Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
-
Kiyombe Nyagatare: Umugabo yise umugore we n’abana nawe ariyahura
Umugabo w’imyaka 65 wari utuye mu Karere ka Nyagatare, yishe umugore we n’abana babo babiri, arangije ariyahura. Ibi byabaye mu…
Soma ibikurikira » -
Cristiano yafaashije Portugal kwibikaho UEFA Nations Cup ya 2
Ikipe y’Igihugu ya Portugal y’umupira w’amaguru ifite Cristiano Lonaldo nka kapiteni, yegukanye UEFA Nations League ya 2025 itsinze iya Espagne…
Soma ibikurikira » -
AFC-M23 yemeje ko Kabila yageze i Goma
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yaraye ageze mu…
Soma ibikurikira » -
Bwa mbere Putin yasuye Kursk nyuma yo kuyirukanamo ingabo za Ukraine
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yasuye Intara ya Kursk iri mu Burengerazuba bw’igihugu, bwa mbere nyuma y’aho muri Mata 2025…
Soma ibikurikira » -
Umunyarwanda Axel Rudakubana akurikiranweho gutwika umucungagereza
Umwongereza Axel Rudakubana w’imya 18 y’amavuko ari gukorwaho iperereza nyuma y’aho biketswe ko ari we watwikishije amazi ashyushye umucungagereza ukorera…
Soma ibikurikira » -
Rubavu: Umugabo yapfuye urupfu rw’amayobera muri Lodge
Mu karere ka Rubavu umugabo witwa Mpongo Dieudonné ukomoka i Rwamagana yasanzwe mu nzu zicumbikira bantu ( Rodge) yapfuye. Ibi byabereye…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na Macron i Paris
Perezida Kagame yagiranye ibiganiro na mugenzi we w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, byagarutse ku mubano w’ibihugu byombi ndetse no ku bibazo…
Soma ibikurikira » -
Atletico Madrid yiyongereye mu makipe akomeye akorana n’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda
Atlético de Madrid yabaye ikipe ya mbere yo muri Espagne, yasinye amasezerano yo kuzageza mu 2028, yo kwamamaza Visit Rwanda,…
Soma ibikurikira » -
Ingabo za SADC zabaga muri RDC zatangiye gutaha zinyuze mu Rwanda
Ingabo zari mu butuma bw’Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo (SADC) mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zatangiye gutaha, zinyuze…
Soma ibikurikira »