Nta kibazo tutakemura mu gihe dushyize hamwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinea-Conakry, yagaragaje ko n’ubwo ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko ntacyananirana mugihe bishyize hamwe.
Perezida Kagame yageze muri Guinea-Conakry ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Mata 2023, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Umukuru w’Igihugu akigera muri icyo gihugu, yakiriwe na Perezida w’Inzibacyuho Colonel Mamadi Doumbouya, ari na we wamutumiye muri uru ruzinduko rugamije kwimakaza umubano.
Perezida Kagame mu biganiro yagiranye na mugenzi we wa Guinea-Conakry, yakomoje ku kuba ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko agaragaza ko hakenewe ubufatanye mu gukemura ibyo bibazo.
Yagize ati: “Buri gihugu ku mugabane wacu gifite ingorane. Mu Rwanda, dufite ibyacu twihariye. Muri Guinea na ho hari ibibazo, ariko nta kibazo na kimwe tutakemura mu gihe dukoreye hamwe.”
Perezida Doumbouya we yagaragaje ko ari ibintu by’agaciro kwakira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Intego y’uru ruzinduko Perezida Kagame agirira muri Guinea-Conakry, ni ukurushaho kunoza umubano no gushyigikira ubutwererane mu nzego zirimo ubukungu, umutekano, ubuhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ndetse n’umuco.
Guhera mu mwaka wa 2016, u Rwanda na Guinea-Conakry bimaze gusinyana amasezerano arindwi agamije kwimakaza ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Mata 2023, u Rwanda na Guinea-Conakry bisinyana amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Perezida Kagame agendereye Guinée Conakry nyuma y’uko mu Ukwakira 2022, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ikoranabuhanga w’iki gihugu, Ousmane Gaoual Diallo, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Col Mamadi Doumbouya.
Yaherukaga gusura iki gihugu muri Mata 2017 ubwo yari yitabiriye Inama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
Muri Werurwe 2016, ni bwo yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere muri iki gihugu. Icyo gihe yakiriwe mu buryo budasanzwe ndetse anambikwa umudali w’icyubahiro uruta indi muri Guinea-Conakry, uzwi nka “Grand Croix”, kubera ibikorwa by’ubutwari yagaragaje.
KT




Slipped at a grocery shop last month and learned quickly how problematic premises legal responsibility is also. A Slip & Fall Lawyer Woodland Hills can investigate surveillance, incident reports, and threat logs to turn out negligence maps.google.com
1. Man, that third quarter was rough. Our defense just totally disappeared for like 10 minutes. BUT… the way the offense stepped up in the last few minutes? THAT was some solid hustle. We gotta clean up those blown coverages though.
2 website
Removing logo backgrounds can be deceptively tricky—especially when you’re aiming for that crisp, clean edge every designer dreams of how to remove white background from image
1. Oh man, I totally get what you said about personalization in outreach emails. I once sent out like 50 generic emails and got zero replies https://www.4shared.com/s/fAzdEaX1Nfa
Gaming chairs get all the hype, but honestly, comfort is far more about the whole setup than just the throne you sit on Helpful site
Does an individual have guidance on protecting fragile items trustworthy interior their checked bags?? I’ve had a few poor studies beforehand and would really like guidance!! # # anyKeyWord # # https://www.reliquia.net/user-294706.html
1. Between you and me, I’ve given adaptive cruise control a proper go on the motorway, and while it’s handy, it definitely isn’t a substitute for having your wits about you. Anyone else found it gets a bit jittery in stop-start traffic?
2 achieving synergy by integrating models
you’re actually a excellent webmaster. The website loading pace
is incredible. It seems that you are doing any unique trick.
Also, The contents are masterpiece. you’ve done a excellent process on this subject!
I completely agree that ad relevance and landing page experience are crucial. We’ve seen better Quality Scores using structured testing. More tips like these at PPC Agency .