Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kera kabaye ikirego cya Ingabire Victoire kigiye kwakirwa
Urukiko rw’Ikirenga rwategetse ko ikirego cyatanzwe na Ingabire Victoire Umuhoza agaragaza ko ingingo ya 106 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza nshinjabyaha…
Soma ibikurikira » -
Uganda: Amatora y’umukuru w’igihugu yabaye mu gisa n’umwijima wo guhagarika murandasi
Kuri uyu wa Kane, itariki 15 Mutarama 2026, abaturage muri Uganda berekeje mu matora mu bihe bitoroshye, mu gihe Perezida…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda mu bihugu 75 byahagarikiwe guhabwa VISA ya USA
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko yahagaritse ibikorwa byo gusuzuma no gutanga Visa ku baturage…
Soma ibikurikira » -
Amerika yasabye abanyamerika bari muri IRAN kuvayo by’ikubagahu
Mu gihe imyigaragambyo y’abaturage ba Iran binubira igiciro gihanitse cy’imibereho bagasaba ko ubutegetsi buvaho ikomeje gufata indi ntera, Leta Zunze…
Soma ibikurikira » -
Louise Mushikiwabo azongera kwiyamamariza kuyobora OIF muri manda ya 3
Perezida Paul Kagame yafashe icyemezo cyo kongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’umuryango OIF uhuza ibihugu bikoresha…
Soma ibikurikira » -
Umwe muri 40 barwanyije Polisi yahasize ubuzima
Mu ijoro rishyira kuri iki Cyumweru ubwo Polisi ikorera mu Karere ka Musanze yari mu bikorwa byo gucunga umutekano mu…
Soma ibikurikira » -
Abiganjemo ibyamamare n’ingeri zitandukanye bakiriwe na Perezida Kagame mu birori bisoza umwaka
Ku mugoroba wo ku wa 29 Ukuboza 2025, Perezida Kagame yakiriye abantu b’ingeri zinyuranye mu birori byo kwishimira ibyo u…
Soma ibikurikira » -
Urugaga rw’Abahesha b’inkiko rwahaye uwarotse Jenoside inzu ya miliyoni 21
Urugaga rw’Abahesha b’Inkiko b’Umwuga mu Rwanda (PBA) rwashyikirije inzu Mudahinyuka Aloys, warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi utishoboye utuye mu Intara y’Amajyepfo,…
Soma ibikurikira » -
Ntabwo nagira umuntu perezida ntibibaho. Perezida Kagame kubavuga ko ategurira umukobwa we ubuperezida
Perezida Paul Kagame yateye utwatsi ibivugwa ko yaba ari gutegurira umukobwa we Ingabire Ange Kagame kuzamusimbura ku butegetsi, agaragaza ko…
Soma ibikurikira » -
IPAR Rwanda yamuritse ubushakashatsi bugaragaza ibyuho mu bugenzuzi bw’umurimo
Hashize igihe humvikana ibyaha byibasira ibisukikije hirya no hino mu birombe byumvikanamo abakora ubucukuzi butemewe bamwe bagahuriramo nimpanuka zinatera imfu…
Soma ibikurikira »