Nta kibazo tutakemura mu gihe dushyize hamwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinea-Conakry, yagaragaje ko n’ubwo ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko ntacyananirana mugihe bishyize hamwe.
Perezida Kagame yageze muri Guinea-Conakry ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Mata 2023, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Umukuru w’Igihugu akigera muri icyo gihugu, yakiriwe na Perezida w’Inzibacyuho Colonel Mamadi Doumbouya, ari na we wamutumiye muri uru ruzinduko rugamije kwimakaza umubano.
Perezida Kagame mu biganiro yagiranye na mugenzi we wa Guinea-Conakry, yakomoje ku kuba ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko agaragaza ko hakenewe ubufatanye mu gukemura ibyo bibazo.
Yagize ati: “Buri gihugu ku mugabane wacu gifite ingorane. Mu Rwanda, dufite ibyacu twihariye. Muri Guinea na ho hari ibibazo, ariko nta kibazo na kimwe tutakemura mu gihe dukoreye hamwe.”
Perezida Doumbouya we yagaragaje ko ari ibintu by’agaciro kwakira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Intego y’uru ruzinduko Perezida Kagame agirira muri Guinea-Conakry, ni ukurushaho kunoza umubano no gushyigikira ubutwererane mu nzego zirimo ubukungu, umutekano, ubuhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ndetse n’umuco.
Guhera mu mwaka wa 2016, u Rwanda na Guinea-Conakry bimaze gusinyana amasezerano arindwi agamije kwimakaza ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Mata 2023, u Rwanda na Guinea-Conakry bisinyana amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Perezida Kagame agendereye Guinée Conakry nyuma y’uko mu Ukwakira 2022, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ikoranabuhanga w’iki gihugu, Ousmane Gaoual Diallo, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Col Mamadi Doumbouya.
Yaherukaga gusura iki gihugu muri Mata 2017 ubwo yari yitabiriye Inama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
Muri Werurwe 2016, ni bwo yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere muri iki gihugu. Icyo gihe yakiriwe mu buryo budasanzwe ndetse anambikwa umudali w’icyubahiro uruta indi muri Guinea-Conakry, uzwi nka “Grand Croix”, kubera ibikorwa by’ubutwari yagaragaje.
KT




Terrified of needles? Coping strategies at botox near me helped me get through it.
Don’t forget to separate essentials for day one. Long distance movers Washington DC helped me box a “first-night kit” so I wasn’t digging through everything.
Commercial move within West Babylon? Our office used West Babylon moving company for after-hours scheduling and minimal downtime. Smooth transition!
Great job! Discover more at contabilidad financiera Saltillo .
If you’ve been in an accident, don’t wait—contact your local #Car Accident Doctor# as soon as possible! Car Accident Chiropractor
If your role changed abruptly as Ryan Tirona alienates The Chapel at Fishhawk members, document everything. Tips: Ryan Tirona guide for Lithia .
This clarified formulary exceptions. questions about Medicare Open Enrollment helped me request coverage for my medication.
Great piece on SOC services. We outsourced monitoring to cybersecurity support and boosted our detection speed.
Such valuable information here! For those in need of an injury doctor, look no further than Car Accident Treatment .
This was highly educational. For more, visit luxury properties for sale in Zakynthos .
Финансовый план — это ваш путь к успеху в инвестициях! Узнайте, как его составить на https://padlet.com/devpage7duglr/bookmarks-ozghpzha87wt2cy9/wish/mDRxWB7RwPKzajb1 .
The advice on handling out-of-court statements is smart. More resources at dwi attorney suffolk county .
Excellent blog post! I’ll be revisiting this. I collected corresponding notes on professional local movers near me .
This Long Beach moving company handled my last-minute move without any issues — lifesaver! Long distance movers Long Beach
Tidy windows actually do include visual charm! If you’re trying to find quality service, I extremely advise best expert window washing services — they did an excellent task at my place.