Andi Makuru

DRC-Rwanda: Ingabo z’ibihugu byombi ‘zarasanye’ ku mupaka wa Rusizi

Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba DR Congo binjiye mu mwanya wo hagati y’umupaka w’ibihugu byombi wa Rusizi/Ruzizi bakarasa ku ruhande rw’u Rwanda.

Umuvugizi w’igisirikare cya DR Congo mu ntara ya Kivu y’epfo yabwiye BBC Gahuzamiryango ko uko kurasana ntakwabayeho.

Itangazo ry’igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ibyo byabaye saa 4h30 z’igitondo ubwo ingabo za DR Congo zinjiraga mu mwanya wo hagati y’ibihugu byombi uba uri ku mupaka uzwi nka ‘No man’s land’.

Igisirikare cy’u Rwanda kivuga ko cyasubije amasasu y’abo basirikare ba DR Congo “bagasubira inyuma” kandi ko nta muntu wo ku ruhande rw’ingabo z’u Rwanda wagize icyo aba.

Igisirikare cy’u Rwanda kandi ko ingabo za DRC zagarutse saa 5h54 maze “zigahanagura aho hantu”.

Lieutenant Marc Elongo uvugira ingabo za DR Congo muri Kivu y’Epfo yabwiye BBC ati: “Ayo makuru ntabwo ariyo, ibyo bintu ntabyabaye…nta kintu cyabaye.”

Igisirikare cy’u Rwanda gisaba amatsinda y’ubugenzuzi ku bikorwa by’umutekano mucye ku mipaka y’ibi bigugu kuza agakora iperereza kuri “iki gikorwa cy’ubushotoranyi”.

Umwuka mubi hagati y’ibihugu byombi ukomeje gututumba mu gihe ubutegetsi bwa DR Congo bushinja ubw’u Rwanda gufasha umutwe wa M23.

M23 imaze kwigarurira 80% bya teritwari ya Rutshuru, nk’uko MONUSCO ibivuga, hamwe n’ibice bimwe bya teritwari ya Masisi mu ntara ya Kivu ya ruguru.

Biteganyijwe ko ba perezida b’ibi bihugu kuwa gatanu bazahurira i Addis Ababa hamwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’akarere kuganira kuri aya makimbirane, nk’uko ministiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo aheruka kubitangariza abanyamakuru.

BBC

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 119

  1. I’ve been searching for the very best Chiropractor near me and maintained seeing terrific evaluations regarding Pain Relief Centre in St Augustine. After my initial visit, I understood why– professional care, tailored treatment, and actual results chiropractor

  2. I’ve been looking into Paybis for a while now, especially after
    ending up broke, and I’m still not entirely sure whether it deserves all the attention it gets.
    Still, it’s clearly a noticeable name in the digital asset market, particularly for people in Germany who are
    trying to rebuild their finances. From what
    I understand, Paybis presents itself as a large-scale cryptocurrency service that supports fiat payments,
    something many platforms either limit or complicate.

    What initially caught my eye is how Paybis seems to bridge traditional German banking methods
    with the crypto world. Many exchanges focus
    only on crypto-to-crypto trades, while Paybis allows users to
    buy crypto using credit cards. I’m not saying the process is perfect, but it does
    seem aimed at beginners rather than just advanced traders.

    Another aspect worth noting is the selection of supported assets.
    Paybis doesn’t restrict itself to just the
    top coins. Instead, it offers multiple altcoins, which
    might attract users who are trying new projects.
    Still, things like update speed are worth checking before
    making decisions.

    Security and compliance also come up often around Paybis.

    The platform highlights identity verification, which can feel
    professional for users in Germany, though others might
    see it as restrictive. I’m still undecided, but it does
    suggest Paybis tries to operate as a regulated marketplace.

    When it comes to fees, reviews seem mixed. Some say Paybis is clear about costs,
    while others note that pricing can depend on currency.
    This isn’t unusual in the crypto industry, but it
    means users should research properly before moving money.

    Overall, I wouldn’t call Paybis perfect, but it does seem like a platform
    worth a closer look, especially for someone in Germany trying to recover financially.

    I’m still forming my opinion, but it seems promising enough
    to justify further research.

Leave a Reply to Glen Patterson Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button