Andi Makuru

Biogaz, umushinga wananiranye usabirwa guhagarara

Komisiyo y’umutwe w’Abadepite ishinzwe gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu, PAC yagiriye inama Minisiteri y’Ibikorwa remezo kureka gukomeza gushyira mu bikorwa umushinga wa Biogaz, kuko utigeze utanga umusaruro.

Nk’uko bigaragara muri raporo ya 2021-2022 y’umugenzuzi mukuru w’imari ya leta, igaragaza ko muri Biogaz 10913 zubatse mu Rwanda hose, izigera mu 8354 zidakora.

Ubwo hubakwaga izi Biogaz leta yatanze nkunganire ihwanye n’ibihumbi 300 by’amafaranga y’ u Rwanda kuri buri Biogaz yubatswe, bivuze ko kuzubaka byatwaye 3,273,900,000 Frw hatabariwemo uruhare rw’umuturage.

Bashingiye kandi kuri raporo yakozwe n’Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe ingufu, REG nayo igaragaza ko inyinshi muri izi biogaz zidakora.

Ibi byose bikaba byaratewe n’ikibazo cy’abatekenisiye badahagije, guha biogaz abantu batujuje ibisabwa, nk’abahawe biogaz bafite Inka imwe nyamara bisaba kuba ufite eshatu, no kutamenya kuzikoresha.

Gahima Premier wo mu Kagari ka Nyakiga, Umudugudu wa Kavumu , mu Murenge wa Karama  mu Karere ka Nyagatare, mu buhamya yigeze guha  UMUSEKE yavuze ko yatangiye gukoresha Biogas mu mwaka wa 2017.

Yavuze ko  kugira ngo ayihabwe, Akarere ka Nyagatare kashyizemo inkunga y’ ibihumbi 300frw ariko Paruwasi gaturika ya Karama  nayo imutera inkunga y’ ibihumbi 100frw.

Gusa  nyuma y’amezi icyenda atangiye kuyikoresha, yatangiye kugira ibibazo ndetse iza no gupfa burundu kandi yari yaratangiye kumuhindurira ubuzima.

Iki kibazo kandi agihuriyeho na Semabunda Gerard nawe wo muri uyu Mudugudu.

– –

Yavuze ko  yayihawe ikajya imufasha guteka  amafunguro mu buryo bwihuse kandi afite isuku ariko  ko yaje gupfa nyuma yo gupfusha amatungo maze akabura amase akoresha.

Ati “Inka twari dufite yarapfuye,tubura inka, tuzibuze Biogas irahagarara, ntitwongera kuyikoresha kubera kubura amase.Nagize igihombo gikomeye. Ubu n’inkwi kuzibona ntiziboneka kandi mbere twafashwaga na Biogas “

Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwa remezo, Abimana Fidele yabwiye PAC ko uyu mushinga utageze ku ntego zawo, avuga ko bagiye gukora indi nyigo kugira ngo biogaz zangiritse zisanwe.

Gusa abadepite bavuze ko ntacyo bimaze ahubwo baba bagiye gusesagura andi mafaranga, kuko ubusanzwe biogaz imara imyaka 10 kandi izo  bashaka gusana zimaze imyaka  umunani (8), kuzisana ngo zikore imyaka ibiri  ntacyo byaba bimaze.

Muri raporo kandi hagaragajwe ikibazo cy’amafaranga yagombaga gukoreshwa mu kwita kuri izo biogaz amaze imyaka irenga irindwi (7) kuri konte z’inzego z’ibanze atarigeze akoresha ngo hasanwe izo biogaz.

RBA

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 33

  1. Hello! Someone in my Myspace group shared this site with us so I came to take a look. I’m definitely loving the information. I’m bookmarking and will be tweeting this to my followers! Wonderful blog and wonderful design and style.

  2. Great beat ! I would like to apprentice while you amend your web site, how can i subscribe for a blog site? The account aided me a acceptable deal. I had been a little bit acquainted of this your broadcast provided bright clear idea

  3. Pretty section of content. I just stumbled upon your web site and in accession capital to assert that I get actually enjoyed account your blog posts. Anyway I will be subscribing to your feeds and even I achievement you access consistently rapidly.

  4. Hey there this is kinda of off topic but I was wanting to know if blogs use WYSIWYG editors or if you have to manually code with HTML. I’m starting a blog soon but have no coding skills so I wanted to get advice from someone with experience. Any help would be greatly appreciated!

  5. Great blog! Do you have any suggestions for aspiring writers? I’m planning to start my own website soon but I’m a little lost on everything. Would you advise starting with a free platform like WordPress or go for a paid option? There are so many options out there that I’m completely overwhelmed .. Any tips? Cheers!

  6. May I simply say what a comfort to discover somebody that truly understands what they are talking about online. You actually know how to bring a problem to light and make it important. A lot more people ought to look at this and understand this side of the story. It’s surprising you are not more popular because you definitely possess the gift.

  7. hey there and thank you for your info – I’ve definitely picked up something new from right here. I did however expertise some technical issues using this website, since I experienced to reload the web site many times previous to I could get it to load properly. I had been wondering if your web host is OK? Not that I am complaining, but slow loading instances times will often affect your placement in google and can damage your high quality score if advertising and marketing with Adwords. Well I’m adding this RSS to my email and can look out for much more of your respective exciting content. Ensure that you update this again very soon.

  8. Yesterday, while I was at work, my sister stole my apple ipad and tested to see if it can survive a 30 foot drop, just so she can be a youtube sensation. My apple ipad is now destroyed and she has 83 views. I know this is completely off topic but I had to share it with someone!

  9. hi!,I really like your writing so much! share we keep up a correspondence more about your article on AOL? I require an expert on this area to unravel my problem. May be that’s you! Having a look forward to look you.

  10. Does your site have a contact page? I’m having a tough time locating it but, I’d like to send you an e-mail. I’ve got some ideas for your blog you might be interested in hearing. Either way, great blog and I look forward to seeing it improve over time.

  11. I have been browsing online more than 2 hours today, yet I never found any interesting article like yours. It is pretty worth enough for me. In my view, if all web owners and bloggers made good content as you did, the web will be a lot more useful than ever before.

  12. It’s a shame you don’t have a donate button! I’d definitely donate to this excellent blog! I suppose for now i’ll settle for book-marking and adding your RSS feed to my Google account. I look forward to brand new updates and will talk about this website with my Facebook group. Chat soon!

  13. Hey there would you mind letting me know which webhost you’re using? I’ve loaded your blog in 3 different internet browsers and I must say this blog loads a lot faster then most. Can you suggest a good web hosting provider at a fair price? Many thanks, I appreciate it!

  14. Howdy this is somewhat of off topic but I was wanting to know if blogs use WYSIWYG editors or if you have to manually code with HTML. I’m starting a blog soon but have no coding knowledge so I wanted to get guidance from someone with experience. Any help would be enormously appreciated!

  15. First of all I want to say great blog! I had a quick question which I’d like to ask if you do not mind. I was curious to find out how you center yourself and clear your thoughts before writing. I’ve had a difficult time clearing my mind in getting my ideas out there. I do take pleasure in writing but it just seems like the first 10 to 15 minutes tend to be lost simply just trying to figure out how to begin. Any suggestions or hints? Thank you!

Leave a Reply to canadian pharmaceuticals for usa sales Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button