và đẳng cấp quốc tế.

    Không chỉ sở hữu kho game đồ sộ, thương hiệu còn chinh phục
    cộng đồng cược thủ nhờ tốc độ giao dịch “thần tốc”,
    bảo mật tuyệt đối và dịch vụ chăm sóc khách hàng tận tâm chuẩn 5 sao.

    Link vào KK55 mới cập nhật tháng 1/2026: https://figa.us.com/

  5. This is really interesting, You are a very skilled blogger. I’ve joined your rss feed and look forward to seeking more of your great post. Also, I have shared your web site in my social networks!
    byueuropaviagraonline

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button