Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Musanze: Ibitaro byakiriye abarenga 1300 bakorewe ihohotera rishingiye ku gitsina mu mezi umunani
Ubushakashatsi bwakozwe na USAID TUBEHO, bwagaragaje ko mu Karere ka Musanze abantu 1322 biganjemo abagore n’abana bagannye ibitaro bakorewe ihohotera…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda na RDC byashyize umukono kuri gahunda yo gusenya FDLR
U Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byemeranyije ndetse bishyira umukono kuri gahunda igaragaza uko umutwe wa FDLR uzasenywa,…
Soma ibikurikira » -
Dr Murangira wa RIB yamaganye imvugo Men are Trash y’abahezanguni muri feminism
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yasabye Abanyarwanda kwirinda gukoresha imvugo zidakwiriye zishobora no kuba intandaro y’ihohotera…
Soma ibikurikira » -
Perezida yashyizeho Ntibitura Jean Bosco ngo asimbure Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yasimbuje ku mirimo Lambert Dushimirimana wari Guverineri w’Intara y’Iburengerazuba, ayiha Bwana Ntibitura Jean Bosco. Ibi…
Soma ibikurikira » -
Nyagatare: Abarimo Umuhesha w’inkiko n’umwanditsi w’urukiko batawe muri yombi bashinjwa ruswa
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwafunze Mwiseneza Jerome, Umwanditsi w’Urukiko rw’Ibanze rwa Gatunda mu Karere ka Nyagatare, Mabondo Semahoro Victor, Umuhesha…
Soma ibikurikira » -
Nyagatare: Undi mukobwa wibanaga yasanzwe yapfuye urupfu rw’amayobera
Umukobwa witwa Akingeneye Janviere w’imyaka 29 y’amavuko, ukomoka mu Murenge wa Murundi mu Karere ka Kayonza, ariko akaba yibanaga mu…
Soma ibikurikira » -
-
Ubwizigame bw’amadovize y’igihugu bwariyongereye bugera ku yakoreshwa amezi 4,7
Banki Nkuru y’u Rwanda, BNR yatangaje ko ubwizigame bw’igihugu mu madovize bwavuye kuri miliyari 1.827 $ muri Kamena 2023 bugera…
Soma ibikurikira » -
Abasore bakekwa kugira uruhare mu rupfu rwa Kayirangwa Olga barekuwe
Abasore babiri bakekwaho kugira uruhare mu rupfu rwa Olga Kayirangwa barekuwe. Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda Harrison Mutabazi, yabwiye Kigali Today…
Soma ibikurikira » -
Ububiligi bwashatse kwitambika inkunga ya miliyoni 20 z’Amayero zahawe RDF muri Cabo Delgado
Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi wemeje bidasubirwaho icyemezo cyo gutanga indi nkunga ya miliyoni 20 z’Amayero (miliyari 28 Frw), mu gushyigikira…
Soma ibikurikira »