Andi Makuru

Abakuwe mu nzu kwa Dubai baratakamba ngo basubire munzu zabo

Nyuma y’uko hagaragaye ko inzu z’ubatswe n’umushoramari witwa Jean Nsabimana, uzwi ku izina rya Dubai zubatse nabi, tariki 17 Mata 2023 nibwo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko imiryango 23 yari ituye mu nzu zigeretse ziri muri uwo mudugudu, yimurwa igashakirwa ahandi ho kuba, nubwo bo basabaga ubufasha kuko bagaragazaga ko ntaho bafite ho kwerekeza.

Mu isuzuma ry’ibanze ryakozwe byagaragaye ko inzu zigera kuri 54 mu zitageretse, zubatswe muri uwo Mudugudu zigomba gusanwa, mu nzu 121 zari zubatswe mu mwaka wa 2015, zirimo 114 zitageretse, mu gihe izindi 7 ari zo zigeretse.

Bamwe mu bari batuye muri izo nzu bavuga ko bahangayishijwe cyane no gukodesha izindi, kandi ari ibintu byababayeho batabanje guteguzwa, ku buryo byatumye ubuzima burushaho kubakomerera.

Gilbert Ngiriyonsanga, umwe mu bari batuye muri izo nzu, avuga ko bahangayikishijwe cyane n’uko bakodesha izindi nzu.

Ati “Duhangayikishijwe nyine no kubona uburyo twakodesha izindi nzu kandi bataraduteguje, kandi mu by’ukuri iyo urebye muri ibi bihe, uba ubona kubona amafaranga yo gukodesha bigoranye.”

Uwitwa Louise Mukamabano ati “Naraguze ndayisana, imfata amafaranga menshi y’inguzanyo, ku buryo nayisannye bitandukanye, bakagombye kuduha igihe tukitegura kuko tutanze ko batugirira neza pe.”

Kuri ubu iyo ugeze muri uwo Mudugudu usanga zimwe muri izo nyubako zaratangiye guhirima, izindi zarengewe n’ibigunda, ndetse harimo n’izatangiye kwibwa ibikoresho birimo amadirishya n’inzugi, ku buryo abahaturiye bavuga ko hasa n’ahabaye indiri y’abagizi ba nabi.

KT

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 494

  1. Hey excellent website! Does running a blog like this take a large amount of work? I have absolutely no understanding of computer programming but I had been hoping to start my own blog soon. Anyway, if you have any ideas or techniques for new blog owners please share. I understand this is off topic however I simply needed to ask. Appreciate it!

  2. Good day very cool blog!! Man .. Excellent .. Amazing .. I’ll bookmark your web site and take the feeds also? I’m happy to search out numerous helpful info here in the submit, we’d like work out extra techniques on this regard, thank you for sharing. . . . . .

  3. An impressive share! I’ve just forwarded this onto a co-worker who had been doing a little homework on this. And he actually ordered me breakfast due to the fact that I stumbled upon it for him… lol. So allow me to reword this…. Thanks for the meal!! But yeah, thanks for spending time to talk about this matter here on your web site.

  4. I think that is among the most important information for me. And i’m happy reading your article. But should observation on some normal things, The site taste is wonderful, the articles is truly excellent : D. Just right process, cheers

  5. I’m really enjoying the theme/design of your website. Do you ever run into any browser compatibility problems? A couple of my blog audience have complained about my site not working correctly in Explorer but looks great in Firefox. Do you have any advice to help fix this issue?

  6. I have learn a few just right stuff here. Definitely value bookmarking for revisiting. I wonder how a lot effort you place to create this sort of great informative site.

  7. Hi! I just wanted to ask if you ever have any problems with hackers? My last blog (wordpress) was hacked and I ended up losing months of hard work due to no data backup. Do you have any methods to prevent hackers?

Leave a Reply to Jamesamima Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button