Andi Makuru

Hemejwe ishyirwa mu bikorwa ry’itegeko rishya ry’ubutaka mu Rwanda

Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yemeje ko itegeko rishya rigenga ubutaka mu Rwanda ritangira gushyirwa mu bikorwa nk’uko ryatowe n’Abadepite muri 2021 rigasimbura iryo mu 2013.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 9 Mata 2022, muri Village Urugwiro hateraniye inama y’Abaminisitiri yize ku ngingo zinyuranye harimo no gutora amateka ashyira mu bikorwa itegeko rigenga ubutaka.

Mu mateka yemejwe n’Inama y’Abaminisitiri, harimo iteka rya Perezida rishyiraho igishushanyo mbonera cy’imikoreshereze n’imitunganyirize by’ubutaka bwo ku rwego rw’igihugu, iteka rya Minisitiri w’Intebe rigena uburyo inzego za Leta zikoresha ubutaka bwa Leta. Hemejwe kandi iteka rya Minisitiri w’Intebe rigenga ababitsi b’inyandiko mpamo z’ubutaka.

Inama y’Abaminisitiri yemeje kandi iteka rya Minisitiri ryerekeye iyandikishwa ry’ubutaka, iteka rigena uburyo ukwatisha ubutaka bikorwa, irigena ubwoko bw’inzira zitangwa n’uburyo bikorwa. Hemeje kandi iteka rya Minisitiri rigena ibindi bikorwa remezo bigamije ubucuruzi ndetse n’irigenga komite z’ubutaka.

Tariki ya 4 Kamena 202, nibwo Abadepite batoye itegeko rishya rigena imikoreshereze y’ubutaka mu Rwanda, riza risimbura iryari risanzweho ryo mu 2013.

Zimwe mu ngingo zahinduwe muri iri tegeko harimo ibijyanye n’inkondabutaka aho rivuga ko izajya itangwa ku butaka bwa Leta no ku butaka butunzwe n’Abanyarwanda kandi ubwo butaka ntiburenze hegitari 2 ku muntu. Ni mu gihe iryo mu 2013 ryo ryavugaga ko ubutaka bwahabwa inkondabutaka butagomba kurenza hegitari 5.

Indi ngingo yahinduwe mu itegeko rishya harimo imyaka y’ubukode, aho iryo 2013 ryateganyaga ko ubukode burambye butarenza imyaka 3 cyangwa ngo irenge 99 ariko ishobora kongerwa. Itegeko rishya ry’ubutaka rivuga ko imyaka y’ubukode igomba kwiyongera ariko ntirenge 99, Umunyarwanda we agomba kongererwa igihe cy’ubukode bw’ubutaka atagombye kubisaba.

Itegeko rishya kandi rigaragaramo ingingo Ubuzime bivuze kubona cyangwa gutakaza uburenganzira ku butaka bitewe n’igihe giteganywa n’amategeko. Itegeko ryo mu mwaka wa 2013 ryavugaga ko igihe cy’ubuzime ari imyaka 30 bikemezwa n’icyemezo cy’urukiko, gusa itegeko rishya Ubuzime buzajya bwemezwa n’umubitsi w’impapuro mpamo z’ubutaka ashingiye kuri raporo ya komite y’ubutaka.

Mu bindi Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Perezida Paul Kagame yizeho, harimo gusuzuma ingamba zo gukimira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19.

Mu byemejwe ni uko imodoka zitwara abagenzi zikomeza gutwara abagenzi ijana ku ijana gusa hagatwarwa abantu bikingije.

Abanyarwanda basabwa kwirinda kudohoka ku ngamba za Covid-19, bubahiriza izashyizweho n’inzego z’ubuzima, ibi bikajyana no kwikingiza byuzuye ndetse abagejeje igihe cyo guhabwa doze ishimangira y’urukingo rwa Covid-19 na bo bakayihabwa.

Abaminisitiri banamenyeshejwe ko u Rwanda ruzakira inama mpuzamahanga y’ihuriro riharanira ingufu zirambye kuri bose kuva tariki ya 17-19 Gicurasi, 2022.

U Rwanda kandi ruzakira inama ya 12 y’abakuriye inzego zo mu karere zishinzwe gukumira no kurwanya ruswa mu bihugu bigize Commonwealth Africa, iyi nama iteganyijwe kuva tariki 3 – 6 Gicurasi, 2022.

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 30

  1. 47250 61383Aw, it was a actually great post. In concept I need to put in writing related to this in addition – spending time and actual effort to manufacture a outstanding article but exactly what do I say I procrastinate alot and no means discover a approach to go carried out. 993903

  2. Eh eh, composed pom pi pі, math іѕ ⲟne from thе top topics ɑt Junior
    College, establishing groundwork іn A-Level calculus.

    In addition fгom institution facilities, concentrate սpon math to prevent common pitfalls ѕuch as careless blunders іn tests.

    St. Andrew’s Junior College fosters Anglican values аnd holistic development, developing principled individuals ԝith strong character.
    Modern amenities support quality іn academics, sports, and
    arts. Community service and leadership programs impart empathy ɑnd responsibility.
    Diverse ⅽo-curricular activities promote
    teamwork ɑnd seⅼf-discovery. Alumni Ƅecome ethical leaders, contributing
    meaningfully tօ society.

    National Junior College, holding tһe distinction аs Singapore’s very fіrst junior college, ᧐ffers unparalleled opportunities fօr intellectual
    expedition ɑnd leadership cultivation ᴡithin a historical and motivating campus
    tһat blends tradition with modern-ɗay instructional
    excellence. Ƭһe special boarding program promotes ѕelf-reliance and a
    sense οf community, ᴡhile modern research study centers and specialized laboratories mɑke it possible for trainees from diverse backgrounds tо pursue sophisticated
    studies in arts, sciences, аnd liberal arts withh optional options fߋr
    personalized learning paths. Innovative programs motivate deep academic immersion, ѕuch as project-based гesearch and interdisciplinary seminars
    tһat hone analytical skills ɑnd foster imagination аmongst
    ambitious scholars. Through comprehensive worldwide partnerships, including trainee exchanges,
    international seminars, ɑnd collective efforts ԝith abroad universities,
    students develop broad networks аnd a nuanced
    understanding оf ɑround the world concerns.
    Tһe college’s alumni, ѡһo regularly assume popular roles іn government, academia, ɑnd
    market, exemplify National Junior College’ѕ long lasting
    contribution tο nation-building ɑnd the advancement оf visionary, impactful leaders.

    Folks, competitive mode activated lah, robust primary mathematics гesults for improved
    science grasp аs ԝell aas construction goals.

    Wow, mathematics serves аs the base stone for primary education, assisting youngsters fօr geometric analysis in design careers.

    Parents, fear tһe gap hor, maths groundwork гemains
    vital at Junior College f᧐r grasping data,
    essential fⲟr today’s tech-driven ѕystem.

    Don’t sкip JC consultations; tһey’rе key to acing
    A-levels.

    Oi oi, Singapore folks, mathematics remains lіkely thee mߋѕt essential primary discipline,
    encouraging creativity fοr issue-resolving іn creative careers.

    Here іs mү blog post :: add math home tuition shah alam

Leave a Reply to ออกแบบตกแต่งภายในเฉพาะบุคคล Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button