Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
U Rwanda na DR Congo byemeranyijwe agahenge
Mu nama ya mbere yahuje ba minisitiri b’ububanyi n’amahanga ba DR Congo n’u Rwanda bashya, bemeranyije agahenge “hagati y’impande zishyamiranye…
Soma ibikurikira » -
Imanza zisaga 2000 zarangiriye mu buhuza mu mwaka w’ubucamanza 2023/2024
Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda, Mutabazi Harrison, yatangaje ko imanza 2,199 zarangiriye mu buhuza kuva tariki ya 1 Nyakanga 2023 kugeza…
Soma ibikurikira » -
Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda kwinjirira GPS y’indege zabo
Leta ya DR Congo yatangaje ikirego gishya ishinja ingabo z’u Rwanda cyo “kwinjirira guteje akaga” imikorere ya GPS y’indege zirimo…
Soma ibikurikira » -
Nyanza: Umwana yapfuye azize guhanuka ku modoka
Mu karere ka Nyanza hari umwana wuriye imodoka igenda nyuma aza guhanuka agwa hasi bimuviramo urupfu, amakuru avuga ko umushoferi…
Soma ibikurikira » -
Ibibazo by’ingutu mu kwishyuza abigiye ku nguzanyo za Leta.
Banki y’u Rwanda y’Amajyambere, BRD, yatangaje ko kuva mu 2016 kugeza mu 2023 yari imaze gutanga amafaranga ya buruse n’inguzanyo…
Soma ibikurikira » -
Macron yavuze imyato Kagame kubera ibikorwaremezo bya Sport yubatse.
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron yasabye ko ibihugu byo ku Mugabane wa Amerika y’Epfo n’ibyo muri Afurika bifashwa mu guteza…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri Dr MUJAWAMARIYA Jeanne d’Arc ukurikiranwe na RIB yirukanwe ku mirimo ye.
Perezida wa Repubulika yirukanye uwari Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Dr. Mujawamariya Jeanne D’Arc kubera ibyo akurikiranyweho. Itangazo ryashyizwe hanze…
Soma ibikurikira » -
Gicumbi: Inzoga yitwa NESHA yahitanye umusore wari wategewe kunywa amacupa 11
Umusore w’imyaka 25 biracyekwa ko yishwe n’ inzoga yitwa Nesha bari bamutegeye, nyuma bakamusanga iruhande rw’urusengero yapfuye. Nemeyimana Phocas w’imyaka…
Soma ibikurikira » -
Uganda: Abarenga 60 batawe muri yombi mu myigaragambyo yo kurwanya ruswa
Abantu barenga 60 biganjemo urubyiruko batawe muri yombi n’igipolisi cya Uganda bari mu myigaragambyo yo kwamagana ruswa mu nteko ishinga…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwiteguye kubyaza umusaruro hegitari ibihumbi 10 z’ubutaka rwahawe na Zambia
Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere umubano wayo n’u Rwanda, Guverinoma ya Zambia yemereye u Rwanda ubutaka bwo guhingaho buri…
Soma ibikurikira »