Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Bwa mbere Putin yasuye Kursk nyuma yo kuyirukanamo ingabo za Ukraine
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yasuye Intara ya Kursk iri mu Burengerazuba bw’igihugu, bwa mbere nyuma y’aho muri Mata 2025…
Soma ibikurikira » -
Umunyarwanda Axel Rudakubana akurikiranweho gutwika umucungagereza
Umwongereza Axel Rudakubana w’imya 18 y’amavuko ari gukorwaho iperereza nyuma y’aho biketswe ko ari we watwikishije amazi ashyushye umucungagereza ukorera…
Soma ibikurikira » -
Rubavu: Umugabo yapfuye urupfu rw’amayobera muri Lodge
Mu karere ka Rubavu umugabo witwa Mpongo Dieudonné ukomoka i Rwamagana yasanzwe mu nzu zicumbikira bantu ( Rodge) yapfuye. Ibi byabereye…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Macron i Paris
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, byagarutse ku mubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo…
Soma ibikurikira » -
Atletico Madrid yiyongereye mu makipe akomeye akorana n’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda
Atlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu 2028, yo kwamamaza Visit Rwanda,…
Soma ibikurikira » -
Ingabo za SADC zabaga muri RDC zatangiye gutaha zinyuze mu Rwanda
Ingabo zari mu butuma bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangiye gutaha, zinyuze…
Soma ibikurikira » -
Kiliziya y’u Rwanda yatangije icyunamo cy’urupfu rwa Papa Francis
Nyuma yaho Papa Francis wari umushumba wa Kiliziya Gatolika yitabye Imana ku wa 21 Mata 2025 afite imyaka 88, Kiliziya…
Soma ibikurikira » -
Min Nduhungirehe yamaganye Mélenchon wahuje u Rwanda no kuba Niger yarikuye muri OIF
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yamaganye Umufaransa Jean-Luc Mélenchon, wahuje kuva mu muryango OIF (La Francophonie) kw’ibihugu no…
Soma ibikurikira » -
Burundi: Ndayishimiye yasubije i rudubi icyizere cy’ubwumvikane n’u Rwanda
Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye gushoza intambara y’amagambo ku Rwanda, mu gihe impande zombi zari zikomeje ibiganiro bigamije gukemura…
Soma ibikurikira » -
Kigali:U Rwanda rwaciye umubano n’u Bubiligi, runirukana Abadipolomate babwo
Guverinoma y’u Rwanda yamenyesheje iy’u Bubiligi ko yahagaritse umubano wayo nabwo mu bya dipolomasi, inategeka Abadipolomate b’iki gihugu kuba bavuye…
Soma ibikurikira »