Ubutabera

Uwunganira Mudathiru na bagenzi be mu mategeko yafatiwe ibihano ashinjwa gutinza urubanza

Urukiko rw’Ubujurire rwaciye Me Gasengayire Alice wunganira bamwe mu bareganwa na Rtd Maj Habib Mudathiru, ihazabu ya 200.000 Frw ashinjwa gutinza urubanza.

Ni urubanza ruregwamo abantu 26 mu bujurire, aho Urukiko rwari rwiyemeje kuburanisha uru rubanza kugeza ku wa 15 Kamena. Icyakora kugeza ubwo hafatwaga iki cyemezo, hari hamaze kuburana abantu icyenda.

Me Gasengayire yunganira Mfitumukiza Assiel, Haguma Claude na Lubwama Suleiman. Uyu Lubwama ni Umunya-Uganda wanabaye mu Ngabo za RPA zabohoye igihugu, uvuga ko yinjiye muri P5 afashijwe n’Umunyarwanda witwa Felix uba muri Uganda.

Uru rubanza rwasubukuwe kuri uyu wa Kabiri, rwatangiye rutinze kubera ko Inteko Iburanisha yabanje gutegereza ko ikoranabuhanga rihuza ababuranyi, Urukiko n’izindi nzego z’ubutabera (IECMS) risubira ku murongo.

Kuri uyu wa 13 Kamena 2023, hagombaga kubanza kuburana Rtd Maj Mudathiru wunganiwe na Me Umulisa Paula, ariko umucamanza avuga ko imyanzuro ye yayishyize mu ikoranabuhanga yanditswe n’intoki, ibintu yavuze ko bitemewe ku mwavoka.

Umucamanza yahise asaba Me Umulisa gushyiramo imyanzuro ye yanditse n’imashini, ahamagara itsinda ryunganirwa na Me Gasengayire, abavoka bagenzi be bavuga ko mu gitondo yanditse ku rubuga bahuriraho ko yaherekeje umwana wagiye kubyara, ariko umucamanza avuga ko yagombaga kubimenyesha ubwanditsi bw’urukiko, ku buryo iyi myitwarire igamije gutinza urubanza.

Abavoka ariko bagaragaje ko IECMS yari yapfuye ku buryo atari kubishyira muri iri koranabuhanga, ariko umucamanza avuga ko yashoboraga no gutuma mugenzi we mu bwanditsi, urukiko rukabimenya mbere y’uko iburanisha ritangira.

Yavuze ko ari imyitwarire ikwiye guhanirwa hakurikijwe ingingo ya 18 y’Itegeko ryerekeye imiburanishirize y’imanza z’imbonezamubano, iz’ubucuruzi, iz’umurimo n’iz’ubutegetsi.

Iyo ngingo iteganya ko umuburanyi wese utinza ku bushake, iburanisha ry’urubanza kimwe n’uwiyambaza inzira zo kujurira mu buryo bwo gutinza urubanza, acibwa ihazabu mbonezamubano
y’amafaranga y’u Rwanda atari munsi ya 20.000 Frw ariko atarenze 200.000 Frw.

Umucamanza yakomeje ati “Bityo, turahana Me Gasengayire Alice. Ahanishijwe ihazabu ingana na 200.000 Frw, akazakomeza urubanza ari uko amaze kuyishyura.”

Iri tegeko riteganya ko iyo gutinza urubanza ku bushake bikozwe n’umwavoka cyangwa undi muntu uhagarariye umuburanyi, acibwa ihazabu mbonezamubano y’amafaranga y’u Rwanda
atari munsi ya 200.000 Frw ariko atarenze 500.000 Frw.

Iburanisha ryakomeje humvwa ubujurire bw’abaregwa, Rtd Maj Mudathiru ufatwa nk’uwari uyoboye iri tsinda akazaburana kuri uyu wa Gatatu.

Abaregwa uko ari 26 barimo Pte Muhire Dieudonné usanzwe muri RDF, barangajwe imbere na (Rtd) Major Habib Mudathiru wari Umuyobozi ushinzwe Ibikorwa n’Imyitozo mu Gisirikare cya P5, cyubakiye ku mashyaka atanu ari yo Amahoro People’s Congress, Forces Démocratiques Unifieés – Inkingi (FDU-Inkingi); People’s Defence Pact-Imanzi (PDP-Imanzi), Rwanda National Congress (RNC) na PS Imberakuri. Bose ngo bakuriwe na Kayumba Nyamwasa.

Abafashwe bose bakuwe mu mashyamba ya Congo nyuma y’igico gikomeye batezwe n’ingabo z’icyo gihugu, FARDC, aho mu iburanisha benshi bahuriza ku kuvuga ko bashyikirijwe u Rwanda ku wa 18 Kamena 2019.

Icyo gihe ngo barashwe bari mu rugendo bava mu Bijabo muri Kivu y’Amajyepfo bimukira i Masisi muri Kivu y’Amajyaruguru, bashaka kwegera aho bazaturuka bagaba ibitero mu Rwanda. Abarokotse icyo gico bamwe bafashwe na FARDC, abandi bishyikiriza MONUSCO.

Mu rubanza, benshi bahuriza ku kuba barajyanywe muri uyu mutwe bashutswe n’abantu babizezaga imirimo itandukanye irimo gucukura amabuye y’agaciro n’ubuhinzi, ku buryo basanga bataragize ubushake bwo gukora icyaha, bityo ko badakwiye guhanwa.

Ni ingingo ariko Ubushinjacyaha butemera, kuko buvuga ko mu gihe bamaze muri Congo bakoreshwaga imyitozo ya gisirikare, bazi neza ko intego ari ugukuraho ubutegetsi bw’u Rwanda.

