Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Diane Shima Rwigara yagejeje kandidatire ye ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu
Diane Shima Rwigara wifuza kuba umukandida wigenga mu matora y’Umukuru w’Igihugu ategerejwe muri Nyakanga 2024, yashyikirije Komisiyo y’Igihugu y’Amatora kandidatire…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwasabye abanyarwanda kutita kubashaka kudobya amatora
Guverinoma y’u Rwanda kuwa 28 Gicurasi 2024 yagaragaje ko hari abari gukoresha itangazamakuru mu mugambi wo kudobya amatora rusange ateganyijwe…
Soma ibikurikira » -
Papa Francis mu mvugo ikakaye yamaganye ibyo kwemerera abatinganyi kuba abapadiri
Byatangajwe ko Papa Francis yakoresheje imvugo isebanya cyane, ishobora kugira ingaruka ikomeye ku buryo imyifatire ye ku batinganyi ibonwamo. Ubwo…
Soma ibikurikira » -
Casques za moto zisanzwe zigiye kuvanwa ku isoko zibise inshya
Minisiteri y’Ibikorwaremezo yatangije ubukangurambaga bwo gufasha abakoresha moto mu buryo butandukanye gukoresha casques zigezweho, zifite ubuziranenge bwisumbuye, bitandukanye n’izari zisanzwe.…
Soma ibikurikira » -
Imbunda 750,000 ziri mu basivile ba Kenya ziruta izifitwe n’abapolisi n’abasirikare
Mu gihe Kenya ihanganye no kwiyongera kw’ibyaha by’urugomo, BBC Africa Eye yakurikiranye uwahoze ari umujura witwaza intwaro ubu urimo gusaba…
Soma ibikurikira » -
Inshuti nziza ya USA itabarizwa muri OTAN: Inyito Biden yahaye Kenya
Perezida w’Amerika Joe Biden yise Kenya inshuti ikomeye itari iyo mu muryango wo gutabarana w’Uburayi n’Amerika (OTAN), bituma Kenya iba…
Soma ibikurikira » -
Rib yafunze ba gitifu babiri kubera kuzimiza ibimenyetso byerekeye Jenoside
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyanzarwe, n’uw’Akagari ka Ryabizige mu Karere ka Rubavu, bakurikiranweho…
Soma ibikurikira » -
Perezida wa Kenya William Ruto yakojeje agati mu ntozi ku bibazo bya Kinshasa
Perezida William Ruto wa Kenya yatangaje ko ikibazo cya M23 ari ikibazo hagati ya leta ya Kinshasa n’abaturage bayo, atari…
Soma ibikurikira » -
Umupolisi warasaga ibisambo yarashe atabishaka SEDO w’akagali muri Rubavu
Umukozi Ushinzwe Iterambere (SEDO) mu Kagari kamwe ko mu Murenge wa Rubavu mu Karere ka Rubavu, yafashwe n’isasu ryarashwe n’umupolizi…
Soma ibikurikira » -
Ubushomeri mu Rwanda bwagabanyutse ku kigero cya 4.3%
Bwa mbere mu myaka itanu ishize, ubushomeri mu Rwanda bwasubiye munsi y’ikigero bwari buriho mbere ya Covid-19, aho bwageze kuri…
Soma ibikurikira »