Andi Makuru

Saa Moya, Isaha nshya ntarengwa yo kuba abantu bageze mu ngo

Nyuma y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 26 Kanama 2020, Itangazo ry’Ibeyemezo byayo ryagaragayemo impinduza ziganisha ku gukaza ingamba zo kwirinda icyorezo cya COVID-19 nyuma y’uko bigaragaye ko imibare y’ubwandu n’abantu bapfa ikomeje kwiyongera, byatumye iyi nama yanzura ko ingendo zibujijwe guhera saa moya z’ijoro aho kuba saa tatu kugera saa kumi n’imwe z’igitondo nk’uko byari bimeze.

Muri Kigali niho hakomeje kugaragara umubare munini w’abantu banduye by’umwihariko abakorera mu masoko atandukanye cyane iryo mu Mujyi rwagati rizwi nka Kigali City Market n’iry’i Nyabugogo ahazwi nko kwa Mutangana byanatumye yombi afungwa.

Kuva umurwayi wa mbere wa COVID-19 iterwa n’agakoko gashya ka Coronavirus agaragaye mu Rwanda ku wa 14 Werurwe 2020, hamaze kuboneka 3625 banduye mu bipimo 383 481, abagera ku 1810 barayikize mu gihe 1800 bakitabwaho n’abaganga naho 15 bitabye Imana.

Iyi nama yari iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafatiwemo ibyemezo birebana no guhangana n’ikwirakwira ry’icyorezo cya COVID-19 gikomeje kugera kuri benshi mu Rwanda, yanzuye ko mu kugabanya ubu bwandu, usibye amasaha y’ingendo yashyizwe saa moya aho kuba saa tatu nk’uko byari bimenyerewe, ubu ingendo hagati y’Umujyi wa Kigali n’izindi ntara hifashishijwe imodoka rusange nazo zitacyemewe.

Ni mu gihe ingendo zo kujya cyangwa kuva mu Karere ka Rusizi zahagaritswe uretse amakamyo atwaye ibicuruzwa gusa.

Indi myanzuro y’iyi nama yose urayisanga muri iri tangazo ryose.
page_1.jpg
page_2.jpg
page_3.jpg
page_4.jpg

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 15

  1. Undeniably believe that which you said. Your favorite reason appeared to be on the internet the simplest thing to be aware of. I say to you, I definitely get irked while people consider worries that they just do not know about. You managed to hit the nail upon the top and defined out the whole thing without having side-effects , people could take a signal. Will likely be back to get more. Thanks|

  2. I was recommended this web site through my cousin. I am no longer positive whether this put up is written via him as no one else understand such distinct approximately my trouble. You are amazing! Thanks!|

  3. Very nice post. I just stumbled upon your blog and wished to say that I’ve truly enjoyed surfing around your blog posts. After all I’ll be subscribing to your rss feed and I hope you write again very soon!|

  4. Hey! Someone in my Myspace group shared this site with us so I came to check it out. I’m definitely loving the information. I’m bookmarking and will be tweeting this to my followers! Excellent blog and terrific style and design.|

  5. Great blog here! Also your site loads up very fast! What host are you using? Can I get your affiliate link to your host? I wish my website loaded up as quickly as yours lol|

Leave a Reply to koooralive Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button