Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Urubanza ruregwamo Gafaranga rwaburanishijwe mu muhezo
Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwashyize mu muhezo urubanza rwa Habiyaremye Zacharie wamenyekanye ku mbuga nkoranyambaga nka Bishop Gafaranga. Bishop Gafaranga…
Soma ibikurikira » -
RIB yafunze Ndagijimana wifashe amashusho yambaye Impuzankano zayo
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwataye muri yombi Ndagijimana Straton nyuma yuko yifashe amashusho n’amafoto yambaye impuzankano ya RIB akayasakaza ku mbuga…
Soma ibikurikira » -
Polisi yafunze uwabeshye ko i Musanze hatewe igisasu
Mu karere ka Burera, umurenge wa Butaro, akagari ka Mubuga umudugudu wa Rupangu, Polisi ikorera mu ntara y’Amajyaruguru yafashe umuturage…
Soma ibikurikira » -
Hatangijwe umwaka w’ubucamanza, ibirarane by’imanza byongera kugarukwaho nk’imbogamizi
Perezida w’Urukiko rw’Ikirenga, Mukantaganzwa Domitilla, yatangaje ko mu mwaka w’Ubucamanza wa 2024/25, hashyizwe imbaraga mu kuburanisha imanza zinjira mu nkiko…
Soma ibikurikira » -
Kamonyi: umwana w’umukobwa yivuganye undi wumuhungu amuteye icyuma
Umwana w’umuhungu w’imyaka 16 wo mu Karere ka Kamonyi, yapfiriye ku Kigo Nderabuzima cya Remera Rukoma, nyuma yo guterwa icyuma…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rwashimangiye ko Ingabire Victoire akomeza gufungwa by’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Ingabire Victoire Umuhoza ukurikiranyweho ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda, akomeza gufungwa by’agateganyo.…
Soma ibikurikira » -
Hamenyekanye ibisabwa umuntu ushaka gutwitira abandi
Ingingo yo gutwitira undi iri mu nzira zo kwemerwa mu mategeko y’u Rwanda, yakiranywe yombi n’Abaturarwanda b’ingeri zose. Bavuga ko…
Soma ibikurikira » -
Russia: Urukiko rwakatiye Jesus Christ ibihano
Umugabo witwa Jesus Petrovich Christ yahanwe n’urukiko rwo mu Mujyi wa Kazan mu Burusiya, kubera kurenga ku mategeko agenga abimukira…
Soma ibikurikira » -
Gaza: Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe barashwe n’indege ya Israel
Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe mu gitero cy’ingabo za Israel bari ku bitaro bya Al-Shifa muri Gaza, nk’uko icyo…
Soma ibikurikira » -
Muyumbu: Babiri barashwe bari kurwanya Polisi
Abagabo babiri bari bakurikiranyweho kwica abazamu barindaga ububiko bw’inzoga mu Karere ka Rwamagana, barashwe ubwo bari basingiriye Abapolisi, bagashaka kubanigisha…
Soma ibikurikira »