Andi Makuru

U Rwanda rwanenze Urukiko rw’i Londres rwavuze ko ari ahantu hadatekanye

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko umwanzuro w’urukiko rw’Ubujurire rw’i Londres mu Bwongereza ku bimukira, ureba urwego rw’ubutabera bw’u Bwongereza, bityo ko bitumvikana uburyo urukiko ruvuga ko u Rwanda atari igihugu gitekanye ku bimukira n’abashaka ubuhungiro.

Ni nyuma y’umwanzuro w’Urwo rukiko rwanzuye ko gahunda ya Guverinoma y’icyo gihugu yo kohereza mu Rwanda abimukira binjiye rwihishwa, inyuranyije n’amategeko.

Ubwo yasomaga iki cyemezo, Umucamanza Ian Burnett, yavuze ko na we atemera ko abimukira bazaba bafite ibyago byo kuvanwa mu Rwanda bajya mu bihugu byabo, ariko ngo “si igihugu gitekanye aba bimukira bacumbikirwamo mu gihe ubusabe bwabo bugisuzumwa.”

Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo, yanenze ibyatangajwe n’uru rukiko, ashimangira ko u Rwanda ari igihugu kiri mu bitekanye ku Isi n’intangarugero mu kwita ku mpunzi.

Ati “U Rwanda ni kimwe mu bihugu bitekanye ku Isi kandi rwemewe na HCR n’indi miryango mpuzamahanga kuba intangarugero mu kwita ku mpunzi. Twateye intambwe ifatika mu guhangana n’ibibazo bitera ubwiyongere bukabije bw’abimukira.”

Makolo yavuze ko u Rwanda ruzi uburemere bwo kuba umuntu yahunga akava mu gihugu cye no kuba yajya gutangira ubuzima ahandi.

Ati “Nka Sosiyete, nka Guverinoma, twubatse ahantu hatekanye, hakwiye, hiyubashye hatuma abimukira n’impunzi bagira uburenganzira bumwe n’amahirwe nk’Abanyarwanda.”

Yakomeje agira ati “Buri wese wimukiye hano binyuze muri ubu bufatanye, azabwungukiramo”.

Yavuze ko u Rwanda rwiteguye gukora ibyo rusabwa kugira ngo ubu bufatanye bugerweho, kugira ngo buce burundu icuruzwa ry’abantu rikorwa hitwaje ko ari abimukira.

Ati “Ubwo abimukira bazaba baje [bageze mu Rwanda], tuzabakira tubahe ubufasha bakeneye kugira ngo batangire ubuzima bushya mu Rwanda.”

Nyuma y’iki cyemezo cy’urukiko rw’ubujurire, bivuze ko inzira isigaye ari ukwitabaza Urukiko rw’Ikirenga.

Ni icyemezo kitaza kugwa neza ubuyobozi bw’u Bwongereza, bwifuzaga umuti urambye ku kibazo cy’abimukira bakomeza kwisuka mu gihugu mu buryo butemewe, bakoresheje ubwato butoya.

Mu 2022 nibwo u Rwanda n’u Bwongereza byasinye amasezerano, azatuma u Rwanda rwakira abimukira bageze mu Bwongereza binyuranyije n’amategeko.

Mu gihe bageze mu Rwanda, bazajya bahabwa ibyangombwa by’ibanze, abashaka kuhaba bafashwe gutangira ubuzima, abashaka ibindi bihugu bibakira babihashakire ndetse n’abashaka gusubizwa iwabo bafashwe.

U Bwongereza buvuga ko bizaca intege abakomeje kwishyira mu kaga bakinjira muri icyo gihugu nta burenganzira bwo kucyinjiramo bafite, bigafasha Leta kandi kugabanya ikiguzi itanga ngo ibiteho mu gihe haba hatarafatwa umwanzuro ku kubaha ubuhungiro cyangwa kubasubiza aho baje baturuka.

