Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Abarepubulikani bemeje Donald Trump nk’umukandida wabo mu matora ya perezida
Nyuma y’iminsi ibiri arashwe ku gutwi kw’iburyo ubwo yari mu bikorwa byo kwiyamamariza guhagarira ishyaka ry’Aba-Républicains mu matora ya Perezida…
Soma ibikurikira » -
Kagame yongeye kwanikira abo bari bahanganiye intebe ya perezida.
Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangaje ko iby’ibanze byavuye mu matora y’Umukuru w’Igihugu byagaragaje ko Kagame Paul yatsinze ku majwi 99.15%, mu…
Soma ibikurikira » -
Dr Frank Habineza na Mpayimana Philippe batoye
Perezida w’ishyaka DGPR riharanira demokarasi no kurengera ibidukikije akaba n’umukandida waryo ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Dr Frank Habineza, ndetse n’umukandida…
Soma ibikurikira » -
Nta gahunda yo gusubiza amafaranga yatanzwe na UK- umuvugizi wa guverinoma Mukuralinda
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko u Rwanda rutazasubiza u Bwongereza amafaranga bwaruhaye muri gahunda yo…
Soma ibikurikira » -
Kagame yavuze uko hagati ye na Rwigema umwe yari ategetswe kujya kwiga muri Amerika kungufu
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahishuye ko Leta ya Uganda yashatse kuburizamo urugamba rw’Ingabo za RPA-Inkotanyi rwo kubohora…
Soma ibikurikira » -
Abarenga ibihumbi 200, batangiye ibizamini bisoza amashuri abanza
Minisitiri w’Uburezi, Gaspard Twagirayezu yatangije ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2023/2024, asaba ababyeyi ubufasha…
Soma ibikurikira » -
Ubufaransa: Mu nkubiri z’impinduka, Perezida Macron yanze ubwegure bwa Minisitiri w’Intebe
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yanze ubwegure bwa Minisitiri bw’Intebe, Gabriel Attal, amusaba kuguma mu nshingano by’agateganyo kugira ngo igihugu…
Soma ibikurikira » -
Kagame yagarutse ku mwihariko wa Nyagatare mu mateka y’ubuhunzi
Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yagaragaje ko Akarere ka Nyagatare gafite umwihariko mu mateka y’Igihugu…
Soma ibikurikira » -
Abaministiri bahagarariye ibihugu bya EAC baba bari bugere ku gisubizo cy’ibibazo by’imibanire mu karere?
Abaminisitiri bahagararariye guverinoma y’u Rwanda, iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi guhera kuri uyu wa 6 Nyakanga 2024…
Soma ibikurikira » -
Umukandida wa FPR Paul Kagame yikomye abo avuga ko amahanga yagize ibihangage, ati ntawe mwafata nk’Imana.
Umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu akaba na Chairman wawo, Paul Kagame, yasabye urubyiruko kudakangwa n’urucantege rw’abo mu…
Soma ibikurikira »