Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Nyanza: Umusore w’imyaka 22 yivuganye se bapfa ko yanze kumugurira moto
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 y’amavuko utuye mu Karere ka Nyanza mu Murenge wa Muyira, arashinjwa kwica se umubyara…
Soma ibikurikira » -
RDF yemeje ko abanyarwanda 5 bishwe n’amasasu FARDC yarashe mu Rwanda
Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Brig Gen Ronald Rwivanga, yatangaje ko abaturage batanu bo mu Karere ka Rubavu bishwe n’amasasu…
Soma ibikurikira » -
RIB yafunze umuforomo ukekwaho gusambanya ku gahato umukozi ukora isuku kwa muganga
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi umuforomo w’imyaka 39 ukora ku kigo nderabuzima cya Ruheru mu Karere ka Nyamasheke,…
Soma ibikurikira » -
Urwego rw’Umuvunyi rwagaragaje ko hakenewe impinduka mu buryo cyamunara ikorwamo
Umuvunyi Mukuru, Nirere Madeleine, yagaragaje ko uburyo cyamunara ikorwamo kuri ubu hakirimo icyuho gishingiye ku kugabanya agaciro k’umutungo bikabije, bikagira…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yahaye umukoro abayobozi muri Minisport bamushyikirije indahiro
Perezida Paul Kagame yasabye abayobozi bashya ba Minisiteri ya Siporo kubyaza umusaruro uru rwego bahawe kuyobora, rukungukira igihugu n’Abanyarwanda muri…
Soma ibikurikira » -
Intumwa ya Perezida Lourenço wa Angola yakiriwe mu rugwiro
Perezida Paul Kagame yakiriye ku biro bye Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Tete Antonio, wamuzaniye ubutumwa bwihariye bwa Perezida João…
Soma ibikurikira » -
Biryogo:Umunyeshuri yabyaye umwana amuta mu bwiherero yemera ko inda yayitewe n’umuhungu wa Gitifu
Umukobwa w’imyaka ishidikanwaho wiga mu ishuri rya Camp Kigali, yatawe muri yombi nyuma y’aho abyariye umwana w’umuhungu amuta mu bwiherero.…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagaragaje inyungu u Rwanda rufite mu ishuri rishya rya OMS
Perezida Paul Kagame yagaragaje ko Ishuri ry’Ishami rya Loni ryita ku Buzima, OMS, ryafunguwe mu Bufaransa rije rikenewe mu gufasha…
Soma ibikurikira » -
Kayonza: Urujijo ku rupfu rw’umunyeshuri w’imyaka 16
Ubuyobozi bw’Ishuri rya Kayonza Modern School bwatangaje ko urupfu rwa Keza Kelia w’imyaka 16, rukomeje guteza urujijo nta ruhare burufitemo…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwanyomoje ibyatangajwe na Kinshasa ku isubikwa ry’ibiganiro by’abakuru b’ibihugu
Ku wa 15 Ukuboza 2024, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Félix Antoine Tshisekedi akigera i Luanda, nta minota…
Soma ibikurikira »