Kuki Donald Trump atinya byimazeyo kurekura ubutegetsi?

Donald Trump umwe mu ba president badasanzwe ndetse batangaje babayeho muri USA. Ni uwa 45 wayoboye iki gihugu cy’igihangage. Kuri ubu benshi baribaza niba gahunda afite yo kurwanira insinzi no guhakana ko Joe Biden yatsinze kugeza ku ndunduro hari aho bizamugeza.
Igisubizo tuzakibwirwa n’igihe, ahubwo munkundire turebera hamwe impamvu zikomeye zituma Donald Trump yizirika burundu ku butegetsi. Yego gukomeza kuyobora ntawe utabikunda, ikindi ni umwe mu ba president bake cyane bananiwe kwisubiza insinzi ngo bayoboye indi manda.
Kuva intambara ya kabiri yisi yarangira byabaye ku ba president babiri gusa. Jimmy Carter wayoboye Amerika kuva muri 1963 kugera muri 67 na George Hebert W. Bush wayoboye kuva mu 1989 kugera muri 93. Trump ni uwa gatatu waba unaniwe kwisubiza iyo nsinzi ya mandate ya kabiri biri mu byatuma agundira ubutegetsi cyane ko muri Kamere ye gustindwa abyirinda cyane.
Nyamara si izo mpamvu ebyiri mbanje zikomeye. Impamvu nyamukuru ni uko Trump yaba atinya cyane ibirego bigomba kumushyirwaho mu gihe yaba atakiri President wa USA, kuko ubudahangarwa ahabwa n’amategeko burangirana n’inshingano z’umukuru w’igihugu.
Uti arazira iki? Ibitabo byinshi birimo ikitwa Un parrain a la maison blanche cya Fabrizio Calvi, Stupide et Dangereux cyanditswe na Normand Lester n’ibindi byinshi bigaruka ku mateka y’uyu mugabo w’umusatsi w’umuhondo wabayeho mu bikorwa bitandukanye bitemewe n’amategeko kugeza nubwo ngo yakoranaga na Mafia ariko yagera aho agashobora kugera mu nzu yererana ngo ayobore abanyamerika.
Benshi biganjemo abagore bamaganye Trump agitorwa na mbere yaho bamushinja kubahohotera mu myaka ya kera, abandi bakamuvugaho ibikorwa byo gukwepa umusoro n’ibindi byinshi.
Umwishywa wa Donald trump yatangarije ikinyamuru the newyorker ko Trump afitiye ubwoba kuba kuva kubutegetsi kuko ngo atekereza ko yazakurikiranwa n’inkiko ku birego bitandukanye bimwe byaregerwa inkiko zisanzwe, izo bita civile bidahanisha igifungo n’ibindi byajyanwa mu nkiko ziburanisha ibyaha, criminal, ibi nibyo bihanishwa igifungo.
Kugeza aka kanya Donald Trump yashoboye gukwepa neza ibirego bitandukanye byari bigamije kumwambura ubunyangamugayo ngo akurwe ku buyobozi, harimo ibyamushinjaga kwiyandarika mu bagore bamwe banamushinja kubafata kungufu, harimo n’ibikorwa byo kunyereza umusoro byose bitamuhamye ariko abahanga bemeza ko byanga bikunda ubudahangarwa ahabwa no kuba yitwa president wa USA nabwamburwa azahita atabwa kuwa kajwiga.
Donald Trump nta gishya abibonamo kuba yakurikiranwa kuko kugeza ubu yarezwe mu birego 4000 byose byiganjemo ibiri civile bishobora gutuma akurikiranwa n’ubutabera mugihe cyose yaba atsinzwe amatora byeruye.
Uretse n’ibyo habarurwa imisoro myinshi trump yanyereje ibarirwa mu Magana y’ibihumbi by’amadorali. Kimwe nuko hari umwenda usanzwe urenga byanga bikunda miliyoni 300 z’amadorali ya amerika agomba kwishyurwa byihutirwa.
Ikinyamakuru Financial Times cyo kivuga ko umwenda uremereye Trump awufite mu ishoramari ry’ibijyanye n’inyubako aho afite miliyoni 900 z’amadorali agomba kwishyura kandi ngo igihe ntarengwa cyo kuba yayishyuye kirasatira umusozo muri myaka mikeya yakurikira ugutsindwa kwe aramutse atsinzwe burundu.
