Andi Makuru

Abakuwe mu nzu kwa Dubai baratakamba ngo basubire munzu zabo

Nyuma y’uko hagaragaye ko inzu z’ubatswe n’umushoramari witwa Jean Nsabimana, uzwi ku izina rya Dubai zubatse nabi, tariki 17 Mata 2023 nibwo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko imiryango 23 yari ituye mu nzu zigeretse ziri muri uwo mudugudu, yimurwa igashakirwa ahandi ho kuba, nubwo bo basabaga ubufasha kuko bagaragazaga ko ntaho bafite ho kwerekeza.

Mu isuzuma ry’ibanze ryakozwe byagaragaye ko inzu zigera kuri 54 mu zitageretse, zubatswe muri uwo Mudugudu zigomba gusanwa, mu nzu 121 zari zubatswe mu mwaka wa 2015, zirimo 114 zitageretse, mu gihe izindi 7 ari zo zigeretse.

Bamwe mu bari batuye muri izo nzu bavuga ko bahangayishijwe cyane no gukodesha izindi, kandi ari ibintu byababayeho batabanje guteguzwa, ku buryo byatumye ubuzima burushaho kubakomerera.

Gilbert Ngiriyonsanga, umwe mu bari batuye muri izo nzu, avuga ko bahangayikishijwe cyane n’uko bakodesha izindi nzu.

Ati “Duhangayikishijwe nyine no kubona uburyo twakodesha izindi nzu kandi bataraduteguje, kandi mu by’ukuri iyo urebye muri ibi bihe, uba ubona kubona amafaranga yo gukodesha bigoranye.”

Uwitwa Louise Mukamabano ati “Naraguze ndayisana, imfata amafaranga menshi y’inguzanyo, ku buryo nayisannye bitandukanye, bakagombye kuduha igihe tukitegura kuko tutanze ko batugirira neza pe.”

Kuri ubu iyo ugeze muri uwo Mudugudu usanga zimwe muri izo nyubako zaratangiye guhirima, izindi zarengewe n’ibigunda, ndetse harimo n’izatangiye kwibwa ibikoresho birimo amadirishya n’inzugi, ku buryo abahaturiye bavuga ko hasa n’ahabaye indiri y’abagizi ba nabi.

KT

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 48

  1. Hello there! This blog post couldn’t be written much better! Looking through this post reminds me of my previous roommate! He continually kept preaching about this. I will send this post to him. Fairly certain he’ll have a good read. Thanks for sharing!

  2. Hiya very nice blog!! Guy .. Excellent .. Superb .. I will bookmark your blog and take the feeds also? I’m glad to find a lot of helpful information right here in the put up, we want work out more techniques in this regard, thank you for sharing. . . . . .

  3. It’s the best time to make some plans for the future and it’s time to be happy. I’ve read this post and if I could I want to suggest you few interesting things or advice. Maybe you could write next articles referring to this article. I wish to read more things about it!

  4. Its such as you learn my thoughts! You appear to know a lot approximately this, such as you wrote the book in it or something. I believe that you could do with some percent to power the message home a bit, however other than that, this is magnificent blog. An excellent read. I’ll certainly be back.

  5. Wow, wonderful weblog structure! How long have you ever been running a blog for? you made blogging look easy. The full glance of your website is magnificent, let alone the content material!

  6. Heya excellent website! Does running a blog like this require a massive amount work? I have absolutely no understanding of computer programming but I was hoping to start my own blog soon. Anyhow, should you have any suggestions or techniques for new blog owners please share. I know this is off subject but I just wanted to ask. Appreciate it!

  7. My coder is trying to convince me to move to .net from PHP. I have always disliked the idea because of the expenses. But he’s tryiong none the less. I’ve been using Movable-type on numerous websites for about a year and am anxious about switching to another platform. I have heard excellent things about blogengine.net. Is there a way I can transfer all my wordpress content into it? Any help would be really appreciated!

  8. Does your blog have a contact page? I’m having problems locating it but, I’d like to shoot you an email. I’ve got some creative ideas for your blog you might be interested in hearing. Either way, great site and I look forward to seeing it grow over time.

  9. It’s a shame you don’t have a donate button! I’d definitely donate to this outstanding blog! I guess for now i’ll settle for bookmarking and adding your RSS feed to my Google account. I look forward to new updates and will talk about this blog with my Facebook group. Talk soon!

  10. Today, while I was at work, my cousin stole my iphone and tested to see if it can survive a thirty foot drop, just so she can be a youtube sensation. My apple ipad is now broken and she has 83 views. I know this is totally off topic but I had to share it with someone!

Leave a Reply to canada pharmaceuticals online Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button