Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Urukiko rwashimangiye ko Ingabire Victoire akomeza gufungwa by’agateganyo
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko Ingabire Victoire Umuhoza ukurikiranyweho ibyaha birimo gushaka guhirika ubutegetsi bw’u Rwanda, akomeza gufungwa by’agateganyo.…
Soma ibikurikira » -
Hamenyekanye ibisabwa umuntu ushaka gutwitira abandi
Ingingo yo gutwitira undi iri mu nzira zo kwemerwa mu mategeko y’u Rwanda, yakiranywe yombi n’Abaturarwanda b’ingeri zose. Bavuga ko…
Soma ibikurikira » -
Russia: Urukiko rwakatiye Jesus Christ ibihano
Umugabo witwa Jesus Petrovich Christ yahanwe n’urukiko rwo mu Mujyi wa Kazan mu Burusiya, kubera kurenga ku mategeko agenga abimukira…
Soma ibikurikira » -
Gaza: Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe barashwe n’indege ya Israel
Abanyamakuru batanu ba Al Jazeera bishwe mu gitero cy’ingabo za Israel bari ku bitaro bya Al-Shifa muri Gaza, nk’uko icyo…
Soma ibikurikira » -
Muyumbu: Babiri barashwe bari kurwanya Polisi
Abagabo babiri bari bakurikiranyweho kwica abazamu barindaga ububiko bw’inzoga mu Karere ka Rwamagana, barashwe ubwo bari basingiriye Abapolisi, bagashaka kubanigisha…
Soma ibikurikira » -
-
Kiyombe Nyagatare: Umugabo yise umugore we n’abana nawe ariyahura
Umugabo w’imyaka 65 wari utuye mu Karere ka Nyagatare, yishe umugore we n’abana babo babiri, arangije ariyahura. Ibi byabaye mu…
Soma ibikurikira » -
Cristiano yafaashije Portugal kwibikaho UEFA Nations Cup ya 2
Ikipe y’Igihugu ya Portugal y’umupira w’amaguru ifite Cristiano Lonaldo nka kapiteni, yegukanye UEFA Nations League ya 2025 itsinze iya Espagne…
Soma ibikurikira » -
AFC-M23 yemeje ko Kabila yageze i Goma
Joseph Kabila Kabange wabaye Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuva mu 2001 kugeza mu 2019, yaraye ageze mu…
Soma ibikurikira » -
Bwa mbere Putin yasuye Kursk nyuma yo kuyirukanamo ingabo za Ukraine
Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yasuye Intara ya Kursk iri mu Burengerazuba bw’igihugu, bwa mbere nyuma y’aho muri Mata 2025…
Soma ibikurikira »