Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Rusizi: Ukekwaho kwica umugore we amuhora gutiz isuka, arahigishwa uruhindu.
Umugabo wo mu Karere ka Rusizi ari gushakishwa n’inzego z’ubuyobozi akekwaho kwica umugore we w’isesezerano amuziza ko yatije iwabo isuka.…
Soma ibikurikira » -
Amerika yamaganye FDLR mu burasirazuba bwa DRC
Umwe mu bayobozi bo muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika bashinzwe gukurikirana ibibera muri Afurika, Sarah…
Soma ibikurikira » -
Imirambo y’Umubyeyi n’umukobwa we yasanzwe munsi y’igitanda i Rutsiro
Mu Karere ka Rutsiro hatangiye iperereza ku rupfu rwa Mukahigiro Marie Jeanne w’imyaka 51 n’umukobwa we witwa Mutuyimana Annonciate w’imyaka…
Soma ibikurikira » -
Yishe umugore we bamufata nawe ashaka kwiyahura
Umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Karongi acungishijwe ijisho mu bitaro bya Kibuye akekwaho kwica umugore bigeze kubana akikomeretsa…
Soma ibikurikira » -
Min Nduhungirehe yashimangiye ko ibiganiro bishaka amahoro bigomba gushingira ku masezerano ya Washington
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe yatangaje ko ibiganiro bishakira amahoro Akarere k’Ibiyaga bigari bikwiye kuba bishyigikira intambwe zatewe…
Soma ibikurikira » -
Kera kabaye ikirego cya Ingabire Victoire kigiye kwakirwa
Urukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha…
Soma ibikurikira » -
Uganda: Amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu gisa n’umwijima wo guhagarika murandasi
Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Mutarama 2026, abaturage muri Uganda berekeje mu matora mu bihe bitoroshye, mu gihe Perezida…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda mu bihugu 75 byahagarikiwe guhabwa VISA ya USA
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage…
Soma ibikurikira » -
Amerika yasabye abanyamerika bari muri IRAN kuvayo by’ikubagahu
Mu gihe imyigaragambyo y’abaturage ba Iran binubira igiciro gihanitse cy’imibereho bagasaba ko ubutegetsi buvaho ikomeje gufata indi ntera, Leta Zunze…
Soma ibikurikira » -
Louise Mushikiwabo azongera kwiyamamariza kuyobora OIF muri manda ya 3
Perezida Paul Kagame yafashe icyemezo cyo kongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha…
Soma ibikurikira »