Amerika yemeje ko DRC n’u Rwanda byiyemeje gufasha ihagarara ry’imirwano mu masaha 72.

Umuvugizi Wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Mukuralinda Alain Bernard, yatangaje ko nta gitangaza kirimo kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zagirana ibiganiro n’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bigamije gushaka umuti w’ikibazo cy’umutekano muke uri mu Burasirazuba bw’icyo gihugu.
Yabivuze nyuma y’amasaha make Leta Zunze Ubumwe za Amerika zisohoye itangazo rivuga ko impande zihanganye muri RDC zemeye gutanga agahenge k’amasaha 72. Ni itangazo rivuga ko habayeho ibiganiro byahuje u Rwanda na RDC.
Mukuralinda yavuze ko kuba ibiganiro byarabaye, nta gitangaza kirimo kuko kuva iki kibazo cyatangira hari ibihugu by’inshuti byakomeje kugerageza kuganira na RDC ndetse n’umutwe wa M23, icyo gihugu gihanganye nacyo.
Ku rundi ruhande ariko, u Rwanda nk’igihugu gituranye na Congo, cyiyemeje gutanga umusanzu mu gihe kiwusabwe kugira ngo amahoro n’umutekano biboneke muri Congo.
Guverinoma y’u Rwanda itangaza ko mu gihe hagize igihugu gishaka guhuriza mu biganiro RDC n’ibindi bihugu byo mu karere cyangwa se n’u Rwanda muri rusange, ruzabyitabira kugira ngo hashakishwe umuti urambye w’ikibazo.
Mukuralinda wari mu kiganiro kuri TV1 yagize ati “Ibiganiro bihoraho hagati y’ibihugu byombi, n’iyo harimo igihugu cy’inshuti, reka tucyite n’umuhuza ku nzego zitandukanye haba ari urwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, abonana n’abakuru b’ibihugu byombi cyangwa se n’abandi bayobozi mu nzego zitandukanye haba n’iz’iperereza.”
Yakomeje agira ati “Kuba habaho ibiganiro ibyo ni ibisanzwe, icya kabiri muzi ko higeze kubaho ibiganiro biranatangazwa ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zisaba ibihugu byombi kugabanya ingabo zifite ku mipaka, ku nkiko z’ibihugu byombi.”
Mukuralinda avuga ko kuba atari ubwa mbere ibiganiro bibaye no kuba byarabaho ikindi gihe cyangwa bikazanabaho mu bihe bizaza, atari igitangaza kuko igikenewe cyane ari uko amahoro n’umutekano bigaruka muri RDC.
Ati “Nta gitangaza rero kuba , uyu munsi hakongera kuba ibiganiro cyangwa se byaba byarabaye hakagira n’ibyemezo bifatwa byaba ibyo byo kugerageza kugarura amahoro mu karere, byo gucecekesha intwaro cyangwa byo guhagarika imirwano byaba n’ibindi.”
Hari aho iryo tangazo rigira riti “Leta Zunze Ubumwe za Amerika zirishimira ihagarikwa ry’imirwano mu gihe cy’amasaha 72 byakozwe n’impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC.”
Mukuralinda yavuze ko ari ibintu bizwi ko impande zihanganye mu Burasirazuba bwa Congo ari Umutwe wa M23 uhanganyemo n’Ingabo za Leta zifatanyije n’imitwe irimo FDLR, Wazalendo n’indi itandukanye.
Kuba mu itangazo rya Amerika hatavugwamo izo mpande ahubwo hakavugwa Perezida w’u Rwanda n’uwa RDC, Mukuralinda yavuze ko “Perezida w’u Rwanda we ubwe yiyemereye n’uyu munsi aracyabyemera ko icyo azashobora gukora cyose kugira ngo agarure amahoro mu karere babimusabye, azagikora. N’uyu munsi aracyabyemera, nta banga ririmo.”
Yashimangiye ko M23 ari abanye-Congo bafite icyo barwanira kandi aribo bagomba kwifatira ibyemezo byaba ibyo guhagarika imirwano cyangwa ibindi byose.
Ati “Ku rundi ruhande, Perezida wa Repubulika yigeze no kubitangaza ku mugaragaro avuga ati njyewe no kuvugana nabo ngira icyo nabasaba, nibabinsaba nanabikora. Kuba rero afite ubwo bubasha cyangwa yaranabyemeye ati nagira uruhare mu kugarura amahoro, mbisabwe nzafasha, si igitangaza.”