U Bwongereza bwiyemeje gufasha u Rwanda kwita kuri abo bimukira mu gihe dosiye zabo zikigwa ndetse no gutanga umusanzu kugira ngo batangire ubuzima bushya.

Byari biteganyijwe ko abimukira ba mbere bagera mu Rwanda muri Nyakanga 2022 ariko byaje guhagarikwa n’urukiko ku munota wa nyuma kuko imiryango irengera abimukira mu Bwongereza yatanze ikirego ivuga ko bitubahirije amategeko.
igihe

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 78

  1. You’re so awesome! I do not think I’ve read something like this before. So good to find another person with a few unique thoughts on this subject matter. Really.. thank you for starting this up. This web site is one thing that is needed on the web, someone with a bit of originality.

  2. Hi there! I could have sworn I’ve been to your blog before but after going through many of the posts I realized it’s new to me. Anyhow, I’m certainly delighted I came across it and I’ll be bookmarking it and checking back regularly.

  3. I really love your blog.. Great colors & theme. Did you create this website yourself? Please reply back as I’m hoping to create my very own blog and want to find out where you got this from or just what the theme is named. Thanks!

  4. Everything is very open with a very clear description of the issues. It was definitely informative. Your site is very helpful. Many thanks for sharing!

  5. I’m amazed, I must say. Seldom do I come across a blog that’s both educative and entertaining, and without a doubt, you have hit the nail on the head. The issue is something too few men and women are speaking intelligently about. Now i’m very happy that I came across this in my search for something regarding this.

  6. I’m not sure exactly why but this web site is loading extremely slow for me.
    Is anyone else having this problem or is it a issue on my end?

    I’ll check back later on and see if the problem still exists.

  7. It is perfect time to make some plans for the future and it’s
    time to be happy. I’ve read this post and if
    I could I want to suggest you some interesting things or suggestions.
    Perhaps you can write next articles referring to this article.
    I desire to read more things about it!

  8. Oh my goodness! Incredible article dude! Thank you so much, However I am having problems with your RSS. I don’t understand why I cannot join it. Is there anybody having identical RSS problems? Anybody who knows the solution can you kindly respond? Thanx!!

  9. Howdy! This post couldn’t be written any better!

    Looking through this article reminds me of my previous roommate!
    He always kept talking about this. I’ll send this information to him.
    Fairly certain he will have a very good read.
    Many thanks for sharing!

  10. Hello there, I found your site via Google at the same time
    as looking for a related matter, your web site got here up, it appears great.
    I have bookmarked it in my google bookmarks.
    Hi there, simply become aware of your weblog thru Google,
    and found that it’s truly informative. I am going to watch out for brussels.

    I’ll be grateful if you proceed this in future. Numerous other folks shall be benefited from your writing.
    Cheers!

  11. Appreciating the commitment you put into your blog and detailed information you present.
    It’s good to come across a blog every once in a while that isn’t the same outdated rehashed information. Fantastic read!
    I’ve bookmarked your site and I’m adding your RSS feeds to my Google account.

  12. Attractive section of content. I just stumbled
    upon your weblog and in accession capital
    to assert that I acquire actually enjoyed account your blog posts.

    Anyway I’ll be subscribing to your feeds and even I achievement you access consistently quickly.

  13. You’ve made some decent points there. I looked on the internet for more information about the issue and found most individuals will go along with your views on this web site.

  14. Hey there! Someone in my Facebook group shared this website with us so I came to take a look.
    I’m definitely enjoying the information. I’m bookmarking and will be tweeting this to my followers!

    Superb blog and excellent design and style.

  15. Oh my goodness! Awesome article dude! Thank you so much, However I am experiencing problems with your RSS. I don’t understand why I am unable to join it. Is there anybody else getting the same RSS problems? Anyone who knows the answer can you kindly respond? Thanx!

Leave a Reply to Patricktow Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button