Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kigali: Imodoka itwara abagenzi yakoze Impanuka
Imodoka ya RITCO yavanaga abagenzi mu Karere ka Rubavu, izana abagenzi mu mujyi wa Kigali,yakoze impanuka, igonga ipoto , nayo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yakiriye abafashije mu kwiyamamaza kwe akomoza ku mubano w’u Rwanda n’abarurwanya
Perezida Paul Kagame yavuze ko muri politike y’u Rwanda ndetse n’iy’Umuryango FPR Inkotanyi, hashyirwa imbere ikijyanye n’ubucuti no gukorana neza,…
Soma ibikurikira » -
Ubunoteri mu mirimo y’Abahesha b’Inkiko, kuvugurura amwe mu mategeko; bimwe mubyo basaba Minijust
Mu nama y’inteko rusange yateranyije abahesha b’Inkiko b’umwuga na Minisiteri y’Ubutabera hagamijwe kurebera hamwe bimwe mu bibangamiye umwuga w’Ubuhesha bw’Inkiko…
Soma ibikurikira » -
Ubushinjacyaha bwasabiye Nkundineza gufungwa imyaka 5
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije ubujurire mu rubanza rw’Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza wajuriye agasanga n’ubushinjacyaha bwarajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa…
Soma ibikurikira » -
FPR yihariye 62% mu matora y’abadepite mu majwi amaze kubarurwa
Akanama k’amatora mu Rwanda katangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere…
Soma ibikurikira » -
Amatora-Rwanda: Hatowe abadepite 27 bahagarariye ibyiciro byihariye
Nyuma y’amatora rusange yabaye kuri uyu wa mbere, mu gihugu cyose, uyu munsi wa kabiri wari wahariwe amatora y’abadepite 27…
Soma ibikurikira » -
Abarepubulikani bemeje Donald Trump nk’umukandida wabo mu matora ya perezida
Nyuma y’iminsi ibiri arashwe ku gutwi kw’iburyo ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza guhagarira ishyaka ry’Aba-Républicains mu matora ya Perezida…
Soma ibikurikira » -
Kagame yongeye kwanikira abo bari bahanganiye intebe ya perezida.
Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko iby’ibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu byagaragaje ko Kagame Paul yatsinze ku majwi 99.15%, mu…
Soma ibikurikira » -
Dr Frank Habineza na Mpayimana Philippe batoye
Perezida w’ishyaka DGPR riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umukandida waryo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr Frank Habineza, ndetse n’umukandida…
Soma ibikurikira » -
Nta gahunda yo gusubiza amafaranga yatanzwe na UK- umuvugizi wa guverinoma Mukuralinda
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko u Rwanda rutazasubiza u Bwongereza amafaranga bwaruhaye muri gahunda yo…
Soma ibikurikira »