Kugeza ubu ibirego birenga 20 byihariye byibasiriye Trump n’abagize umuryango we. Trump aterwa isereri no gutekereza ku ma perereza atandukanye akorwa kubyaha bikekwa ku bigo byose yayoboye. Apererezwaho ku bijyanye n’ibyaha bikomeye criminal n’ibirego mbonezamubano civile akurikiranwaho n’ibigo by’igihugu birenga 9.
Ibyo bigo bimugenzaho ibyaha yakoreye mu bigo by’ishoramari bye, mu kigega yashinze ariko kikaza gufungwa kikavangwa mubindi bikorwa, amakosa yakozwe mu kwiyamamaza kwe, ndetse n’ibyakozwe na komite yari ishinzwe gutegura irahira rye muri 2016, ndetse n’ibyaha yakoze mu bijyanye n’icungamutungo rye bwite.
Iyo komite ya trump ikurikiranwe n’amaperereza atanu muri New York, New Jersey no muri Washington. Irakekwaho ko yaba yaratewe inkunga n’abaterankunga b’abanyamahanga mu buryo butemewe n’amategeko.
Muri New York abagenzacyaha bakurikiranye ibyaha byo gukoresha abanyamahanga badafite ibya ngombwa bamwe bita aba sans papier baba bakora mu bibuga bya Golf bya Donald Trump. Muri NewJersey naho bakurikiranye ibyaha byo guha ibyangombwa by’ibihimbano abanyamahanga kugira ngo babashe gukora mu kigo cya Trump’s Bedminster, New Jersey, Resort.
New York Times nayo iherutse gutangaza ko Trump n’ibigo by’ubucuruzi bye biri mu kangaratete kuko bikurikiranweho kunyereza umusoro no kwirengagiza amabwiriza agenga ubwishingizi nkuko bigaragazwa n’ikirego cyagejejwe mu rukiko rwa New York.
Mukwa 8 2020, umushinjacyaha wa Manhattan Cyrus Vance Jr, yatangaje ko ari gukora nawe iperereza ku byaha bikomeye biri criminal byimbitse kandi by’uruhererekane byakozwe n’icyo twakwita ubwami bwa trump.
Uwahoze ahagarariye Trump mu mategeko Michael Cohen yarangije guhamwa n’icyaha cyo gutanga ruswa y’amafaranga ayari agamije gucecekesha abagore babiri bavugaga ko benda gutangaza iby’umubano wabo n’imibonano bagiranye na Trump. Cohen warangije guhamwa niki cyaha, akanahamwa n’icyaha cyo kwica amategeko agenga ibikorwa byo gutera inkunga kwiyamamaza kwa president, yatangaje ko ibyo yakoze byose yabikoze ategetswe na Trump.
Kugeza ubu nanone abagore 26 barimo Summer Zervos, wabaga ahanganye na Trump mu kiganiro the Apprentice, bashinja trump kuba yarabakoreye ihohoterwa rishingiye ku ishimishamubiri. Uyu yemeje ko Trump akoresheje igitugu n’imbaraga, nta bwumvikane na mba yamusomye kungufu ku munwa, amukora ku mabere no ku myanya y’ibanga yo hepfo.
Kuya 4 ugushyingo 2019, umunyamakuru w’icyamamare Elisabeth Jean Carroll yatangiye gukurikirana Trump amushinja ko yemeje ko ari umubeshyi bikaba byaragize ingaruka mbi ku mwuga we n’ikiganiro cye cyitwa Ask E kinyura mu kinyamakuru Elle Magazine.
Uyu munyamakurukazi yari yareze Trump kuba yaramufashe kungufu ubwo bari mu cyumba bagombaga kuganiriramo. Icyo gihe uyu munyamakurukazi yatanze ibimenyetso birimo n’amasohoro ya Trump ngo yamenetse ku myenda ye bikaba biteganijwe ko mugihe Trump yaba avuye kubutegetsi yategekwa guhita atanga DNA ye ikajya gusuzumwa ngo harebwe niba koko ihura n’ibyo bimenyetso Carroll yatanze.
