Andi Makuru

Biogaz, umushinga wananiranye usabirwa guhagarara

Komisiyo y’umutwe w’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC yagiriye inama Minisiteri y’Ibikorwa remezo kureka gukomeza gushyira mu bikorwa umushinga wa Biogaz, kuko utigeze utanga umusaruro.

Nk’uko bigaragara muri raporo ya 2021-2022 y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta, igaragaza ko muri Biogaz 10913 zubatse mu Rwanda hose, izigera mu 8354 zidakora.

Ubwo hubakwaga izi Biogaz leta yatanze nkunganire ihwanye n’ibihumbi 300 by’amafaranga y’ u Rwanda kuri buri Biogaz yubatswe, bivuze ko kuzubaka byatwaye 3,273,900,000 Frw hatabariwemo uruhare rw’umuturage.

Bashingiye kandi kuri raporo yakozwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe ingufu, REG nayo igaragaza ko inyinshi muri izi biogaz zidakora.

Ibi byose bikaba byaratewe n’ikibazo cy’abatekenisiye badahagije, guha biogaz abantu batujuje ibisabwa, nk’abahawe biogaz bafite Inka imwe nyamara bisaba kuba ufite eshatu, no kutamenya kuzikoresha.

Gahima Premier wo mu Kagari ka Nyakiga, Umudugudu wa Kavumu , mu Murenge wa Karama  mu Karere ka Nyagatare, mu buhamya yigeze guha  UMUSEKE yavuze ko yatangiye gukoresha Biogas mu mwaka wa 2017.

Yavuze ko  kugira ngo ayihabwe, Akarere ka Nyagatare kashyizemo inkunga y’ ibihumbi 300frw ariko Paruwasi gaturika ya Karama  nayo imutera inkunga y’ ibihumbi 100frw.

Gusa  nyuma y’amezi icyenda atangiye kuyikoresha, yatangiye kugira ibibazo ndetse iza no gupfa burundu kandi yari yaratangiye kumuhindurira ubuzima.

Iki kibazo kandi agihuriyeho na Semabunda Gerard nawe wo muri uyu Mudugudu.

– –

Yavuze ko  yayihawe ikajya imufasha guteka  amafunguro mu buryo bwihuse kandi afite isuku ariko  ko yaje gupfa nyuma yo gupfusha amatungo maze akabura amase akoresha.

Ati “Inka twari dufite yarapfuye,tubura inka, tuzibuze Biogas irahagarara, ntitwongera kuyikoresha kubera kubura amase.Nagize igihombo gikomeye. Ubu n’inkwi kuzibona ntiziboneka kandi mbere twafashwaga na Biogas “

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo, Abimana Fidele yabwiye PAC ko uyu mushinga utageze ku ntego zawo, avuga ko bagiye gukora indi nyigo kugira ngo biogaz zangiritse zisanwe.

Gusa abadepite bavuze ko ntacyo bimaze ahubwo baba bagiye gusesagura andi mafaranga, kuko ubusanzwe biogaz imara imyaka 10 kandi izo  bashaka gusana zimaze imyaka  umunani (8), kuzisana ngo zikore imyaka ibiri  ntacyo byaba bimaze.

Muri raporo kandi hagaragajwe ikibazo cy’amafaranga yagombaga gukoreshwa mu kwita kuri izo biogaz amaze imyaka irenga irindwi (7) kuri konte z’inzego z’ibanze atarigeze akoresha ngo hasanwe izo biogaz.

RBA

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 62

  1. helloI really like your writing so a lot share we keep up a correspondence extra approximately your post on AOL I need an expert in this house to unravel my problem May be that is you Taking a look ahead to see you

  2. My brother suggested I might like this web site. He was totally right.This post actually made my day. You cann’t imagine just how much time Ihad spent for this information! Thanks!

  3. obviously like your web-site however you need to check the spelling on several of your posts. Several of them are rife with spelling problems and I in finding it very troublesome to inform the truth then again I will definitely come back again.

  4. After study a few of the blog posts on your website now, and I truly like your way of blogging. I bookmarked it to my bookmark website list and will be checking back soon. Pls check out my web site as well and let me know what you think.

  5. A person necessarily help to make seriously posts I’d state. That is the very first time I frequented your website page and up to now? I amazed with the research you made to create this particular post extraordinary. Great activity!

  6. I’m extremely impressed with your writing abilities as smartly as with the format to your blog. Is this a paid subject matter or did you customize it your self? Either way keep up the nice quality writing, it is rare to peer a great blog like this one these days..

  7. Oh my goodness! Awesome article dude! Thank you so much, However I am encountering difficulties with your RSS. I don’t understand the reason why I can’t join it. Is there anyone else having identical RSS problems? Anyone that knows the solution will you kindly respond? Thanks!!

  8. hi!,I love your writing so much! share we keep up a correspondence more approximately your article on AOL? I need an expert on this area to resolve my problem. Maybe that’s you! Looking ahead to look you.

  9. Hi there, I discovered your blog by way of Google while searching for a related matter, your web site got here up, it appears great. I have bookmarked it in my google bookmarks.
    Hello there, simply was aware of your weblog via Google, and found that it’s truly informative. I am gonna watch out for brussels. I’ll be grateful if you happen to continue this in future. A lot of other folks will likely be benefited out of your writing. Cheers!

  10. You’re so awesome! I do not think I’ve truly read through something like this before. So wonderful to find someone with some unique thoughts on this subject matter. Really.. many thanks for starting this up. This website is something that is required on the web, someone with some originality!

  11. Today, I went to the beach with my kids. I found a sea shell and gave it to my 4 year old daughter and said “You can hear the ocean if you put this to your ear.” She placed the shell to her ear and screamed. There was a hermit crab inside and it pinched her ear. She never wants to go back! LoL I know this is entirely off topic but I had to tell someone!

  12. Sweet blog! I found it while browsing on Yahoo News. Do you have any tips on how to get listed in Yahoo News? I’ve been trying for a while but I never seem to get there! Many thanks

  13. Hey there I am so grateful I found your web site, I really found you by accident, while I was browsing on Bing for something else, Anyhow I am here now and would just like to say many thanks for a fantastic post and a all round enjoyable blog (I also love the theme/design), I don’t have time to look over it all at the moment but I have book-marked it and also added your RSS feeds, so when I have time I will be back to read a lot more, Please do keep up the great jo.

  14. Whats up are using WordPress for your blog platform? I’m new to the blog world but I’m trying to get started and set up my own. Do you need any coding knowledge to make your own blog? Any help would be greatly appreciated!

  15. I absolutely love your blog and find the majority of your post’s to be just what I’m looking for. Would you offer guest writers to write content for you? I wouldn’t mind creating a post or elaborating on a lot of the subjects you write about here. Again, awesome blog!

  16. Someone necessarily help to make critically posts I’d state. That is the first time I frequented your website page and so far? I surprised with the analysis you made to make this actual submit extraordinary. Magnificent job!

  17. Write more, thats all I have to say. Literally, it seems as though you relied on the video to make your point. You definitely know what youre talking about, why throw away your intelligence on just posting videos to your blog when you could be giving us something informative to read?

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button