Nta kibazo tutakemura mu gihe dushyize hamwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinea-Conakry, yagaragaje ko n’ubwo ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko ntacyananirana mugihe bishyize hamwe.
Perezida Kagame yageze muri Guinea-Conakry ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Mata 2023, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Umukuru w’Igihugu akigera muri icyo gihugu, yakiriwe na Perezida w’Inzibacyuho Colonel Mamadi Doumbouya, ari na we wamutumiye muri uru ruzinduko rugamije kwimakaza umubano.
Perezida Kagame mu biganiro yagiranye na mugenzi we wa Guinea-Conakry, yakomoje ku kuba ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko agaragaza ko hakenewe ubufatanye mu gukemura ibyo bibazo.
Yagize ati: “Buri gihugu ku mugabane wacu gifite ingorane. Mu Rwanda, dufite ibyacu twihariye. Muri Guinea na ho hari ibibazo, ariko nta kibazo na kimwe tutakemura mu gihe dukoreye hamwe.”
Perezida Doumbouya we yagaragaje ko ari ibintu by’agaciro kwakira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Intego y’uru ruzinduko Perezida Kagame agirira muri Guinea-Conakry, ni ukurushaho kunoza umubano no gushyigikira ubutwererane mu nzego zirimo ubukungu, umutekano, ubuhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ndetse n’umuco.
Guhera mu mwaka wa 2016, u Rwanda na Guinea-Conakry bimaze gusinyana amasezerano arindwi agamije kwimakaza ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Mata 2023, u Rwanda na Guinea-Conakry bisinyana amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Perezida Kagame agendereye Guinée Conakry nyuma y’uko mu Ukwakira 2022, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ikoranabuhanga w’iki gihugu, Ousmane Gaoual Diallo, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Col Mamadi Doumbouya.
Yaherukaga gusura iki gihugu muri Mata 2017 ubwo yari yitabiriye Inama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
Muri Werurwe 2016, ni bwo yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere muri iki gihugu. Icyo gihe yakiriwe mu buryo budasanzwe ndetse anambikwa umudali w’icyubahiro uruta indi muri Guinea-Conakry, uzwi nka “Grand Croix”, kubera ibikorwa by’ubutwari yagaragaje.
KT




Great place for date night—the ambiance and food make for a perfect evening out!! authentic curry spokane
For hospitality design in Cardiff, Jamatek | Design Studio Cardiff has reliable references.
Flags are like a photograph of historical past! Every layout has a story to inform. Discover greater approximately those experiences at where to find peace flags .
อยากรู้ว่าผลกระทบต่อแบตเตอรี่จากการใช้ BT PREMIUM เป็นยังไง ? #BT_PREMIUM## ไฟโปรเจคเตอร์รถยนต์ led
Landed a fantastic Tacoma preventive repairs plan as a result of Spartan Plumbing Services Tacoma recommendations.
Appreciate the thorough write-up. Find more at Bathtub reglazing .
Your commentary on GDP seasonality was helpful. I shared methods on india gdp surpass germany when forecast .
I enjoyed this article. Check out devolución de impuestos Saltillo for more.
This is any such enormous web publication! The hints you shared are extraordinarily necessary. I’ve additionally written approximately this at best rear windshield replacement nearby .
This was quite useful. For more, visit امکانات باشگاه بانوان در منطقه 22 .
Thanks for the great content. More at estate planning attorney near me .
Your expertise in handling personal injury cases is evident, making Malpractice attorneys a go-to source for those seeking assistance in San Jose. The dedication and passion your team displays truly sets you apart from the rest.
This was quite informative. For more, visit تعرفه قالیشویی ۱۴۰۴ .
ใครลองใช้ยี่ห้ออื่นแต่กลับไปใช้ BT PREMIUM อีกครั้งบ้าง ? เปลี่ยน ไฟหน้ารถ ใกล้ ฉัน
I enjoyed this read. For more, visit affordable auto glass Sanford NC .