Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
HCR yitambitse mu mugambi wo kohereza mu Rwanda abashaka ubuhungiro mu bwongereza
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryaburiye abacamanza ko rishobora kuba rifite ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa…
Soma ibikurikira » -
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye mu butumwa bwa Loni muri Sudani y’Epfo
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, aho bazasimbura abari bamazeyo…
Soma ibikurikira » -
Ni iki cyitezwe ku nama ya mbere ya Korea-Africa Summit yitabiriwe n’ibihugu 48 bya Afurika?
Abategetsi b’i Seoul batangaje ko ibihugu 48 bya Africa byitabiriye ubutumire mu nama ya mbere ya Korea-Africa Summit. Ugomba kuba…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruza kumwanya wa 2 mu kurya ibirayi buri munsi Rwanda, Miliyoni barya ibirayi buri munsi
Umuyobozi w’ikigo mpuzamahanga cyita ku ruhererekane nyongeragaciro rw’ibihingwa by’ibinyabijumba birimo n’ibirayi International Patato Center (CIP), yatangaje ko u Rwanda ari…
Soma ibikurikira » -
Trump yahamijwe ibyaha 34 mu rubanza rw’amateka, yaba ari iherezo ryo kwiyamamaza kwe?
Ibyaha 34, umucamanza umwe urakaye, n’itsinda ry’abatangabuhamya. Nyuma y’iminsi ibiri abacamanza 12 b’i New York biherereye ngo banzure, basanze Trump…
Soma ibikurikira » -
Diane Shima Rwigara yagejeje kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwasabye abanyarwanda kutita kubashaka kudobya amatora
Guverinoma y’u Rwanda kuwa 28 Gicurasi 2024 yagaragaje ko hari abari gukoresha itangazamakuru mu mugambi wo kudobya amatora rusange ateganyijwe…
Soma ibikurikira » -
Papa Francis mu mvugo ikakaye yamaganye ibyo kwemerera abatinganyi kuba abapadiri
Byatangajwe ko Papa Francis yakoresheje imvugo isebanya cyane, ishobora kugira ingaruka ikomeye ku buryo imyifatire ye ku batinganyi ibonwamo. Ubwo…
Soma ibikurikira » -
Casques za moto zisanzwe zigiye kuvanwa ku isoko zibise inshya
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangije ubukangurambaga bwo gufasha abakoresha moto mu buryo butandukanye gukoresha casques zigezweho, zifite ubuziranenge bwisumbuye, bitandukanye n’izari zisanzwe.…
Soma ibikurikira » -
Imbunda 750,000 ziri mu basivile ba Kenya ziruta izifitwe n’abapolisi n’abasirikare
Mu gihe Kenya ihanganye no kwiyongera kw’ibyaha by’urugomo, BBC Africa Eye yakurikiranye uwahoze ari umujura witwaza intwaro ubu urimo gusaba…
Soma ibikurikira »