Andi Makuru

Ukraine: Umunyarwanda ufite ubwenegihugu bwa USA yafunzwe n’Abashyigikiye Uburusiya

Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yavuze ko izi amakuru yuko Umunyamerika uba muri Ukraine yafashwe n’abarwanyi baharanira ubwigenge bashyigikiye abasirikare b’Uburusiya.

Suedi Murekezi, w’imyaka 35, ukomoka mu Rwanda akaba ari umushoramari mu mafaranga yo mu ikoranabuhanga (cryptocurrency), bivugwa ko yatawe muri yombi mu kwezi gushize mu mujyi wa Kherson uri ku cyambu (ikivuko mu Kirundi) mu majyepfo ya Ukraine wafashwe n’Uburusiya.

Inshuti n’abo mu muryango we bavuga ko uyu wahoze mu gisirikare cy’Amerika kirwanira mu kirere yashinjwe ibitari ukuri byuko yitabiriye imyigaragambyo ishyigikiye Ukraine.

Amakuru avuga ko afungiye muri kasho (gereza) imwe n’abarwanyi babiri b’Abanyamerika bafashwe mu kwezi gushize kwa gatandatu.

Ku wa gatatu, minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika yavuze ko izi “aya makuru ataremezwa”.

Ariko yanze kugira ikindi ivuga “kubera impamvu z’ubuzima bwite”.

Umuryango wa Murekezi buri munsi uvugana na minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Amerika, nkuko bitangazwa n’ikinyamakuru The Guardian cyo mu Bwongereza.

Ikinyamakuru The Guardian gitangaza ko uyu Munyamerika waburiwe irengero yabaga muri leta ya Minnesota kandi ko yamaze imyaka umunani mu gisirikare cy’Amerika kirwanira mu kirere kugeza mu mwaka wa 2017, ubwo yatangiraga gushora imari mu bijyanye n’amafaranga yo mu ikoranabuhanga.

Murekezi, wakuruwe no kujya muri Ukraine kubera ko ifite amategeko arimo ubwisanzure ajyanye n’amafaranga yo mu ikoranabuhanga, yakoreye ingendo z’ubucuruzi muri icyo gihugu, mbere yuko afata icyemezo cyo gutura mu mujyi wa Kherson mu myaka ibiri ishize, nkuko bitangazwa na The Guardian.

Sele Murekezi yabwiye The Guardian ko umuvandimwe we yahamagaye ku itariki ya 7 y’uku kwezi kwa karindwi avuga ko afungiwe mu yitangaje nka Repubulika ya Rubanda ya Donetsk ibogamiye ku Burusiya, aho ari kumwe n’abandi Banyamerika babiri.

Andy Tai Ngoc Huynh, w’imyaka 27, na Alexander Drueke, w’imyaka 39, bombi bagiye muri Ukraine bavuye muri leta ya Alabama muri Amerika ngo bifatanye n’umutwe w’abarwanyi b’abakorerabushake barwanira Ukraine. Barafunze kuva mu kwezi kwa gatandatu.

Ariko, bitandukanye n’ibivugwa kuri Huynh na Drueke, Murekezi ntiyagize uruhare mu mirwano n’imwe muri Ukraine, nkuko bivugwa n’umuryango we.

Umuvandimwe we, avuga ku guhangayika afite ko Murekezi ashobora kuba arimo gufatwa nabi mu buryo bw’umwihariko kubera ko ari umwirabura, yagize ati: “Barimo kumukoresha nk’igikoresho ku mpamvu zabo z’icengezamatwara”.

Ikigo Project Dynamo cyo muri Amerika kidaharanira inyungu gihungisha Abanyamerika b’abasivile bari ahari ibyago mu mahanga, cyaburiye ko Murekezi ashobora guhabwa igihano cy’urupfu muri Donetsk.

Bryan Stern, umwe mu bashinze icyo kigo, yagize ati: “Ku byo numva, icyaha cye cyonyine ni uko ari Umunyamerika”.

Mu kwezi gushize, abagabo babiri b’Abongereza n’Umunya-Maroc bakatiwe n’urukiko rwo muri Donetsk kwicwa barashwe urufaya rw’amasasu.
BBC

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 15

  1. What i don’t realize is in reality how you are no longer really a lot more smartly-appreciated than you may be now.

    You are so intelligent. You recognize thus considerably relating
    to this topic, made me in my opinion believe it from so many various angles.
    Its like men and women are not involved unless it is one thing to do with Girl gaga!
    Your personal stuffs great. At all times deal
    with it up!

  2. At this time it sounds like WordPress is the best blogging platform available right now.
    (from what I’ve read) Is that what you are using on your blog?

  3. Oh my goodness! Incredible article dude! Thanks, However I am having troubles with your RSS.

    I don’t understand the reason why I cannot join it.
    Is there anybody else getting identical RSS problems?
    Anyone who knows the solution will you kindly respond?
    Thanks!!

  4. Just desire to say your article is as surprising. The clearness for your put up
    is just great and that i can suppose you’re a professional on this subject.
    Fine along with your permission allow me to snatch your RSS feed to keep
    up to date with forthcoming post. Thank you 1,
    000,000 and please keep up the gratifying work.

  5. May I simply just say what a relief to find somebody that genuinely understands
    what they are discussing on the internet. You definitely realize how to bring
    an issue to light and make it important. A lot more people ought to check
    this out and understand this side of your story. I was surprised you aren’t more popular
    given that you definitely possess the gift.

  6. I think this is one of the most important info for me.
    And i’m glad studying your article. But want to remark on few basic issues, The site taste is perfect, the articles is really excellent :
    D. Just right job, cheers

  7. Hello just wanted to give you a quick heads up. The text in your
    content seem to be running off the screen in Opera.
    I’m not sure if this is a format issue or something to do with web browser
    compatibility but I figured I’d post to let you know.
    The design look great though! Hope you get the problem solved soon. Thanks

  8. Hey just wanted to give you a brief heads up and let you know a few of the pictures aren’t loading properly.
    I’m not sure why but I think its a linking issue.
    I’ve tried it in two different browsers and both show the same
    outcome.

  9. I think this is among the most important info for me.

    And i am glad reading your article. But want
    to remark on some general things, The website style is wonderful, the articles is really excellent : D.
    Good job, cheers

  10. Howdy! I could have sworn I’ve been to this site before but
    after going through a few of the posts I realized it’s new to
    me. Nonetheless, I’m definitely delighted I found it and I’ll be bookmarking it and checking back often!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button