Igabanuka ry’abaringaniza urubyaro riteye impungenge:Madamu Jeannette Kagame
Madamu Jeannette Kagame yagaragaje ko kuringaniza urubyaro bifite akamaro kanini mu bijyanye no gushyira imiryango ku murongo ariko ko biteye impungenge kuba ababyitabira bakomeje kugabanuka ku Isi.
Yabigarutseho mu mbwirwaruhame yatanze mu Nama y’Abayobozi b’Abagore (Forum de Haut Niveau des Femmes Leaders) iri kubera i Bujumbura ku nshuro ya kane, kuva kuri uyu wa 9 Ukwakira 2023, yitabiriye ku butumire bwa mugenzi we w’u Burundi, Angelina Ndayishimiye.
Yashimye ibikorwa bigamije iterambere rirambye no kwita ku baturage binyuze muri Fondation Umugiraneza, yashinzwe na Angeline Ndayishimiye byanatumye ahabwa igihembo cy’Ishami rya Loni ryita ku Baturage.
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko nta gushidikanya ko kuboneza urubyaro no kurwanya imirire mibi bikeneye ko abantu bo mu nzego zitandukanye babigiramo uruhare kandi ko bitagarukira ku gushyira intera hagati y’imbyaro ahubwo ari ukwita ku hazaza heza.
Yagarutse ku buryo igwingira mu mikurire y’abana no gucika intege k’ubudahangarwa bw’umubiri bigira ingaruka ndetse bibuza abana amahirwe menshi haba mu by’uburezi, imibanire n’abandi no kugeza bageze mu nzego z’imirimo.
Ati “Twemeranya ko kugira imiryango mito bifite ibyiza byabyo cyane cyane kubona umwanya uhagije n’ibikenewe mu kuyitaho, uburezi bwiza bukagera kuri buri mwana bikagira ingaruka nziza ku iterambere.’’
Yashimangiye ko umwana wese rwose ari umugisha kandi ko nta kindi kintu kinezeza umubyeyi nko gushobora gusubiza ibyifuzo by’uwo yabyaye.
Uretse gufasha mu by’ubukungu, kuringaniza urubyaro ngo bifasha mu gukuza urukundo rwa kibyeyi, gukorana umutuzo no kugira inshingano ku “badukomokaho na sosiyete zacu.’’
Yakomeje ati “Twari dukwiye guhangayikishwa n’igabanuka ry’abakoresha uburyo bwo kuringaniza urubyaro ku rwego rw’Isi nk’uko byagaragajwe mu Kinyamakuru The Lancet mu gihe cya Covid-19. Muri icyo gihe ngo ni na bwo umubare w’abantu bafite ibibazo by’ibiribwa wikubye kabiri nk’uko byatangajwe n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Biribwa, PAM, bagera kuri miliyoni 300.’’
Yagaragaje ko Afurika yateye intambwe ifatika mu bijyanye na politiki zo kuringaniza imbyaro mu myaka 20 ishize kandi ko ifite intumbero yo kugera ku bukungu butanga impinduka ku baturage bayo.
By’umwihariko mu Rwanda hagati ya 2005 na 2020, ikoreshwa ry’uburyo bwo kuringaniza urubyaro mu bagore ryarazamutse riva kuri 17% rigera kuri 64%. Iyi ntambwe yafashije kugabanya imbyaro kuva ku bana batandatu kugeza kuri bane ku mugore umwe.
Mu gihe nk’iki kandi ikigero cy’idindira mu mikurire cyagabanutseho 18% bivuye kuri gahunda y’iminsi 1000 ya mbere y’ubuzima bw’umwana ndetse igipimo cy’impfu z’abana kiragabanuka kiva kuri 86 kigera kuri 33 ku bana 1000 bavutse ari bazima.
