Andi Makuru

Saa Moya, Isaha nshya ntarengwa yo kuba abantu bageze mu ngo

Nyuma y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 26 Kanama 2020, Itangazo ry’Ibeyemezo byayo ryagaragayemo impinduza ziganisha ku gukaza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko bigaragaye ko imibare y’ubwandu n’abantu bapfa ikomeje kwiyongera, byatumye iyi nama yanzura ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro aho kuba saa tatu kugera saa kumi n’imwe z’igitondo nk’uko byari bimeze.

Muri Kigali niho hakomeje kugaragara umubare munini w’abantu banduye by’umwihariko abakorera mu masoko atandukanye cyane iryo mu Mujyi rwagati rizwi nka Kigali City Market n’iry’i Nyabugogo ahazwi nko kwa Mutangana byanatumye yombi afungwa.

Kuva umurwayi wa mbere wa COVID-19 iterwa n’agakoko gashya ka Coronavirus agaragaye mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, hamaze kuboneka 3625 banduye mu bipimo 383 481, abagera ku 1810 barayikize mu gihe 1800 bakitabwaho n’abaganga naho 15 bitabye Imana.

Iyi nama yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafatiwemo ibyemezo birebana no guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 gikomeje kugera kuri benshi mu Rwanda, yanzuye ko mu kugabanya ubu bwandu, usibye amasaha y’ingendo yashyizwe saa moya aho kuba saa tatu nk’uko byari bimenyerewe, ubu ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara hifashishijwe imodoka rusange nazo zitacyemewe.

Ni mu gihe ingendo zo kujya cyangwa kuva mu Karere ka Rusizi zahagaritswe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa gusa.

Indi myanzuro y’iyi nama yose urayisanga muri iri tangazo ryose.
page_1.jpg
page_2.jpg
page_3.jpg
page_4.jpg

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 12

  1. I am extremely inspired along with your writing abilities and also with the format on your blog. Is this a paid theme or did you modify it your self? Anyway keep up the nice quality writing, it is uncommon to see a great blog like this one today..|

  2. Hi! Do you know if they make any plugins to assist with Search Engine Optimization? I’m trying to get my blog to rank for some targeted keywords but I’m not seeing very good gains. If you know of any please share. Thanks!|

  3. I do trust all the ideas you have introduced for your post. They’re really convincing and can certainly work. Still, the posts are too brief for newbies. May you please prolong them a bit from next time? Thanks for the post.|

  4. This design is incredible! You certainly know how to keep a reader entertained. Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (well, almost…HaHa!) Great job. I really loved what you had to say, and more than that, how you presented it. Too cool!|

  5. I am curious to find out what blog platform you are utilizing? I’m having some minor security issues with my latest website and I would like to find something more safeguarded. Do you have any suggestions?|

  6. After I initially left a comment I appear to have clicked the -Notify me when new comments are added- checkbox and from now on every time a comment is added I recieve four emails with the exact same comment. There has to be a way you can remove me from that service? Thanks!|

  7. I’m curious to find out what blog platform you have been utilizing? I’m experiencing some minor security problems with my latest blog and I would like to find something more secure. Do you have any recommendations?|

  8. My brother recommended I may like this blog. He used to be entirely right. This put up actually made my day. You cann’t believe simply how so much time I had spent for this information! Thanks!|

Leave a Reply to Deluna4d Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button