Ese Trump azabihonoka?
en yeni bet siteleri: casibom – gore siteler casibom1st.com
siteler bahis: casibom 1st – en iyi bet siteleri casibom1st.com
deneme veren siteler: deneme bonusu veren siteler – casino siteleri casinositeleri1st.com
gГјvenilir oyun siteleri: casibom giris – canlД± casino bonusu veren siteler casibom1st.com
saglam siteler casibom guncel adres katД±lД±m bonusu veren bahis siteleri casibom1st.shop
sweet bonanza demo: sweet bonanza slot – sweet bonanza giris sweetbonanza1st.shop
online casino websites: casibom – casino bet gГјncel giriЕџ casibom1st.com
glГјcksspiel internet: casibom mobil giris – glГјcksspiel internet casibom1st.com
vaycasino: casibom mobil giris – deneme bonus veren siteler casibom1st.com
sГјperbetine: casibom – casino turkey casibom1st.com
https://casinositeleri1st.com/# guvenilir casino siteleri
https://ott-ip.com/search?type=shopping&sort=time_desc&keyword=희윤이바보
National Insurance Increase
glГјcksspiel internet casibom giris yabancД± mekan isimleri casibom1st.shop
lisansl? casino siteleri: lisansl? casino siteleri – guvenilir casino siteleri casinositeleri1st.com
mexican drugstore online UsMex Pharm usa mexico pharmacy
certified Mexican pharmacy: mexican pharmacy – usa mexico pharmacy
certified Mexican pharmacy: USMexPharm – certified Mexican pharmacy
UsMex Pharm: certified Mexican pharmacy – Us Mex Pharm
certified Mexican pharmacy: UsMex Pharm – mexico drug stores pharmacies
mexico drug stores pharmacies: certified Mexican pharmacy – Us Mex Pharm
Mexican pharmacy ship to USA: usa mexico pharmacy – usa mexico pharmacy
http://usmexpharm.com/# USMexPharm
UsMex Pharm: Mexican pharmacy ship to USA – certified Mexican pharmacy
UsMex Pharm: Us Mex Pharm – certified Mexican pharmacy
UsaIndiaPharm USA India Pharm UsaIndiaPharm
USA India Pharm: UsaIndiaPharm – indianpharmacy com
USA India Pharm: world pharmacy india – Online medicine home delivery
UsaIndiaPharm: USA India Pharm – buy prescription drugs from india
best online pharmacy india: USA India Pharm – UsaIndiaPharm
indian pharmacy paypal: USA India Pharm – best online pharmacy india
http://usaindiapharm.com/# UsaIndiaPharm
online shopping pharmacy india: п»їlegitimate online pharmacies india – UsaIndiaPharm
online shopping pharmacy india: UsaIndiaPharm – cheapest online pharmacy india
https://usaindiapharm.shop/# UsaIndiaPharm
indian pharmacy paypal: UsaIndiaPharm – best india pharmacy
USA India Pharm UsaIndiaPharm UsaIndiaPharm
п»їlegitimate online pharmacies india online pharmacy india USA India Pharm
https://usaindiapharm.shop/# india pharmacy mail order
UsaIndiaPharm: india pharmacy – USA India Pharm
USA India Pharm: Online medicine order – USA India Pharm
USA India Pharm: indian pharmacy online – USA India Pharm
UsaIndiaPharm: Online medicine home delivery – UsaIndiaPharm
USA India Pharm: USA India Pharm – cheapest online pharmacy india
http://usacanadapharm.com/# canadian online drugstore
usa canada pharm: canada pharmacy online – canadian pharmacies online
http://usacanadapharm.com/# usa canada pharm
canadian pharmacy meds: USACanadaPharm – USACanadaPharm
trustworthy canadian pharmacy USACanadaPharm USACanadaPharm
canadianpharmacymeds: usa canada pharm – canadian pharmacies online
https://usacanadapharm.shop/# USACanadaPharm
USACanadaPharm: USACanadaPharm – USACanadaPharm
canadian pharmacy meds canadian pharmacy oxycodone usa canada pharm
http://usacanadapharm.com/# USACanadaPharm
reliable canadian pharmacy reviews: cross border pharmacy canada – USACanadaPharm
usa canada pharm: canadian pharmacy com – usa canada pharm
usa canada pharm: safe online pharmacies in canada – drugs from canada
USACanadaPharm: USACanadaPharm – usa canada pharm
http://usacanadapharm.com/# USACanadaPharm
canadian pharmacy no scripts: canadian discount pharmacy – canadapharmacyonline legit
the canadian pharmacy: best online canadian pharmacy – USACanadaPharm
https://usacanadapharm.com/# usa canada pharm