Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Baku:RDC yashinje u Rwanda kuyibuza kurwanya ihindagurika ry’ikirere
Minisitiri w’Intebe wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Judith Suminwa Tuluka, yashinje u Rwanda kubuza igihugu cyabo kurwanya ihindagurika ry’ikirere.…
Soma ibikurikira » -
Kayonza: Abayobozi b’ikigo cy’amashuri barimo Ababikira babiri batawe muri yombi
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abayobozi b’ikigo cy’amashuri cya ‘Saint Christopher TVET’ giherereye mu Karere ka…
Soma ibikurikira » -
RDF yataye muri yombi umusirikare warashe abantu batanu i Nyamasheke
Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwatangaje ko bwataye muri yombi umusirikare witwa Sergeant Minani Gervais w’imyaka 39 y’amavuko, akaba akurikiranyweho…
Soma ibikurikira » -
Rulindo: Nyuma yo kuba Umujyanama wa Meya Gitifu yasabwe ibisobanuro
Mu nkuru z’ikinyamakuru BWIZA zo mubihe bitandukanye zagarutse kuri dosiye y’uwahoze ari Gitifu w’Umurenge wa Mbogo mu Karere ka Rulindo…
Soma ibikurikira » -
Putin yashimye Trump ku ntsinzi ye amwita “umugabo w’ubutwari”
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya yashimiye Donald Trump ku ntsinzi ye mu matora, amwita “umugabo w’ubutwari”. Avugira mu gikorwa cyaberaga mu…
Soma ibikurikira » -
Visi perezida Obiang Ngwema yatangaje ingamba zikomeye ku basambanira mu biro
Visi perezida wa Guinée Equatoriale yatangaje ko abategetsi bakorera imibonano mpuzabitsina mu biro byabo bazafatirwa “ingamba zikomeye”. Ni nyuma y’uko…
Soma ibikurikira » -
RDF yahakanye ko ntaho ingabo z’u Rwanda zihuriye n’imyigaragambyo y’i Maputo
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Brig. Gen Ronald Rwivanga, yavuze ko nta Ngabo z’u Rwanda ziri i Maputo mu murwa Mukuru…
Soma ibikurikira » -
Padiri Katabogama yafunzwe iminsi 30 y’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarubuye rwategetse ko Padiri Katabogama Phocas wayoboraga Lycée de Rusumo mu Karere ka Kirehe ukurikiranyweho gusambanya umwana,…
Soma ibikurikira » -
Kinshasa iratega iminsi ibiganiro bya Luanda kubera imirwano yubuye
Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa DR Congo yabwiye BBC ko kubera imirwano yubuye mu minsi ishize muri teritwari ya Walikale y’Intara…
Soma ibikurikira » -
OTAN yemeza ko ingabo za Korea ya Ruguru zamaze gushika mu Burusiya
Ku ncuro ya mbere, OTAN/NATO yatangaje ko ingabo za Korea ya Ruguru ziza zaramaze koherezwa mu Burusiya, ubu zikaba zirimo…
Soma ibikurikira »