INGABO N’ABAPOLISI 1000 B’U RWANDA MURI MOZAMBIQUE, MENYA BYINSHI KU BUTUMWA BWO KUBUNGABUNGA AMAORO BARIMO

Kuva kuwa 9 Nyakanga, Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda 1000 batangiye kwerekeza muri Mozambique, ndetse ubu tuvugana bamaze kugera mu birindiro byabo, aho bari kwitegura guhangana n’umutwe w’iterabwoba wiyita Al Shabab uvuga ko ushamikiye kuri Al Shabab isanzwe izwi muri Somalia cyo kimwe na ISIS yayogoje ibintu muri Iraq.
Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda kimwe n’izindi z’Umuryango w’Ibihugu biri muri Afurika y’Amajyepfo, SADC, bari bwinjire mu rugamba rutoroshye n’uyu mutwe w’iterabwoba umaze amezi ane warafashe bugwate Umujyi wa Mocimboa da Praia.
Uyu mutwe kandi wari unaherutse kwica bunyamaswa abaturage 12 mu Mujyi wa Palma, yose iri mu Ntara ya Cabo Delgado imaze imyaka itanu ari isibaniro ry’imirwano itoroshye hagati y’uyu mutwe n’ingabo za Leta, imirwano yahitanye abarenga 3 000, abandi barenga ibihumbi 800 bava mu byabo.
Ibi byose ni byo byatumye muri Mata uyu mwaka, Perezida Filipe Nyusi agirira uruzindiko mu Rwanda abonana na Perezida Kagame baganira kuri iki kibazo.
Mu 2018, u Rwanda na Mozambique byasinyanye amasezerano y’imikoranire mu nzego zirimo iz’umutekano, ndetse u Rwanda rwasinye amasezerano ya Kigali mu 2015, agamije kurinda umutekano w’abaturage mu bice byose birimo intambara n’amakimbirane.
Habanje itsinda ry’abasirikare 35
Amakuru avuga ko nyuma y’uruzinduko rwa Perezida Nyusi i Kigali, u Rwanda rwohereje abasirikare 35 bakuru muri Mozambique, ari nabo bakoze inyigo yerekana imiterere y’ikibazo cy’umutekano mucye gihari ndetse n’uruhare Ingabo z’u Rwanda zishobora kugira mu kugikemura.
Nyuma y’aya makuru, binajyanye n’amasezerano y’imikoranire ari hagati y’ibihugu byombi, u Rwanda rwafashe icyemezo cyo kohereza ingabo muri Mozambique.
Ikiguzi gikenewe muri ibi bikorwa kizatangwa na nde?
Amakuru yizewe agera kuri IGIHE, ni uko u Rwanda ruzishyura ikiguzi cyose cy’ibizakenerwa n’ingabo zarwo muri Mozambique nubwo rutazi igihe izamara.
Mu kiganiro na IGIHE, Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Ronald Rwivanga, yamaze impungenge abafite ikibazo ku kiguzi kizakenerwa muri iyi ntambara, avuga ko ari ngombwa ko ikibazo cy’iterabwoba kiri muri Mozambique gifatiranwa hakiri kare kuko ikiguzi cy’umutekano mucye ari cyo kinini kurusha icy’intambara yo kuwuhosha.
Ati “Intambara zirahenda, ariko umutekano mucye uhenda kurushaho, twizera ko
gucyemura kiriya kibazo cyo muri Mozambique kikiri mu mizi yacyo, bizakemura ibibazo by’umutekano mucye byashoboraga kuzagikomokaho bigakwira mu Karere ka Afurika y’Amajyepfo yose. Mbere yo kureba ku giciro kizakoreshwa mu kubungabunga umutekano, banza urebe ku gihombo giterwa n’umutekano mucye.
Col Rwivanga kandi yasobanuye ko igihe iyi ntambara izamara kitaramenyekana.
Ati “Uru rugamba ruzagenwa n’uko ibintu bizagenda, ntabwo rufite igihe ruzarangirira ubwarwo. Inshingano dufite zirazwi neza, nituzigeraho tuzataha.”
