Andi Makuru

Vatikani: Papa Benedicto 16 yashyinguwe mu buryo bufite umwihariko

Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikano, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu misa yo kumusezeraho yabereye ku rubuga rwa Bazilika ya Mutagatifu Petero.

Bwabaye ubwa mbere kuva mu 1802 Papa uriho ayobora umuhango wo gushyingura uwamubanjirije.

Benedict, wagenderaga ku murongo wa teorojiya ya kera, yatangaje isi igihe yeguraga mu 2013 ku ntebe y’umushumba wa Kiriziya Gatulika, akavuga ko “atari agifite intege z’ubwenge n’umubiri” zikenewe.

Umurambo we washyinguwe mu mva iri muri Basilika ya Mutagatifu Petero, muri uwo mwana inzogera zikaba zavugijwe mu cyaro cyo mu Budage aho Joseph Ratzinger yavukiye hashize hafi imyaka mirongo icyenda n’itandatu.

Abantu barenga 60,000 bakoraniye ku rubuga rwa Bazilika ya Mutagatifu Petero i Vatican muri misa yabanjirije umuhango wo gushyingura Papa Benedict XVI wapfuye mu ijoro rishyira uyu mwaka mushya afite imyaka 95.

Uyu muhango ntabwo warusanzwe, kuko wayobowe na Papa Francis warurimo gushyingura uwo yasimbuye, ibintu by’imbonekarimwe mu mateka ya Kiliziya.

Bigendanye n’uburyo yasize abisabye – ko uyu muhango waba uciye bugufi kandi woroheje – umurambo we waruri mu isanduku isanzwe y’urubaho kandi wari utwawe ku mbaho zambitswe igitambaro ubwo wasohorwaga muri Bazilika.

Abategetsi b’Ubutaliyani n’Ubudage, igihugu yavukiyemo akitwa Joseph Ratzinger, mbere y’uko aba umushumba wa Kiliziya Gatolika, nibo gusa batumiwe mu buryo buzwi na Vatican. Ibi kubera ko apfa atari akiri umukuru wa leta ya Vatican.

Gusa abandi bategetsi benshi b’iburayi barimo nyina w’umwamikazi wa Espagne, n’Umwami Filipo w’Ububiligi n’umugore we Mathilde bahageze.

Abakuru b’ibihugu bya Pologne, Slovenia, Portugal na Hungary nabo bagiye i Roma, kimwe na minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu w’Ubufaransa Gerard Darmanin.

Itorero Orthodox ry’Uburusiya ryari rihagarariwe muri uyu muhango na Anthony of Sourozh.

Uyu muhango witabiriwe kandi n’abasenyeri barenga 400, abapadiri 4,000, n’ababikira benshi.

Mu minsi itatu ishize abasaga 200,000 baje gusezera ku murambo wa Papa Benedict wari muri Bazilika ya Mutagatifu Petero, ariko mu 2005 abarenga miliyoni eshatu baje mu gikorwa nk’icyo naho 500,000 bakitabira umuhango wo kumushyingura, abandi ibihumbi amagana bakawukurikira kuri za televiziyo rutura mu mujyi wa Vatican.

Ubu biratandukanye. Benedict ntabwo yari akiri Papa ufite inkoni y’ubushumba ubwo yapfaga, bitandukanye n’inshuti ye ikomeye Yohani Pawulo wa II washyinguwe n’Uruvuganzoka rwarimo ibikomerezwa n’abihaye Imana benshi. Cyakora Papa Benedigito nubundi yari yarasabye ko yazashyingurwa muburyo buciye bugufi.

BBC

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 15

  1. You really make it appear really easy together with your
    presentation but I to find this topic to be really
    something which I feel I might never understand. It seems too complex and very wide for me.
    I am having a look ahead for your subsequent publish, I’ll try
    to get the hold of it!

  2. I just like the valuable information you provide to your articles.
    I’ll bookmark your weblog and check once more right here regularly.
    I am moderately certain I will be told many
    new stuff proper right here! Best of luck for the next!

  3. I’m not positive the place you are getting your info, but good topic.
    I needs to spend some time finding out more or understanding more.
    Thank you for excellent info I used to be searching
    for this information for my mission.

  4. Hey there outstanding website! Does running a blog like this require
    a large amount of work? I’ve virtually no understanding
    of computer programming however I was hoping to start my own blog
    soon. Anyway, if you have any recommendations or techniques for new blog owners please share.
    I understand this is off subject however I just had
    to ask. Thanks!

  5. Hey There. I found your blog using msn. This is an extremely well written article.
    I’ll make sure to bookmark it and return to read more of your useful information. Thanks for the post.
    I will definitely comeback.

  6. Have you ever thought about publishing an ebook or guest authoring on other websites?
    I have a blog based on the same topics you discuss
    and would love to have you share some stories/information. I know my viewers would
    value your work. If you’re even remotely interested, feel free to shoot me an e-mail.

  7. Do you mind if I quote a couple of your articles as long as I provide credit and sources back to your
    website? My website is in the exact same area of interest as yours and my
    users would truly benefit from a lot of the information you
    provide here. Please let me know if this okay with you.
    Regards!

  8. magnificent submit, very informative. I’m wondering why the other experts of this sector
    don’t understand this. You must proceed your writing.
    I’m sure, you’ve a great readers’ base already!

  9. If some one wishes expert view on the topic of running a blog after that i propose him/her to pay a visit this webpage, Keep up the fastidious job.

Leave a Reply to back Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button