Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Kigali: Bisi yagonze imodoka ebyiri na moto
Bisi ya Yutong yari ivanye abagenzi i Nyamirambo mu Karere ka Nyarugenge yagongeye imodoka nto mu murenge wa Gitega, bamwe…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame ntiyumva uko RDC isabiriza kandi ifite umutungo mwinshi
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo itakabaye yirirwa isabiriza inkunga mu mahanga kandi ifite umutungo kamere…
Soma ibikurikira » -
Ni gute Prince Kid yafatiwe muri Amerika?
Ishimwe Dieudonné uzwi nka Prince Kid wahamijwe n’ubutabera bw’u Rwanda ibyaha byo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato no gusaba…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruri kwishyuza u Bwongereza arenga miliyari 89 Frw
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yasabye u Bwongereza kwishyura miliyoni 50 z’ama-Pound [arenga miliyari 89,2 Frw] akubiye mu masezerano ateganya…
Soma ibikurikira » -
Umunyemari Mironko yatsinzwe urubanza yarezemo u Rwanda mu rukiko rwa EACJ
Umunyemari Mironko François-Xavier wishyuzaga Leta y’u Rwanda miliyari 18 Frw z’impuzankano za gisirikare sosiyete ye yaguze hagati y’umwaka wa 1993…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yasabye David Lammy kubaha inzira z’amahoro z’ibihugu bya Afurika.
Perezida Paul Kagame yakiriye muri Village Urugwiro, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Bwongereza, David Lammy. Baganiriye ku mubano w’u Rwanda n’u…
Soma ibikurikira » -
Bukavu:M23 ikomeje gukusanya intwaro zatawe n’ingabo za RDC
Abatuye mu mujyi wa Bukavu, intara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bakomeje gukusanya intwaro zatawe n’ihuriro…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruzakomeza ingamba z’umutekano warwo – Amb. Rwamucyo
Ambasaderi w’u Rwanda uhoraho mu Muryango w’Abibumbye (UN), Ernest Rwamucyo, ubwo ku wa Gatatu tariki 19 Gashyantare 2025, yari mu…
Soma ibikurikira » -
51% by’abana basambanye batarageza imyaka 12 muri 2023
Umuyobozi ushinzwe Ubuzima bw’Umubyeyi n’Umwana mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr. Aline Uwimana, yatangarije Abadepite bagize Komisiyo y’Imibereho y’Abaturage…
Soma ibikurikira » -
Urubanza DRC yarezemo u Rwanda rwatangiye kuburanishwa i Arusha
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 12 Gashyantare 2025, i Arusha ku Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa Muntu, hatangiye kumvwa urubanza Repubulika…
Soma ibikurikira »