Byongeye, ngo ubwo bishyikirizaga MONUSCO ntizari impuhwe bagize, ni uko barashweho bagakwirwa imishwaro, kandi ngo umurwanyi umanitse amaboko n’uwafatiwe mu mirwano bose ni kimwe.

Igihe

Inkuru bijyanye

Ibitekerezo 238

  1. You’re so cool! I don’t suppose I’ve read anything like this before. So great to discover someone with original thoughts on this topic. Really.. many thanks for starting this up. This site is one thing that is needed on the web, someone with a bit of originality.

  2. Aw, this was an exceptionally good post. Finding the time and actual effort to make a very good article… but what can I say… I hesitate a whole lot and don’t manage to get nearly anything done.

  3. I would like to thank you for the efforts you have put in writing this website. I really hope to check out the same high-grade content from you later on as well. In truth, your creative writing abilities has motivated me to get my own blog now 😉

  4. Hello there! This article could not be written any better! Going through this post reminds me of my previous roommate! He continually kept preaching about this. I am going to forward this article to him. Fairly certain he will have a great read. I appreciate you for sharing!

  5. Hi there, I think your web site could be having internet browser compatibility issues. When I take a look at your web site in Safari, it looks fine however, if opening in IE, it has some overlapping issues. I simply wanted to provide you with a quick heads up! Aside from that, fantastic blog!

  6. You actually make it appear so easy together with your presentation but I find this topic to be actually something that I think I would by no means understand. It sort of feels too complex and very extensive for me. I’m looking forward on your next publish, I?ll try to get the hang of it!

  7. I have to thank you for the efforts you’ve put in writing this site. I’m hoping to see the same high-grade content from you later on as well. In fact, your creative writing abilities has inspired me to get my very own website now 😉

  8. Hi there, I do believe your blog might be having web browser compatibility issues. Whenever I take a look at your website in Safari, it looks fine however when opening in Internet Explorer, it has some overlapping issues. I simply wanted to give you a quick heads up! Apart from that, wonderful website.

  9. Howdy! This article couldn’t be written any better! Looking at this post reminds me of my previous roommate! He constantly kept preaching about this. I am going to forward this post to him. Fairly certain he’ll have a very good read. Many thanks for sharing!

  10. This is really interesting, You’re a very skilled blogger. I’ve joined your rss feed and look forward to seeking more of your fantastic post. Also, I have shared your web site in my social networks!

  11. Hi, I do think this is a great web site. I stumbledupon it 😉 I will return once again since i have book-marked it. Money and freedom is the best way to change, may you be rich and continue to guide other people.

  12. Hello there! I could have sworn I’ve visited this website before but after looking at a few of the posts I realized it’s new to me. Anyhow, I’m definitely delighted I came across it and I’ll be bookmarking it and checking back frequently!

  13. Thanks for the marvelous posting! I seriously enjoyed reading it, you can be a great author.I will ensure that I bookmark your blog and may come back at some point. I want to encourage that you continue your great work, have a nice weekend!

  14. I really love your blog.. Excellent colors & theme. Did you create this amazing site yourself? Please reply back as I’m looking to create my own website and want to learn where you got this from or what the theme is named. Kudos!

  15. What i don’t understood is in truth how you are no longer actually much more neatly-preferred than you might be now. You’re so intelligent. You realize therefore significantly on the subject of this subject, produced me for my part imagine it from so many varied angles. Its like women and men are not involved until it is something to accomplish with Lady gaga! Your own stuffs great. At all times handle it up!

  16. I must thank you for the efforts you’ve put in penning this blog. I am hoping to check out the same high-grade blog posts by you in the future as well. In truth, your creative writing abilities has motivated me to get my own site now 😉

  17. Great article. It is very unfortunate that over the last several years, the travel industry has had to fight terrorism, SARS, tsunamis, bird flu virus, swine flu, and the first ever true global economic collapse. Through it the industry has really proven to be effective, resilient in addition to dynamic, finding new approaches to deal with trouble. There are usually fresh problems and opportunities to which the business must again adapt and react.

  18. Can I just say what a relief to uncover somebody that genuinely knows what they’re discussing on the net. You actually know how to bring an issue to light and make it important. More people really need to read this and understand this side of the story. I was surprised you aren’t more popular given that you definitely have the gift.

  19. I’m truly enjoying the design and layout of your website. It’s a very easy on the eyes which makes it much more pleasant for me to come here and visit more often. Did you hire out a developer to create your theme? Fantastic work!

  20. Thanks for your article. I would love to say that the very first thing you will need to conduct is check if you really need credit repair. To do that you must get your hands on a copy of your credit report. That should never be difficult, because the government necessitates that you are allowed to acquire one no cost copy of the credit report every year. You just have to request the right persons. You can either find out from the website for your Federal Trade Commission or perhaps contact one of the main credit agencies immediately.

  21. I have discovered that clever real estate agents all around you are Marketing and advertising. They are knowing that it’s not just placing a poster in the front yard. It’s really pertaining to building connections with these sellers who sooner or later will become buyers. So, if you give your time and energy to helping these sellers go it alone — the “Law regarding Reciprocity” kicks in. Great blog post.

  22. Thanks for your post. One other thing is that often individual states have their own personal laws that will affect people, which makes it very difficult for the our elected representatives to come up with a whole new set of recommendations concerning property foreclosure on home owners. The problem is that each state possesses own regulations which may work in a negative manner when it comes to foreclosure insurance policies.

  23. An outstanding share! I have just forwarded this onto a co-worker who had been conducting a little homework on this. And he in fact ordered me dinner due to the fact that I stumbled upon it for him… lol. So let me reword this…. Thank YOU for the meal!! But yeah, thanx for spending time to talk about this matter here on your internet site.

Leave a Reply to burun estetiği fiyatları Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Back to top button