Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
IBYO WAMENYA KU MATORA YO MURI AMERIKA YABAYE KURI UYU WA 3 UGUSHYINGO 2020
Kuva mu 1788-1789, umwaka wabayemo amatora ya mbere ya president wa USA, aho George Washington wari umugaba mukuru w’ingabo zarwaniye…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ku mwanya wa 2 muri Afurika n’urwa 33 ku isi mu bihugu bifite ubwisanzure mu bukungu
Raporo ya 2020 ya Economic Freedom Index yashyize u Rwanda ku mwanya wa Kabiri muri Afurika mu bihugu bifite ubwisanzure…
Soma ibikurikira » -
Bwa mbere Perezida Kagame yerekanye ifoto y’Umwuzukuru we
Mu ijoro ryo kuwa kabiri 15 Nzeri 2020 nibwo ku rukuta rwa Twitter rw’Umukuru w’igihugu Paul Kagame hagaragaye ifoto yivugira.…
Soma ibikurikira » -
Saa Moya, Isaha nshya ntarengwa yo kuba abantu bageze mu ngo
Nyuma y’Inama y’Abaminisitiri yo kuwa 26 Kanama 2020, Itangazo ry’Ibeyemezo byayo ryagaragayemo impinduza ziganisha ku gukaza ingamba zo kwirinda icyorezo…
Soma ibikurikira » -
Ruhango: Bahakanye ko IMBWA babaze bendaga kuyigurisha babeshya ko ari ihene
Abasore batatu bo mu Murenge wa Ruhango mu Karere ka Ruhango bafatanwe imbwa bamaze kuyibaga bikekwa ko bari bagiye kuyigurisha…
Soma ibikurikira » -
Pasiporo z’u Rwanda zidakoranye ikoranabuhanga zizata agaciro muri Kamena 2021
Urwego rushinzwe Abinjira n’Abasohoka, rwatangaje ko Pasiporo nyarwanda zatanzwe mbere ya tariki 27 Kamena 2019 zizaba zataye agaciro ntizongere gukoreshwa…
Soma ibikurikira » -
COVID-19: Imibare iragaragaza kudohoka kw’Abanyarwanda mu kwirinda
Minisiteri y’Ubutegetsi bw’Igihugu yatangaje ko umubare w’abarenga ku ngamba zo kwirinda ikwirakwira rya COVID-19 ukomeje kwiyongera, ibintu igaragaza nk’ibigaragaza kudohoka…
Soma ibikurikira » -
Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bw’amahoro muri Sudani y’Epfo batangiye gupimwa covid-19
Nyuma y’aho umwe mu bapolisi b’igihugu cy’u Rwanda bari mu butumwa bw’Amahoro yitabye Imana azize indwara ya Covid-19, guhera kuwa…
Soma ibikurikira » -
Prezida w’u Rwanda Paul Kagame yihanganishije abarundi babuze uwari Prezida wabo Nkurunziza Pierre
Nyuma y’aho ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo, Ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP, BBC n’ibindi bitangarije ko uwari umukuru w’igihugu cy’Uburundi ucyuye igihe Pierre…
Soma ibikurikira » -
Aratabaza kubera akato avuga ko agirirwa nyuma y’aho akiriye Coronavirus – UWIZEYE Viviane uzi nka Miss Viviane.
Nyuma yo gusanganwa ubwandu bwa Covid-19 kuya 10 Mata 2020, UWIZEYE Viviane yajyanwe kwitabwaho ndetse aza gukira asezererwa kuya 13…
Soma ibikurikira »