Ubutabera

URUGAGA RW’ABAHESHA B’IBINKIKO B’UMWUGA RURI GUHUGURA ABAHESHA B’INKIKO BASHYA 33

Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bashya 34 bari guhugurwa muri gahunda y’amahugurwa abanziriza kwinjira mu mwuga w’Ubuhesha bw’Inkiko biganjemo abarahiriye kwinjira mu mwuga w’ubuhesha bw’Inkiko kuwa 01 Kuboza kwa 2020.
Aba bagombaga kuba barahuguwe bakimara kurahira ariko kubera imbogamizi za Covid19 harimo na gahunda ya Guma mu Rugo byasabye gutegereza igihe kinoze.
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga rutangaza ko aya mahugurwa ahabwa Abahesha b’Inkiko mbere y’uko batangira neza mu mwuga, ari ingirakamaro kuko abafasha kwinjira mu mwuga basobanukiwe neza, bikabarinda kugwa mu makosa ashobora kwitirirwa akamenyero gacye.
Me MUNYANEZA Valérien Visi Prezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga wanatangije ku mugaragaro aya mahugurwa yasabye aba Bahesha b’Inkiko bashya guha agaciro ubunyamwuga bushingiye ku bunyangamugayo kuko uyu mwuga wo kurangiza Imanza n’izindi nyandiko mpesha usaba ubushishozi bwinshi dore ko ari nako kazi gapfundikira ubutabera.
Abahesha b’Inkiko bashya bari guhugurwa nabo batangaje ko bishimiye guhabwa ishusho y’Umuhesha w’Inkiko ubereye umwuga kandi ko ubunararibonye basangizwa n’intyoza zirambye muri uyu mwuga ngo buzabafasha kumenya uko bitwara mu bibazo bishobora kugaragara mu kazi kabo ka buri munsi.
Ku munsi wa mbere amasomo yahawe abahugurwa yibanze cyane ku itegeko ryo Kurangiza Imanza n’indi mirimo y’Umuhesha w’Inkiko w’Umwuga, ndetse banahawe inshamake y’amateka y’umwuga w’Ubuhesha bw’Inkiko mu Rwanda n’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko by’Umwihariko.
Ku munsi wa kabiri byitezwe ko Abahesha b’Inkiko bazahabwa ubumenyi bw’Ibanze ku ikoranabuhanga rikoreshwa mu kurangiza Imanza no gukorana n’Abagenagaciro mu rugendo rwo kurangiza Imanza, by’umwihariko ikorwa rya Cyamunara.
exkq9cgxmaaxywd.jpg
exkq9clxiaguaoa.jpg
img_4422.jpg
img_4429.jpg

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 10

  1. I like the valuable information you provide in your articles. I will bookmark your weblog and check again here regularly. I’m quite sure I will learn many new stuff right here! Best of luck for the next!

  2. Hiya! I know this is kinda off topic nevertheless I’d figured I’d ask. Would you be interested in trading links or maybe guest authoring a blog post or vice-versa? My website addresses a lot of the same topics as yours and I feel we could greatly benefit from each other. If you’re interested feel free to send me an e-mail. I look forward to hearing from you! Fantastic blog by the way!

  3. Awareness of health issues is steadily increasing.However, greater access does not guarantee clarity.Medical topics are often framed in oversimplified terms.Important background is frequently omitted.As a result, individuals may struggle to interpret bodily signals.The difficulty lies elsewhere.Biology resists uniform rules.Long-term observation provides clarity.Awareness guides understanding.Conversation adds structure without simplification.Continuity strengthens insight.Conversation replaces directive instruction.Consideration is prioritized over speed.It aligns with thoughtful health decision-making.For individuals interested in thoughtful health discussion.To engage with an editorial health overview of buy suhagra 100mg.

  4. Hey there! This is kind of off topic but I need some help from an established blog. Is it very hard to set up your own blog? I’m not very techincal but I can figure things out pretty fast. I’m thinking about setting up my own but I’m not sure where to begin. Do you have any points or suggestions? Many thanks

  5. п»їJust now, I had to find Zithromax fast and came across Antibiotics Express. You can buy antibiotics without a prescription securely. In case of UTI, I recommend this site. Discreet packaging guaranteed. More info: z-pak no prescription. Good luck.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button