Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Umurwayi wa mbere w’ubushita bukaze mpox yagaragaye hanze ya Africa
Urwego rushinzwe ubuzima muri Sweden/Suède rwatangaje ko rwabonye umuntu ufite ubu bwoko bukaze kurushaho bw’ubushita bw’inkende (mpox) muri iki gihugu.…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’Intebe n’Abadepite bashya 80 barahiye
Perezida Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, hamwe n’Abadepite 80 bashya binjiye muri manda ya Gatanu…
Soma ibikurikira » -
UK: Uko Rudakubana ushinjwa kwica abana 3 yiswe umuyisilamu bigateza imyigaragambyo ikomeye
Imyigaragambyo ikomeye yibasiye imijyi itandukanye mu Bwongereza nyuma y’iyicwa ry’aba bana batatu b’abakobwa, uregwa kubica ni Umwongereza w’imyaka 17 Axel…
Soma ibikurikira » -
M23 yafashe umujyi wa Ishasha mbere gato y’agahenge k’u Rwanda na DRC
Umutwe wa M23 watangaje ku cyumweru ko wafashe umujyi wa Ishasha uherereye ku mupaka wa DR Congo na Uganda mu…
Soma ibikurikira » -
Kenya: Umuntu wa mbere yagaragaweho n’ubushita bw’Inkende.
Kenya yemeje umuntu wa mbere wanduye indwara y’ubushita bw’inkende, wabonetse mu gace ko mu majyepfo ashyira uburasirazuba ku mupaka na…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda na DR Congo byemeranyijwe agahenge
Mu nama ya mbere yahuje ba minisitiri b’ububanyi n’amahanga ba DR Congo n’u Rwanda bashya, bemeranyije agahenge “hagati y’impande zishyamiranye…
Soma ibikurikira » -
Imanza zisaga 2000 zarangiriye mu buhuza mu mwaka w’ubucamanza 2023/2024
Umuvugizi w’Inkiko mu Rwanda, Mutabazi Harrison, yatangaje ko imanza 2,199 zarangiriye mu buhuza kuva tariki ya 1 Nyakanga 2023 kugeza…
Soma ibikurikira » -
Kinshasa irashinja ingabo z’u Rwanda kwinjirira GPS y’indege zabo
Leta ya DR Congo yatangaje ikirego gishya ishinja ingabo z’u Rwanda cyo “kwinjirira guteje akaga” imikorere ya GPS y’indege zirimo…
Soma ibikurikira » -
Nyanza: Umwana yapfuye azize guhanuka ku modoka
Mu karere ka Nyanza hari umwana wuriye imodoka igenda nyuma aza guhanuka agwa hasi bimuviramo urupfu, amakuru avuga ko umushoferi…
Soma ibikurikira » -
Ibibazo by’ingutu mu kwishyuza abigiye ku nguzanyo za Leta.
Banki y’u Rwanda y’Amajyambere, BRD, yatangaje ko kuva mu 2016 kugeza mu 2023 yari imaze gutanga amafaranga ya buruse n’inguzanyo…
Soma ibikurikira »