Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Bwanakweli undi mugabo ukaswe igitsina n’umugore we
Umugabo witwa Bwanakweli wo mu Mudugudu wa Kanyinya, Umurenge wa Mbuye, mu Karere ka Ruhango yavuze ko yahuye n’uruva gusenya…
Soma ibikurikira » -
Amavubi y’u Rwanda ntagikiniye imikino ya gicuti muri Maroc ku ‘mpamvu z’umutekano
Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) rivuga ko imikino ya gicuti mpuzamahanga y’ikipe y’igihugu Amavubi yari iteganyijwe kubera i Marrakech…
Soma ibikurikira » -
Ikihishe inyuma y’ibihano Amerika yafatiye abofisiye bakuru muri M23 na FDLR
Leta y’Amerika yafatiye ibihano abakomanda babiri b’imitwe y’inyeshyamba ishinjwa guteza urugomo n’umutekano mucye mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya…
Soma ibikurikira » -
Leta yategetse ko litiro miliyoni 2 zabitswe nabacuruzi zishyirwa ku isoko
Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro, RRA, cyahaye abacuruzi b’ibikomoka kuri peteroli iminsi 30 yo gukura mu bubiko lisansi na mazutu imazemo amezi…
Soma ibikurikira » -
Prezida Kagame yasabye abapolisi bashya kwirinda ruswa no kwishyira hejuru
Perezida Paul Kagame yashimye Polisi y’Igihugu ku myaka 25 imaze ikorera Abanyarwanda akazi keza kandi k’indashyikirwa, avuga ko muri icyo…
Soma ibikurikira » -
Dr Semwaga afunzwe akurikiranweho ibyaha bifitanye isano no gufasha abatabyara kubona urubyaro
Urukiko i Kigali mu Rwanda ku wa kabiri rwakatiye Dr Emmanuel Semwaga gufungwa by’agateganyo kubera ibyaha akurikiranweho bifitanye isano n’akazi…
Soma ibikurikira » -
Ousmane Sonko wirukanwe ku buminisitiri bw’Intebe muri Sénégal yatorewe kuyobora Ishinga Amategeko
Ousmane Sonko uherutse guhagarikwa ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe wa Sénégal yatorewe umwanya wa Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko kuri uyu…
Soma ibikurikira » -
USA n’u Rwanda basinyanye amasezerano ku ikoreshwa ry’ingufu za Nikeleyeri
U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ikoreshwa ry’ingufu za Nikeleyeri mu…
Soma ibikurikira » -
DR Murangira B Thierry yaburiye abanga kwitaba RIB yabahamagaje
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr Murangira B. Thierry, yibukije abaturarwanda ko iyo umuntu ahamagawe n’Umugenzacyaha ku mpamvu z’iperereza ategetswe…
Soma ibikurikira » -
Igihano cy’igifungo cy’amezi 3-6 ku watwaye yanyoye ibisindisha, itegeko rishya rigenda imikoreshereze y’umuhanda
U Rwanda rwavuguruye itegeko rigenga ikoreshwa ry’umuhanda mu Rwanda ryari rimaze imyaka irenga 38 rikoreshwa, aho rigena ko utwaye imodoka…
Soma ibikurikira »