Imitungo y’abatishyura inguzanyo zo kwiga kaminuza ishobora gufatirwa
Banki Itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yatangaje ko kuva mu 2016 imaze kwishyuza miliyari 21 Frw z’inguzanyo zo kwiga kaminuza n’amashuri makuru, aho uyu munsi hari abagera ku bihumbi 29 bari kwishyura.
Kuva mu myaka ya za 1980 nibwo hatangijwe gahunda yo guha ideni abarihirwaga na leta biga muri kaminuza, bakazaryishyura ari uko barangije kwiga, aho kuri ubu bishyura 8% by’amafaranga binjiza.
Abize kaminuza bishyuriwe na leta basabwa kwishyura inguzanyo ya buruse, abamaze kumenyekana aho bakorera bageze ku gipimo cya 90%.
BRD yatangaje ko hari ibihano biteganyijwe ku binangiye kwishyura inguzanyo aho bizagera ku gufatira imitungo cyangwa konti zabo ndetse bajya no kwaka inguzanyo mu mabanki bakaba batazihabwa.
Ibi ni bimwe mu bikubiye mu iteka rya Minisitiri rigena ibigenerwa abanyeshuri ryo ku wa 04/01/2023.
Umuyobozi ushinzwe ishami ry’Uburezi muri BRD, Wilson Rurangwa, yasobanuye ko kuva mu 2016 BRD yishyuzaga abigiye ku nguzanyo ya Leta ariko nta buryo bwari buhari bwo guhatira umuntu kwishyura hifashishijwe itegeko.
Umukoresha amenyesha ikigo cy’imari akoresheje inyandiko yabugenewe umukozi washyizwe mu mwanya wahawe inguzanyo yo kwiga, mu gihe kitarenze iminsi 15 y’akazi uhereye ku munsi umukozi mushya yashyiriwe mu mwanya.
Umukoresha amenyesha ikigo cy’imari abakozi bishyuye inguzanyo yo kwiga ku mushahara bitarenze ku munsi wa 15 gukurikiyeho, kandi muri icyo gihe agomba kuba yagejeje amafaranga y’inguzanyo yo kwiga yishyuwe kuri konti yabigenewe y’ikigo cy’imari.
Uwahawe inguzanyo yo kwiga utamenyesha umukoresha ko yigiye ku nguzanyo kugira ngo yishyurwe ku mushahara we, udakora imenyekanisha cyangwa utishyura inguzanyo yo kwiga ku gihe nta mpamvu ifatika iyo yikorera cyangwa ukorera mu mahanga, cyangwa ukorana n’ibigo by’ububanyi n’amahanga bikorera mu Rwanda aba akoze ikosa kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi ingana na 10% by’amafaranga agomba kwishyurwa.
Umukoresha udakora imenyekanisha, udakura amafaranga yagenewe kwishyura inguzanyo yo kwiga ku mushahara w’umukozi wahawe inguzanyo yo kwiga cyangwa uyakuraho ntayishyure ku gihe, aba akoze ikosa kandi ahanishwa ihazabu yo mu rwego rw’ubutegetsi ingana na 10% by’amafaranga agomba kwishyurwa.
Rurangwa yasobanuye ko mu gihe hazakorwa ubugenzuzi uwishyuzwa inguzanyo cyangwa umukoresha bagahabwa iminsi 15 yo kwishyura ariko ntibabikore, hashobora kubaho no gufatira konti n’imitungo.
Ati “Nshobora gufata ya baruwa nandikiye ikigo runaka nkereka amafaranga bagomba kwishyura, nkereka amafaranga cyaciwe, ngahita menyesha amabanki ku buryo bashobora gufatira konti zabo nk’igihano ndetse ku buryo ufite n’umutungo nshobora kuwugeraho nkavuga nti uyu mutungo ugomba kwishyura ideni”.
Ibi bisobanuye ko utishyuye inguzanyo yo kwiga cyangwa uri umukoresha abakozi bawe ntibishyure, BRD ifite uburenganzira bwo kwandikira banki runaka ikayisaba ko konti y’ikigo runaka ifatirwa.
BRD ivuga ko itifuza kugera ku rwego rwo gutangira gukoresha abahesha b’inkiko mu kwishyuza inguzanyo zo kwiga ariko ‘nibiba ngombwa bazakoreshwa mu guteza imitungo y’abanze kwishyura’.
