Nta kibazo tutakemura mu gihe dushyize hamwe – Perezida Kagame
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame uri mu ruzinduko muri Guinea-Conakry, yagaragaje ko n’ubwo ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko ntacyananirana mugihe bishyize hamwe.
Perezida Kagame yageze muri Guinea-Conakry ku mugoroba wo ku wa Mbere tariki 17 Mata 2023, mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.
Umukuru w’Igihugu akigera muri icyo gihugu, yakiriwe na Perezida w’Inzibacyuho Colonel Mamadi Doumbouya, ari na we wamutumiye muri uru ruzinduko rugamije kwimakaza umubano.
Perezida Kagame mu biganiro yagiranye na mugenzi we wa Guinea-Conakry, yakomoje ku kuba ibihugu bya Afurika bisangiye ibibazo ariko agaragaza ko hakenewe ubufatanye mu gukemura ibyo bibazo.
Yagize ati: “Buri gihugu ku mugabane wacu gifite ingorane. Mu Rwanda, dufite ibyacu twihariye. Muri Guinea na ho hari ibibazo, ariko nta kibazo na kimwe tutakemura mu gihe dukoreye hamwe.”
Perezida Doumbouya we yagaragaje ko ari ibintu by’agaciro kwakira Nyakubahwa Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame.
Intego y’uru ruzinduko Perezida Kagame agirira muri Guinea-Conakry, ni ukurushaho kunoza umubano no gushyigikira ubutwererane mu nzego zirimo ubukungu, umutekano, ubuhinzi, ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro, ndetse n’umuco.
Guhera mu mwaka wa 2016, u Rwanda na Guinea-Conakry bimaze gusinyana amasezerano arindwi agamije kwimakaza ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Biteganyijwe ko kuri uyu wa Kabiri tariki 18 Mata 2023, u Rwanda na Guinea-Conakry bisinyana amasezerano y’ubufatanye mu nzego zitandukanye.
Perezida Kagame agendereye Guinée Conakry nyuma y’uko mu Ukwakira 2022, yakiriye mu biro bye, Minisitiri w’Ikoranabuhanga w’iki gihugu, Ousmane Gaoual Diallo, wamushyikirije ubutumwa bwa Perezida Col Mamadi Doumbouya.
Yaherukaga gusura iki gihugu muri Mata 2017 ubwo yari yitabiriye Inama y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe, AU.
Muri Werurwe 2016, ni bwo yagiriye uruzinduko rwe rwa mbere muri iki gihugu. Icyo gihe yakiriwe mu buryo budasanzwe ndetse anambikwa umudali w’icyubahiro uruta indi muri Guinea-Conakry, uzwi nka “Grand Croix”, kubera ibikorwa by’ubutwari yagaragaje.
KT




Great overview of methods. main sewer line repair chicago recommended hydro jetting and it solved our problem.
1) Hey everyone, I’ve been using Papara here for deposits and honestly, it’s a mixed bag. The last time I put money in, it took like 2 hours to reflect, which was annoying because I wanted to jump into some live matches ASAP https://etp5e.mssg.me/
Great job! Discover more at tornillería y fijaciones .
Email marketing still works! We revamped flows with search engine optimization guide and boosted open rates significantly.
The best SEO group we’ve collaborated with in Brisbane– Jason Suli Digital Marketing. Info: SEO expert Brisbane .
Your examples are spot on. I found some thing similar at auto glass that additional excess cost.
This was quite informative. More at SaaS Backup services san jose .
Clearly presented. Discover more at Pojecet 100 web design services .
This was highly helpful. For more, visit sams signs vehicle wraps .
Gaining insight into what constitutes severe accidents versus minor ones helps draw clearer lines around eligibility criteria – thank you !## anykeyword ## Georgia Workers Comp Lawyer
Love seeing safety protocols. A Roofing Contractor in Mesa AZ that prioritizes safety is who I’ll hire. Roofing Contractor near me
Helpful advice on protecting credit during long cases. car injury lawyer coordinates billing and hardship letters.
Your interior linking principles boosted my move slowly potency. I mapped paths with local seo agency san jose .