Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Igihano cy’igifungo cy’amezi 3-6 ku watwaye yanyoye ibisindisha, itegeko rishya rigenda imikoreshereze y’umuhanda
U Rwanda rwavuguruye itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda mu Rwanda ryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa, aho rigena ko utwaye imodoka…
Soma ibikurikira » -
Nyuma yo kwamagana ibitero bya Amerika na Israel kuri Iran, Espagne yimye Amerika ibirindiro
Indege za Amerika zasubiye iwabo nyuma y’uko Espagne yimye iki gihugu uburenganzira bwo gukoresha ibirindiro by’ingabo byo mu bice bya…
Soma ibikurikira » -
Hehe n’ibishuko byo kurya amafaranga bishyuje, Perezida w’Abahesha b’Inkiko yateguje ko nta muhesha uzajya yishyurwa kuri konti ye
Me NIYONKURU Jean Aime perezida w’Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga yemeje ko bimwe mu bibazo bahanganye nabyo harimo igikomeye cy’abahesha b’Inkiko…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwajyanye UK mu nkiko rwishyuza miliyoni 50 z’amayero.
Leta y’u Rwanda yareze leta y’Ubwongereza mu rukiko mpuzamahanga nkemurampaka rwo mu Buholandi, bijyanye n’amasezerano ku bimukira ibihugu byombi byari…
Soma ibikurikira » -
Rusizi: Ukekwaho kwica umugore we amuhora gutiz isuka, arahigishwa uruhindu.
Umugabo wo mu Karere ka Rusizi ari gushakishwa n’inzego z’ubuyobozi akekwaho kwica umugore we w’isesezerano amuziza ko yatije iwabo isuka.…
Soma ibikurikira » -
Amerika yamaganye FDLR mu burasirazuba bwa DRC
Umwe mu bayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinzwe gukurikirana ibibera muri Afurika, Sarah…
Soma ibikurikira » -
Imirambo y’Umubyeyi n’umukobwa we yasanzwe munsi y’igitanda i Rutsiro
Mu Karere ka Rutsiro hatangiye iperereza ku rupfu rwa Mukahigiro Marie Jeanne w’imyaka 51 n’umukobwa we witwa Mutuyimana Annonciate w’imyaka…
Soma ibikurikira » -
Yishe umugore we bamufata nawe ashaka kwiyahura
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Karongi acungishijwe ijisho mu bitaro bya Kibuye akekwaho kwica umugore bigeze kubana akikomeretsa…
Soma ibikurikira » -
Min Nduhungirehe yashimangiye ko ibiganiro bishaka amahoro bigomba gushingira ku masezerano ya Washington
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro bishakira amahoro Akarere k’Ibiyaga bigari bikwiye kuba bishyigikira intambwe zatewe…
Soma ibikurikira » -
Kera kabaye ikirego cya Ingabire Victoire kigiye kwakirwa
Urukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha…
Soma ibikurikira »