Yagarutse ku gaciro k’ingo mbonezamikurire y’abana bato zitanga serivisi zishingiye ku mirire iboneye n’ibikorwa by’isuku n’isukura mu buryo buhoraho, zigakangura ubuzima bwabo haba mu mitekerereze, imikurire, imibanire yabo n’ibindi. Ikindi ni porogaramu y’akarima k’igikoni, gahingwamo imboga kuri buri rugo ifasha abagize umuryango kubona ifunguro ryiza kandi ryuje intungamubiri.
Yongeyeho ati “Nidushyigikira politiki zo kuringaniza urubyaro tuzaba twubaka sosiyete nziza, yuje ubumuntu aho abaturage bari mu cyiciro cyo gukora bazaba bashobora kubona ibyo abakiri bato bakeneye. Dufite amahirwe yo kuba twahuriye hamwe uyu munsi nk’abantu bafite urubuga n’ubushobozi bwo gushishikariza abandi kugira icyo bakora.’’
Madamu Jeannette Kagame yavuze ko mu bigomba gushyirwamo imbaraga harimo kongera gusuzuma imiterere ya politiki, gushyira imbaraga mu bukangurambaga bwo gushishikariza abantu kuboneza urubyaro no kurwanya imirire mibi n’igwingira.
Hari kandi gutera inkunga ibikorwa by’ubushakashatsi kuri izi ngingo no gushimangira ubufatanye bw’ibihugu, abikorera na sosiyete sivile. Hari no gushyiraho inzego z’ubuzima zitajegajega kandi zegereye abaturage ku buryo bagerwaho mu buryo bwuzuye na serivisi z’ubuzima bw’imyororokere.
45 95 confidence interval CI, 1 where can i buy priligy in usa
Very nice post. I simply stumbled upon your blog and wanted to mention that I have really loved surfing around your blog posts.
After all I will be subscribing for your feed and I’m hoping you write once
more soon!
The minimal authorized age to enter a casino in New Zealand
is 20 years old.
https://beaunex.net/bbs/board.php?bo_table=free&wr_id=185457
Greetings! I know this is kind of off topic but I was wondering which blog platform
are you using for this website? I’m getting sick and
tired of WordPress because I’ve had problems with hackers and I’m looking at alternatives for another platform.
I would be awesome if you could point me in the direction of a good platform.
Hi there, just wanted to say, I loved this article.
It was inspiring. Keep on posting!
This is a topic that is near to my heart… Many thanks!
Where are your contact details though?
I’m not that much of a internet reader to be honest but
your blogs really nice, keep it up! I’ll go ahead and bookmark your website to come back later on. All the best
Hello excellent blog! Does running a blog similar to this require a lot of work?
I’ve no knowledge of computer programming however I had been hoping to
start my own blog soon. Anyway, if you have any recommendations or tips for new blog owners please share.
I know this is off topic however I simply wanted to ask. Thank you!
What’s Happening i’m new to this, I stumbled upon this I’ve discovered It
absolutely useful and it has aided me out loads.
I am hoping to give a contribution & aid other customers like its aided me.
Good job.
Thanks for sharing your info. I truly appreciate your efforts
and I will be waiting for your next write ups thanks once
again.
My spouse and I stumbled over here by a different web page and
thought I should check things out. I like what
I see so i am just following you. Look forward to exploring your web page yet again.
fantastic put up, very informative. I ponder why the opposite specialists of this sector don’t realize this.
You should proceed your writing. I am confident, you’ve a huge readers’ base already!
Thank you a bunch for sharing this with all people you actually realize what you are talking approximately!
Bookmarked. Please also seek advice from my website =). We may have a hyperlink trade arrangement among us
Really no matter if someone doesn’t know then its up to other visitors
that they will assist, so here it takes place.
Hi mates, good piece of writing and fastidious urging commented here, I am in fact
enjoying by these.
Everything is very open with a very clear explanation of the issues.
It was truly informative. Your site is very useful. Thanks for sharing!
Good day! Do you know if they make any plugins to assist with SEO?
I’m trying to get my blog to rank for some targeted keywords but I’m not seeing very good results.
If you know of any please share. Thanks!
Please let me know if you’re looking for a author for your weblog.
