Andi Makuru

Muhanga: Imibiri y’abana 10 bari barohamye muri Nyabarongo yabonetse

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko imibiri y’abana 10 bari barohamye muri Nyabarongo mu mpanuka y’ubwato bwari bubajyanye mu murenge wa Ndaro yabonetse.

Polisi yatangaje ko imibiri ine yabonetse mu ijoro ryo ku wa Kabiri mu gihe indi itandatu yabonetse kuri uyu wa Gatatu tariki 19 Nyakanga 2023.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yabwiye The New Times ko “ishami rya Polisi rishinzwe umutekano wo mu mazi ryakuye mu mazi imibiri y’abana bose 10 bari barohamye.

Ni abana bari barohamye muri Nyabarongo ku gice cy’Umurenge wa Mushishiro mu Karere ka Muhanga ku mugoroba wo ku wa 17 Nyakanga 2023, bitewe n’impanuka y’ubwato bw’igiti bwari butwaye abana 13 bafite imyaka iri hagati y’icyenda na 14, bavaga mu Mudugudu wa Cyarubambire mu Kagari ka Matyazo, bajyanye amategura mu Murenge wa Ndaro mu Karere ka Ngororero.

Ubu bwato bwageze mu ruzi butangira kujyamo amazi kugeza igihe buroshye aba bana bose mu mazi n’umusare wari uri kubambutsa, harokoka abana batatu n’umusare witwa Ndababonye Jean Pierre w’imyaka 41.

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwatangaje ko Ndababonye Jean Pierre yatawe muri yombi mu gihe undi witwa Innocent Banganyiki agishakishwa ngo aryozwe uruhare rwe muri iki kibazo.

Umuvugizi wa RIB Dr Murangira Thierry yavuze ko aba bagabo bombi bakurikiranyweho ibyaha byo kwica umuntu bidaturutse ku bushake no gushora umwana mu bikorwa bitemewe n’amategeko.

Umuntu uhamijwe n’urukiko gukora icyaha cyo kwica bidaturutse ku bushake ahanishwa igifungo kitari munsi y’amezi atandatu (6) ariko kitarenze imyaka ibiri (2) n’ihazabu y’amafaranga atari munsi y’ibihumbi magana atanu (500.000 FRW) ariko atarenze miliyoni ebyiri (2.000.000 FRW) cyangwa kimwe gusa muri ibyo bihano.

Ni mu gihe gukora ibikorwa bibujijwe ukabishoramo umwana bihanishwa igihano cy’igifungo kuva ku myaka ibiri kugeza kuri itanu n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuva ku bihumbi 500 kugeza kuri miliyoni eshanu.

Igihe.com

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 85

  1. With havin so much written content do you ever run into any problems of plagorism or copyright violation? My website has a lot of exclusive content I’ve either written myself or outsourced but it looks like a lot of it is popping it up all over the internet without my permission. Do you know any techniques to help reduce content from being stolen? I’d genuinely appreciate it.

  2. Hi there! This post couldn’t be written any better! Reading this post reminds me of my previous room mate! He always kept chatting about this. I will forward this write-up to him. Pretty sure he will have a good read. Many thanks for sharing!

  3. It’s remarkable to pay a visit this web site and reading the views of all friends about this post, while I am also eager of getting experience.

  4. Hi there this is kinda of off topic but I was wanting to know if blogs use WYSIWYG editors or if you have to manually code with HTML. I’m starting a blog soon but have no coding expertise so I wanted to get advice from someone with experience. Any help would be enormously appreciated!

  5. Hey I am so grateful I found your blog page, I really found you by mistake, while I was researching on Bing for something else, Regardless I am here now and would just like to say thank you for a fantastic post and a all round entertaining blog (I also love the theme/design), I don’t have time to look over it all at the minute but I have bookmarked it and also added in your RSS feeds, so when I have time I will be back to read more, Please do keep up the great job.

  6. I was wondering if you ever thought of changing the structure of your site? Its very well written; I love what youve got to say. But maybe you could a little more in the way of content so people could connect with it better. Youve got an awful lot of text for only having 1 or two pictures. Maybe you could space it out better?

Leave a Reply to Davidpealt Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button