Iteka riteganya ko uwahawe inguzanyo yo kwiga cyangwa umukoresha utishyuye inguzanyo yo kwiga ku gihe, yishyura inyungu z’ubukererwe zingana na 1,5% by’amafaranga agomba kwishyurwa kuri buri kwezi k’ubukererwe.
Inyungu z’ubukerererwe zibarwa uhereye ku munsi uwahawe inguzanyo yo kwiga yatangiriyeho akazi cyangwa igihe uwahawe inguzanyo uvugwa mu ngingo ya 22 y’iri teka yashyiriye umukono ku masezerano yo kwishyura.
Iyo umubare w’iminsi y’ubukererwe utageze ku kwezi, iyo minsi ifatwa nk’ukwezi kose.
Niba wagombaga kwishyura amafaranga ntuyishyure uzajya wishyura 1.5% buri kwezi y’ubukererwe kugeza igihe ayo mafaranga uzayishyurira agashiramo.
Ibi bigamije ko haboneka amafaranga yo gufasha abandi banyarwanda gushobora kwiga nk’uko n’abandi bishyuzwa bashoboye kwiga.
Umuti wavugutiwe abikorera
Hari abantu bigiye ku nguzanyo ya leta bakajya gukora nk’ubucuruzi cyangwa ibindi ku buryo kubishyuza byari bigoye keretse babikoze ku bushake.
BRD iherutse gutangiza ikoranabuhanga ryiswe ‘Minuza’ rizanafasha mu gutahura abahawe inguzanyo bakanga kuyishyura.
‘Minuza’ yahujwe n’ikoranabuhanga rikoreshwa guhemba abakozi ba leta (Integrated Personnel and Payroll Information System (IPPIS) ndetse n’iry’Ikigo cy’Imisoro n’Amahoro (RRA).
Yakomeje asobanura ko umuntu wese ufite umushahara cyangwa ibikorwa bisora kumubona muri RRA bizaba byoroshye.
Ukeneye kumenya abakozi b’ikigo runaka barebwa no kwishyura inguzanyo ya buruse azaba ashobora kwinjira mu ikoranabuhanga rya RRA ahite abona urutonde rw’abo bakozi n’ibibaranga bityo byorohe kubegera no kubishyuza mu gihe bigaragye ko bafite umwenda.
Rurangwa ati “Umuntu wese waba akorera ikigo cyaba icya leta cyangwa uwikorera, dushobora kumuhamagara mu ikoranabuhanga rya RRA, wa muntu igihe agaragaye iwacu dushobora guhita tumenya ko yishyura cyangwa atishyura”.
Muri iri koranabuhanga hifashishwa indangamuntu mu gutandukanya abantu.
Rurangwa avuga ko niba umuntu yarigiye ku nguzanyo akaba akora nk’ubucuruzi runaka afite TIN Number, ikoranabuhanga rya Minuza rizajya rituma BRD imumenya bigaragare niba yishyura cyangwa atishyura.
Ati “Dushobora kubona ngo umuntu wishyura umusoro muri RRA, ufite iyi TIN Number, iri ku ndangamuntu iyi n’iyi, tukareba niba mu ikoranabuhanga rya BRD arimo kuko na aderesi iraboneka tugahita tumumenyesha ko agomba guhita atangira kwishyura”.
Mu minsi iri imbere abarimo inguzanyo zo kwiga bazashyirwa muri CRB [amakuru y’imyenda ku bigo by’imari hirya no hino mu gihugu] ku buryo hari serivisi z’amabanki batahabwa batishyuye.
Uyu munsi hari amabanki asaba ukeneye serivisi nk’inguzanyo kubanza kwishyura inguzanyo yo kwiga, icyo gihe BRD imusaba kwishyura nibura amezi atatu kugira ngo akurwe muri CRB.
BRD yihaye amezi atandatu yo kumenyekanisha iri teka.
Uwahawe inguzanyo yo kwiga mbere y’uko iri teka ritangira gukurikizwa, guhera mu mwaka wa 1980, ayishyura akurikije amategeko n’amabwiriza byerekeranye n’inguzanyo yo kwiga byakurikizwaga igihe yayihabwaga.
Abazajya bahabwa inguzanyo yo kwiga bazajya bishyura inyungu ingana na 11% ku banyeshuri barangije mu cyiciro cya mbere cy’amashuri makuru na 12% ku banyeshuri barangije mu cyiciro cya kabiri n’icya gatatu cy’amashuri makuru.
