Biogaz, umushinga wananiranye usabirwa guhagarara

Komisiyo y’umutwe w’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC yagiriye inama Minisiteri y’Ibikorwa remezo kureka gukomeza gushyira mu bikorwa umushinga wa Biogaz, kuko utigeze utanga umusaruro.
Nk’uko bigaragara muri raporo ya 2021-2022 y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta, igaragaza ko muri Biogaz 10913 zubatse mu Rwanda hose, izigera mu 8354 zidakora.
Ubwo hubakwaga izi Biogaz leta yatanze nkunganire ihwanye n’ibihumbi 300 by’amafaranga y’ u Rwanda kuri buri Biogaz yubatswe, bivuze ko kuzubaka byatwaye 3,273,900,000 Frw hatabariwemo uruhare rw’umuturage.
Bashingiye kandi kuri raporo yakozwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe ingufu, REG nayo igaragaza ko inyinshi muri izi biogaz zidakora.
Ibi byose bikaba byaratewe n’ikibazo cy’abatekenisiye badahagije, guha biogaz abantu batujuje ibisabwa, nk’abahawe biogaz bafite Inka imwe nyamara bisaba kuba ufite eshatu, no kutamenya kuzikoresha.
Gahima Premier wo mu Kagari ka Nyakiga, Umudugudu wa Kavumu , mu Murenge wa Karama mu Karere ka Nyagatare, mu buhamya yigeze guha UMUSEKE yavuze ko yatangiye gukoresha Biogas mu mwaka wa 2017.
Yavuze ko kugira ngo ayihabwe, Akarere ka Nyagatare kashyizemo inkunga y’ ibihumbi 300frw ariko Paruwasi gaturika ya Karama nayo imutera inkunga y’ ibihumbi 100frw.
Gusa nyuma y’amezi icyenda atangiye kuyikoresha, yatangiye kugira ibibazo ndetse iza no gupfa burundu kandi yari yaratangiye kumuhindurira ubuzima.
Iki kibazo kandi agihuriyeho na Semabunda Gerard nawe wo muri uyu Mudugudu.
– –
Yavuze ko yayihawe ikajya imufasha guteka amafunguro mu buryo bwihuse kandi afite isuku ariko ko yaje gupfa nyuma yo gupfusha amatungo maze akabura amase akoresha.
Ati “Inka twari dufite yarapfuye,tubura inka, tuzibuze Biogas irahagarara, ntitwongera kuyikoresha kubera kubura amase.Nagize igihombo gikomeye. Ubu n’inkwi kuzibona ntiziboneka kandi mbere twafashwaga na Biogas “
Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo, Abimana Fidele yabwiye PAC ko uyu mushinga utageze ku ntego zawo, avuga ko bagiye gukora indi nyigo kugira ngo biogaz zangiritse zisanwe.
Gusa abadepite bavuze ko ntacyo bimaze ahubwo baba bagiye gusesagura andi mafaranga, kuko ubusanzwe biogaz imara imyaka 10 kandi izo bashaka gusana zimaze imyaka umunani (8), kuzisana ngo zikore imyaka ibiri ntacyo byaba bimaze.
Muri raporo kandi hagaragajwe ikibazo cy’amafaranga yagombaga gukoreshwa mu kwita kuri izo biogaz amaze imyaka irenga irindwi (7) kuri konte z’inzego z’ibanze atarigeze akoresha ngo hasanwe izo biogaz.
RBA
Hi my family member! I want to say that this article is awesome, great written and come with approximately all significant infos. I’d like to see extra posts like this .
Wow, fantastic blog layout! How long have you been blogging for? you make blogging look easy. The overall look of your site is excellent, let alone the content!
That is a really good tip particularly to those new to the blogosphere. Simple but very precise information… Thanks for sharing this one. A must read post!
Very great post. I just stumbled upon your blog and wished to say that I’ve really enjoyed browsing your weblog posts. In any case I will be subscribing on your rss feed and I am hoping you write again soon!
This design is incredible! You most certainly know how to keep a reader entertained. Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (well, almost…HaHa!) Excellent job. I really enjoyed what you had to say, and more than that, how you presented it. Too cool!
I’ve been browsing on-line greater than three hours these days, yet I by no means discovered any interesting article like yours. It is lovely worth sufficient for me. In my opinion, if all website owners and bloggers made just right content as you did, the web will be much more useful than ever before.
I’ve been browsing online more than 3 hours today, yet I never found any fascinating article like yours. It’s lovely worth sufficient for me. In my opinion, if all website owners and bloggers made good content material as you did, the internet will be a lot more helpful than ever before.
Thanks for finally writing about > %blog_title% < Liked it!
magnificent points altogether, you just won a logo new reader. What could you suggest in regards to your submit that you just made some days ago? Any certain?
I don’t think the title of your article matches the content lol. Just kidding, mainly because I had some doubts after reading the article.
Attractive element of content. I simply stumbled upon your web site and in accession capital to say that I acquire in fact enjoyed account your weblog posts. Any way I’ll be subscribing in your augment or even I achievement you get right of entry to persistently quickly.
Its such as you learn my mind! You appear to understand a lot about this, such as you wrote the guide in it or something. I feel that you just could do with some % to pressure the message home a little bit, but other than that, this is excellent blog. A fantastic read. I will certainly be back.
Hello to every body, it’s my first pay a visit of this blog; this weblog includes remarkable and in fact excellent information in support of visitors.
I’m curious to find out what blog system you are using? I’m having some small security problems with my latest blog and I’d like to find something more safe. Do you have any solutions?
You really make it seem so easy along with your presentation however I in finding this topic to be actually something which I think I would never understand. It seems too complicated and extremely large for me. I’m looking ahead for your next post, I will attempt to get the cling of it!
Hi there! I could have sworn I’ve been to your blog before but after browsing through many of the posts I realized it’s new to me. Regardless, I’m certainly delighted I stumbled upon it and I’ll be bookmarking it and checking back regularly!
Superb, what a weblog it is! This blog presents helpful information to us, keep it up.