Afurika itangiye kwishakira ibisubizo
Impuguke muri Politiki Mpuzamahanga, Dr Ismaël Buchana, yavuze ko Afurika ikwiye gucuka igatangira kwishakira ibisubizo ku bibazo biyikomereye, birimo iby’umutekano bimaze imyaka irenga 60 biyogoza uyu Mugabane.
Mu kiganiro Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa aherutse gutanga kigaruka ku cyemezo giherutse gufatwa n’igihugu cye cyo kugabanya ingabo mu gace ka Sahel, yavuze ko atari umuhamagaro w’u Bufaransa kurindira umutekano mu ibihugu bya Afurika, ingingo Dr. Buchana asanga ikwiye kubera isomo Abanyafurika.
Ati “Igihe kirageze Afurika igatangira kwiga kwikemurira ibibazo ifite mu nzego zose itibagiwe umutekano, kuko ntabwo ibindi bihugu ari byo bifite inshingano yo kurinda Afurika. Dukwiye kumva ko niba dushaka iterambere, dukwiye no kurikorera tukubaka inzego z’umutekano zizatuma turigeraho.”
Iyi mpuguke yavuze ko “Afurika ifite ubushobozi bwo kwirindira umutekano, ariko bizasaba ubufatanye n’ibindi bihugu kuko akenshi usanga ibibazo by’umutekano ari ndengamupaka, ari nayo mpamvu Afurika yari yashyizeho gahunda yo gufatanyiriza hamwe mu kurangiza intambara kuri uyu Mugabane mu mwaka ushize (silencing the guns), nubwo bitagezweho neza, ariko ubona ko hari intambwe ikomeye yatewe mu kugabanya amakimbirane.”
Ubushakashatsi bw’Ikigo cya Global Terrorism Index, gikurikirana ibikorwa by’iterabwoba ku rwego rw’Isi, cyatangaje ko imitwe y’iterabwoba iri kwimurira ibirindiro byayo muri Afurika bitewe n’ikibazo cy’uko usanzwe ufite umutekano mucye kandi ukaba ukungahaye ku mutungo kamere watunga iyo mitwe.
Mu 2019, ubwicanyi bwakozwe na ISIS muri Afurika yo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bwiyongereye ku kigero cya 67% ugereranyije n’umwaka wari wabanje, ndetse 41% by’ubwicanyi bw’uyu mutwe mu 2019 bwarabereye muri Afurika.
Ibihugu birindwi mu 10 byakorewemo ibikorwa by’iterabwoba byinshi bya ISIS biri muri Afurika, ari byo Burkina Faso, Mozambique, Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Mali, Niger, Cameroon na Ethiopia, byiyongera ku bindi bisanganywe amakimbirane birimo Somalia, Sudan y’Epfo, Centrafrique, Tchad n’ibindi.
Ku rundi ruhande, 20% by’intwaro nto zicuruzwa ku Isi zicuruzwa ku Mugabane wa Afurika, zifite agaciro ka miliyari 1$, mu gihe uruhare rwa Afurika mu bucuruzi busanzwe bw’Isi rungana na 2% gusa.
Dr. Buchana yavuze ko ibikorwa byo kugarura amahoro u Rwanda ruri gukora muri Centrafrique na Mozambique ari urugero rwiza rwereka n’ibindi bihugu bya Afurika ko bishobora gukoresha ubushobozi bifite mu gucyemura ibibazo byugarije uyu Mugabane.
Yagize ati “Ntabwo wavuga ko u Rwanda ari cyo gihugu gikomeye muri Afurika mu buryo bw’igisirikare cyangwa ubukungu, ariko kuba ruri gufata iya mbere mu gucyemura ibibazo byugarije Afurika, ni urugero rwiza ruri gutanga no ku bindi bihugu.”
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda, Col Rwivanga, nawe yashimangiye ko iki gikorwa cy’u Rwanda cyerekana ko Afurika ifite ubushobozi bwo kwikemurira ibibazo.
Ati “Iyi misiyo irimo amasomo menshi, cyane cyane iryo kwigira nk’Abanyafurika. Ibi birerekana ko nk’Abanyafurika dufite ubushobozi bwo gushaka ibisubizo ku bibazo bya Afurika, urabona ko iki gisubizo ku kibazo cy’umutekano mucye muri Mozambique kiri gucyemurwa natwe Abanyafurika, iki ni ikintu cyiza. Twagakoreshe uru rugero mu kwerekana ibyo dushobora kugeraho no mu zindi nzego z’ubuzima, dukeneye gufashanya nk’Abanyafurika mu gucyemura ibibazo byacu.”