You have some really great articles and I feel I
would be a good asset. If you ever want to take some of
the load off, I’d really like to write some articles for your blog in exchange
for a link back to mine. Please send me an email if interested.
Many thanks!
When someone writes an article he/she retains the thought of a user in his/her mind
that how a user can understand it. So that’s why this article is perfect.
Thanks!
Ahaa, its good discussion concerning this post here at this webpage, I have read
all that, so at this time me also commenting at this place.
Hurrah! In the end I got a website from where I can genuinely get valuable facts concerning
my study and knowledge.
I do not even know the way I ended up here, however I believed this publish used to be great.
I do not understand who you might be but certainly you are going to a well-known blogger if you are
not already. Cheers!
Hi there would you mind letting me know which hosting company you’re using?
I’ve loaded your blog in 3 different web browsers and I must say this blog loads a lot faster then most.
Can you recommend a good hosting provider at a reasonable price?
Many thanks, I appreciate it!
I absolutely love your website.. Pleasant colors & theme.
Did you make this amazing site yourself? Please reply back
as I’m trying to create my own blog and would like to know
where you got this from or what the theme is called.
Many thanks!
What’s Taking place i’m new to this, I stumbled upon this I have discovered It positively useful and
it has helped me out loads. I’m hoping to contribute &
assist other users like its aided me. Great job.
Hi my friend! I want to say that this post is
amazing, nice written and come with almost all significant infos.
I would like to see extra posts like this .
Very rapidly this website will be famous amid
all blogging users, due to it’s good articles or reviews
I have been exploring for a little for any high quality articles or
weblog posts in this kind of space . Exploring in Yahoo I ultimately stumbled upon this website.
Studying this info So i am satisfied to convey that I have an incredibly good uncanny feeling I discovered exactly what I needed.
I most without a doubt will make sure to don?t put out of your mind this web site and
give it a glance on a continuing basis.
Write more, thats all I have to say. Literally, it seems as though you relied on the video to make your
point. You definitely know what youre talking about, why waste
your intelligence on just posting videos to your blog when you could be giving us
something informative to read?
It’s hard to come by educated people about this
subject, however, you seem like you know what
you’re talking about! Thanks
This design is incredible! You obviously know how to keep a reader entertained.
Between your wit and your videos, I was almost moved to start my own blog (well, almost…HaHa!) Fantastic job.
I really loved what you had to say, and more than that, how you presented it.
Too cool!
Very soon this web site will be famous amid all blogging people, due to it’s pleasant
articles or reviews
Please let me know if you’re looking for a writer for your weblog.
You have some really good posts and I think I would be a good asset.
If you ever want to take some of the load off, I’d love to write some articles
for your blog in exchange for a link back to mine.
Please send me an email if interested. Many thanks!
This paragraph provides clear idea for the new users of blogging, that really how to do blogging.
Pretty! This has been an incredibly wonderful post.
Thank you for providing this information.
Hello, its pleasant piece of writing concerning media print,
we all be familiar with media is a fantastic source of
information.
https://www.mukti-pro.com/free/EC9790EBB3BCEBA3A8EC8598ED8C8CEC9B8CEBB3BCkone33comECBD94EB939Cgo77EC9790EBB3BCEBA3A8EC8598ECB9B4ECA780EB85B8/
I am curious to find out what blog system you’re
utilizing? I’m experiencing some small security issues with my latest site and
I would like to find something more risk-free.
Do you have any solutions?
Does your blog have a contact page? I’m having trouble locating
it but, I’d like to shoot you an e-mail. I’ve got some suggestions for your blog you might be interested in hearing.
Either way, great blog and I look forward to seeing it grow over time.
Branded Slot Games – From Cirque du Soleil to Tetris to Clue, these games stand out with
a bit of pop culture appeal.
Feel free to visit my homepage; 파워볼
It delivers much more than 1,750 games, and new releases are added to the variety on a routine basis.
Take a look at my web blog … website
https://www.jangwoneyewear.com/bbs/board.php?bo_table=free&wr_id=1763485