Andi Makuru

Uruzinduko rwa Joe Biden ugiye gusura Israel iri mu ntambara

Perezida Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden biteganyijwe ko kuri uyu wa Gatatu azagirira uruzinduko muri Israel, kwizeza icyo gihugu ubufasha bwa Amerika mu ntambara n’umutwe wa Hamas.

Biden agiye muri Israel nyuma y’icyumweru n’iminsi mike Israel yinjiye mu ntambara, nyuma yo kugabwaho ibitero bitunguranye n’umutwe wa Hamas ubarizwa muri Gaza.

Bivugwa ko ari uruzinduko rugamije kugaragaza umuhate wa Amerika mu gushyigikira ubusugire bwa Israel.

Abanya-Israel basaga 1400 bamaze kwicwa n’ibitero bya Hamas mu gihe abanya-Palestine basaga 2800 bamaze kwicwa n’ibitero byo kwihimura bya Israel.

Biteganyijwe ko mu ruzinduko rwa Biden azahura n’umwami wa Jordanie ku bufasha bwatangwa ngo hitabwe ku baturage ba Gaza bagotewe muri iyo ntara n’ingabo za Israel. Azahura kandi na Perezida wa Misiri, Abdel Fattah el-Sisi.

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 9

  1. The other day, while I was at work, my cousin stole my iPad and tested to see if
    it can survive a 40 foot drop, just so she can be a youtube sensation. My iPad is now destroyed
    and she has 83 views. I know this is entirely off topic but
    I had to share it with someone!

  2. We’re a bunch of volunteers and starting a brand new scheme in our community.
    Your web site offered us with valuable info to work on. You’ve done
    a formidable job and our whole community will likely be thankful to you.

  3. Hello there! I could have sworn I’ve been to this site before but
    after browsing through some of the post I realized it’s
    new to me. Nonetheless, I’m definitely delighted
    I found it and I’ll be book-marking and checking back frequently!

  4. whoah this weblog is magnificent i love reading your articles.
    Stay up the great work! You understand, lots of individuals are hunting round for this information, you could help them
    greatly.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button