Ku rwego rw’Isi, u Rwanda ruri ku mwanya wa gatatu mu kugira umubare munini w’abarinda umutekano, barimo abasirikare n’abapolisi, bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura umutekano hirya no hino ku Isi, aho rufite abacunga umutekano bagera kuri 6.322.





can you take cialis and viagra together cialis prescription cialis online
cialis 20mg how long does it take for cialis to work 10mg cialis
cialis daily cialis vs viagra side effects mixing viagra and cialis reddit
buy cialis online viagra vs cialis forum tadalafil vs cialis
cialis vs viagra price cialis 20 mg cialis vs viagra side effects
goodrx cialis cialis 20mg benefits cheap cialis
tadalafil sublingual liquid tadalafil reviews tadalafil generico
viagra vs cialis vs levitra what is the difference between viagra and cialis maximum dose of cialis
tadalafil peptide tadalafil dose generic cialis tadalafil best buys
cialis headache cialis and alcohol generic name for cialis
liquid tadalafil reviews tadalafil from india generic cialis tadalafil best buys
cialis vs viagra can i take two 5mg cialis at once how long does it take for cialis to work
tadalafil 60 mg tadalafil tadalafil powder
cialis online amazon cialis 20mg cialis and viagra together
cialis tadalafil tadalafil walmart liquid tadalafil
10mg cialis cialis coupon what is the difference between cialis and viagra
viagra pill for men viagra pill price does viagra work on women
sildenafil with alcohol sildenafil half life sildenafil citrate tablets 100mg how to use
is viagra over the counter where can i buy viagra over the counter usa viagra commercial
sildenafil 20 mg reviews sildenafil side effects blood pressure how many 20 mg sildenafil should i take
how viagra works viagra over the counter viagra boys tour
sildenafil 20 mg how to reduce side effects of sildenafil sildenafil alcohol
can women take viagra viagra before and after photos viagra reviews
hims sildenafil review sildenafil 100mg how long does it last does sildenafil make you last longer
how to get viagra viagra for men viagra generic
viagra vs sildenafil can you take sildenafil daily sildenafil goodrx
where to get viagra viagra or cialis viagra before and after photos
sildenafil 20 is sildenafil safe goodrx sildenafil
viagra price where to get viagra whats viagra
sildenafil for sale sildenafil citrate sildenafil 100mg review
buy tadalafil tadalafil side effects long term tadalafil and sildenafil together
is tadalafil the same as cialis how to take tadalafil how long does tadalafil last
tadalafil dosage is tadalafil a controlled substance tadalafil dosage 20mg
tadalafil drug class how long does tadalafil take to work tadalafil for women
tadalafil 5mg price tadalafil para que sirve cialis vs tadalafil
tadalafil uses tadalafil 10mg uses tadalafil prescription online
tadalafil alcohol tadalafil cost walmart tadalafil dosage 40 mg
tadalafil 10mg uses tadalafil prescription tadalafil prescription
tadalafil side effects blood pressure tadalafil blood pressure tadalafil 9mg
is cialis better than viagra daily cialis cialis for bph
tadalafil buy sildenafil vs tadalafil vs vardenafil tadalafil side effects blood pressure
how long does tadalafil stay in your system tadalafil generic tadalafil and sildenafil together
cialis and blood pressure cialis medication cialis pill
difference between viagra and cialis can you take viagra and cialis together can i take two 5mg cialis at once
tadalafil 20 mg tablet price tadalafil half life tadalafil goodrx
what is cialis used for cheap cialis cialis 20mg price
tadalafil 5mg price how long for tadalafil to work tadalafil para que sirve
sildenafil vs cialis how to avoid cialis side effects\ viagra or cialis
tadalafil brand name amino tadalafil tadalafil and alcohol
tadalafil vs cialis cialis medication cialis half life
tadalafil side effects long-term tadalafil brand name generic tadalafil