Andi Makuru

Bamwe mu byishimo, abandi mu gahinda. Perezida Paul Kagame yirukanye abasirikare bakuru muri RDF

Perezida Paul Kagame akaba n’umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda (RDF) yirukanye mu gisirikare abofisiye 16 mu ngabo barimo Maj Gen Aloys Muganga na Brig Gen Francis Mutiganda.

Général Major Aloys Muganga yahoze ari Umugaba Mukuru w’Inkeragutabara guhera mu Ugushyingo 2018, umwanya yavuyeho muri Mata 2019 ubwo yagirwaga Umuyobozi ushinzwe ishami rya gisirikare rishinzwe ibikoresho.

Brig Gen Mutiganda yahoze ari Umuyobozi w’agateganyo ushinzwe iperereza ryo hanze ry’igihugu, mbere yo kuvanwa muri izo nshingano mu 2018.

Mu birukanywe kandi harimo abandi basirikare 116 ndetse n’abandi 112 amasezerano yabo y’akazi muri RDF araseswa, nkuko itangazo ryashyizwe hanze n’Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda ribigaragaza.

Ni itangazo ryasohotse mu ijoro rishyira kuri uyu wa Gatatu tariki 7 Kamena 2023, nyuma gato y’inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Kagame.

Ntabwo hatangajwe icyatumye abo basirikare birukanwa cyangwa amasezerano yabo ahagarikwa, icyakora ingingo ya karindwi y’Itegeko Nº 38/2015 ryo ku wa 30/07/2015 rigena igabanya ry‟umubare w‟abagize Ingabo z‟u Rwanda, kubakura ku murimo,kubasubiza mu buzima busanzwe no kubirukana ivuga ko ugize Ingabo z‟u Rwanda ashobora kwirukanwa kubera imyitwarire mibi ikabije.

Imyitwarire mibi ikabije ituma habaho kwirukanwa byemezwa n‟umuyobozi ubifitiye ububasha. Kuri ba Ofisiye, kwirukanwa bikorwa n‟iteka rya Perezida,

Ni mu gihe ku bijyanye no gusesa amasezerano y’akazi, ingingo ya 105 y’Iteka rya Perezida nº 044/01 ryo ku wa 14/02/2020 rishyiraho sitati yihariye y’Ingabo z’u Rwanda ivuga ko iyo bibaye ngombwa Minisitiri asesa amasezerano y’umurimo yagiranye n’umusirikare.

Iyo amasezerano y’umurimo asheshwe, umusirikare bireba ahabwa amafaranga yo gusesa amasezerano angana na kimwe cya kane (1/4) cy’amafaranga ahabwa urangije amasezerano.

Iryo teka rivuga ko Abofisiye n’aba sous-officiers bakuru bagengwa n’amategeko y’umwuga naho sous-officiers bato n’abasirikare bato bagengwa n’amasezerano y’umurimo bagirana na Minisitiri.

Amasezerano y’umurimo agira agaciro mu gihe kingana n’imyaka icumi ishobora kongerwaho imyaka itanu.
fx_llmowwaia4wl.jpg

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 140

  1. Through my notice, shopping for electronics online may be easily expensive, although there are some tricks and tips that you can use to help you get the best discounts. There are constantly ways to come across discount offers that could help to make one to hold the best electronics products at the lowest prices. Great blog post.

  2. I’ve been active for half a year, mostly for providing liquidity, and it’s always stable performance. Support solved my issue in minutes.

  3. I personally find that the interface is responsive team, and I enjoy cross-chain transfers here. Charts are accurate and load instantly.

  4. excellent post, very informative. I wonder why the other experts of this sector don’t notice this. You must continue your writing. I am sure, you have a huge readers’ base already!

  5. One thing is that if you are searching for a student loan you may find that you’ll want a cosigner. There are many circumstances where this is true because you should find that you do not use a past credit ranking so the loan provider will require that you’ve someone cosign the financial loan for you. Great post.

  6. Thanks for your post on the travel industry. We would also like contribute that if you are one senior thinking of traveling, its absolutely crucial that you buy traveling insurance for elderly people. When traveling, golden-agers are at greatest risk of experiencing a health care emergency. Obtaining right insurance plan package for the age group can protect your health and give you peace of mind.

  7. My partner and I stumbled over here different web page and thought I should check things out. I like what I see so now i’m following you. Look forward to looking at your web page again.

  8. hey there and thank you for your information ? I?ve definitely picked up anything new from right here. I did however expertise several technical issues using this site, since I experienced to reload the site lots of times previous to I could get it to load properly. I had been wondering if your hosting is OK? Not that I am complaining, but slow loading instances times will sometimes affect your placement in google and can damage your high quality score if ads and marketing with Adwords. Anyway I?m adding this RSS to my e-mail and could look out for much more of your respective exciting content. Ensure that you update this again very soon..

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button