Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Uganda: Abarenga 60 batawe muri yombi mu myigaragambyo yo kurwanya ruswa
Abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko batawe muri yombi n’igipolisi cya Uganda bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwiteguye kubyaza umusaruro hegitari ibihumbi 10 z’ubutaka rwahawe na Zambia
Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere umubano wayo n’u Rwanda, Guverinoma ya Zambia yemereye u Rwanda ubutaka bwo guhingaho buri…
Soma ibikurikira » -
Kigali: Imodoka itwara abagenzi yakoze Impanuka
Imodoka ya RITCO yavanaga abagenzi mu Karere ka Rubavu, izana abagenzi mu mujyi wa Kigali,yakoze impanuka, igonga ipoto , nayo…
Soma ibikurikira » -
Perezida Kagame yakiriye abafashije mu kwiyamamaza kwe akomoza ku mubano w’u Rwanda n’abarurwanya
Perezida Paul Kagame yavuze ko muri politike y’u Rwanda ndetse n’iy’Umuryango FPR Inkotanyi, hashyirwa imbere ikijyanye n’ubucuti no gukorana neza,…
Soma ibikurikira » -
Ubunoteri mu mirimo y’Abahesha b’Inkiko, kuvugurura amwe mu mategeko; bimwe mubyo basaba Minijust
Mu nama y’inteko rusange yateranyije abahesha b’Inkiko b’umwuga na Minisiteri y’Ubutabera hagamijwe kurebera hamwe bimwe mu bibangamiye umwuga w’Ubuhesha bw’Inkiko…
Soma ibikurikira » -
Ubushinjacyaha bwasabiye Nkundineza gufungwa imyaka 5
Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije ubujurire mu rubanza rw’Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza wajuriye agasanga n’ubushinjacyaha bwarajuririye icyemezo cy’Urukiko rw’Ibanze rwa…
Soma ibikurikira » -
FPR yihariye 62% mu matora y’abadepite mu majwi amaze kubarurwa
Akanama k’amatora mu Rwanda katangaje iby’ibanze byavuye mu matora y’abadepite 53, bigaragaza ko ishyaka FPR-Inkotanyi n’andi mashyaka bafatanyije baje imbere…
Soma ibikurikira » -
Amatora-Rwanda: Hatowe abadepite 27 bahagarariye ibyiciro byihariye
Nyuma y’amatora rusange yabaye kuri uyu wa mbere, mu gihugu cyose, uyu munsi wa kabiri wari wahariwe amatora y’abadepite 27…
Soma ibikurikira » -
Abarepubulikani bemeje Donald Trump nk’umukandida wabo mu matora ya perezida
Nyuma y’iminsi ibiri arashwe ku gutwi kw’iburyo ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza guhagarira ishyaka ry’Aba-Républicains mu matora ya Perezida…
Soma ibikurikira » -
Kagame yongeye kwanikira abo bari bahanganiye intebe ya perezida.
Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko iby’ibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu byagaragaje ko Kagame Paul yatsinze ku majwi 99.15%, mu…
Soma ibikurikira »