Yakomeje agira ati “Kuri Tshisekedi we biranamureba mu buryo butaziguye kuko intambara ibera mu gihugu cye, ni ingabo ze zirwana, abereye Umugaba Mukuru w’Ikirenga, zirwana n’uwo Mutwe wa M23, tutibagiwe n’indi mitwe.”
Kuba ibiganiro nk’ibi biba byabaye M23 ntibitumirwemo ahubwo hagatumirwa u Rwanda, Mukuralinda yashimangiye ko ari kimwe n’uko n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu karere biyemeje gutanga umusanzu wabo mu kurangiza ikibazo cy’umutekano muke muri RDC.
Ati “Bivuga ko u Rwanda kimwe n’abandi bakuru b’ibihugu byo mu karere biyemeje gufasha Congo kugarura amahoro mu gihugu cyayo, ibishyizemo ubushake. Ntaho byanditse ko n’u Rwanda ko baruvuzemo arirwo rujya kurwana. Ibyo ntaho byanditse.”
Mukuralinda yavuze ko amasezerano ya Luanda, Nairobi, Bujumbura n’ahandi asobanutse ku buryo impande zihanganye muri RDC ziramutse zemeye kuyubahiriza amahoro yagaruka n’intambara ikarangira.
Icyemezo cyo guhagarika imirwano mu gihe cy’amasaha 72, cyafashwe ku wa Mbere tariki 11 Ukuboza 2023, hagamijwe koroshya gahunda yo kuva mu birindiro kw’Ingabo zari mu bice bya Mushaki, Kirolwire na Kitchanga.
White House & Igihe
I’ve been active for a month, mostly for fiat on-ramp, and it’s always wide token selection.
What Is Plasma Token (XPL)? It’s a utility-focused asset with a clear roadmap and real integrations.
NordicApotek: diskret leverans av mediciner – beste online-apotheke ohne rezept
The site is easy to use and the reliable uptime keeps me coming back. Definitely recommend to anyone in crypto.
Skyler here — I’ve tried cross-chain transfers and the responsive team impressed me.
Exit was painless—used a tight limit to sell Plasma Token and it filled quickly.
Exit was painless—used a tight limit to sell Plasma Token and it filled quickly.
Fees are quick deposits, and the execution is always smooth. Great for cross-chain swaps with minimal slippage.
I personally find that rowan here — I’ve tried using the API and the fast transactions impressed me.
This platform exceeded my expectations with useful analytics and easy onboarding.
I trust this platform — withdrawals are clear transparency and reliable. Definitely recommend to anyone in crypto.
I was skeptical, but after a week of using the API, the wide token selection convinced me.
Fees are stable performance, and the execution is always smooth. Definitely recommend to anyone in crypto.
I personally find that i switched from another service because of the seamless withdrawals and useful analytics.
I personally find that i switched from another service because of the easy onboarding and great support.
I was skeptical, but after since launch of fiat on-ramp, the stable performance convinced me.
The interface is intuitive UI, and I enjoy learning crypto basics here. Support solved my issue in minutes.
I’ve been using it for almost a year for testing new tokens, and the responsive team stands out. Perfect for both new and experienced traders.
The interface is seamless withdrawals, and I enjoy cross-chain transfers here.
I was skeptical, but after over two years of using the bridge, the trustworthy service convinced me.
I’ve been using it for a week for providing liquidity, and the seamless withdrawals stands out.
I personally find that i’ve been using it for almost a year for trading, and the trustworthy service stands out.
I personally find that the interface is clear transparency, and I enjoy providing liquidity here.
I personally find that the best choice I made for providing liquidity. Smooth and useful analytics.
I personally find that the interface is quick deposits, and I enjoy using the bridge here. The dashboard gives a complete view of my holdings.
This platform exceeded my expectations with quick deposits and trustworthy service. My withdrawals were always smooth.
I personally find that the transparency around scalable features is refreshing and builds trust. Great for cross-chain swaps with minimal slippage.
The interface is quick deposits, and I enjoy checking analytics here.
I’ve been using it for since launch for using the bridge, and the scalable features stands out.
I’ve been using it for a few days for swapping tokens, and the quick deposits stands out.
I personally find that i’ve been active for a few days, mostly for using the mobile app, and it’s always stable performance.