Abize kuva mu 1980-1989, bishyuzwa ibihumbi 40Frw y’igitabo nk’uko itegeko ryabiteganya icyo gihe, ibindi byose byabarwaga nka buruse [amafaranga y’ishuri n’ayo gutunga umunyeshuri].
Abize kuva mu 1989-2008 bishyuzwa amafaranga leta yabahaga yo kubatunga ku nyungu ya 5%, abize ku nguzanyo guhera 2008 kugeza uyu munsi bishyuzwa amafaranga y’ishuri n’ayo kubatunga ku nyungu ya 11% ku banyeshuri barangije mu cyiciro cya mbere cy’amashuri makuru na 12% ku banyeshuri barangije mu cyiciro cya kabiri n’icya gatatu cy’amashuri makuru.
igihe




If some one desires expert view regarding blogging then i recommend him/her to pay a visit this website, Keep up the nice work.
This information is worth everyone’s attention. When can I find out more?
Somebody essentially assist to make significantly articles I might state. This is the very first time I frequented your web page and thus far? I amazed with the analysis you made to make this actual publish incredible. Excellent activity!
Excellent site you have here.. It’s difficult to find high-quality writing like yours nowadays. I honestly appreciate people like you! Take care!!
Hey I know this is off topic but I was wondering if you knew of any widgets I could add to my blog that automatically tweet my newest twitter updates. I’ve been looking for a plug-in like this for quite some time and was hoping maybe you would have some experience with something like this. Please let me know if you run into anything. I truly enjoy reading your blog and I look forward to your new updates.
Hi, I do think this is an excellent site. I stumbledupon it 😉 I may return once again since I saved as a favorite it. Money and freedom is the best way to change, may you be rich and continue to help other people.
I have been exploring for a bit for any high quality articles or weblog posts on this sort of house . Exploring in Yahoo I ultimately stumbled upon this site. Studying this information So i am happy to express that I’ve a very good uncanny feeling I found out just what I needed. I such a lot no doubt will make certain to do not fail to remember this web site and provides it a glance on a continuing basis.
Hi would you mind stating which blog platform you’re using? I’m going to start my own blog in the near future but I’m having a hard time choosing between BlogEngine/Wordpress/B2evolution and Drupal. The reason I ask is because your design and style seems different then most blogs and I’m looking for something unique. P.S Apologies for being off-topic but I had to ask!
I savour, result in I found just what I used to be taking a look for. You’ve ended my 4 day lengthy hunt! God Bless you man. Have a nice day. Bye
I think everything posted made a great deal of sense. However, what about this? suppose you were to create a killer post title? I mean, I don’t wish to tell you how to run your website, however suppose you added a headline that makes people desire more? I mean %BLOG_TITLE% is kinda boring. You might glance at Yahoo’s front page and watch how they create post titles to get people interested. You might try adding a video or a related picture or two to grab people interested about everything’ve written. Just my opinion, it could make your posts a little livelier.
My developer is trying to convince me to move to .net from PHP. I have always disliked the idea because of the expenses. But he’s tryiong none the less. I’ve been using Movable-type on a number of websites for about a year and am worried about switching to another platform. I have heard good things about blogengine.net. Is there a way I can transfer all my wordpress posts into it? Any help would be really appreciated!
These are genuinely enormous ideas in concerning blogging. You have touched some pleasant factors here. Any way keep up wrinting.
It’s the best time to make some plans for the future and it’s time to be happy. I’ve read this post and if I could I want to suggest you some interesting things or suggestions. Maybe you can write next articles referring to this article. I wish to read even more things about it!
Hi, all is going sound here and ofcourse every one is sharing information, that’s actually good, keep up writing.
Thanks for sharing your thoughts about %meta_keyword%. Regards
I am sure this article has touched all the internet visitors, its really really nice paragraph on building up new webpage.
I for all time emailed this website post page to all my contacts, for the reason that if like to read it after that my contacts will too.
I could not refrain from commenting. Very well written!
I am really glad to glance at this blog posts which includes tons of helpful information, thanks for providing these information.
After I initially commented I appear to have clicked on the -Notify me when new comments are added- checkbox and now every time a comment is added I recieve 4 emails with the same comment. Perhaps there is a means you can remove me from that service? Kudos!
I was suggested this web site by my cousin. I’m not sure whether this post is written by him as nobody else know such detailed about my trouble. You’re amazing! Thanks!