Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Bwa mbere Putin agiye gusura Korea ya Ruguru mu myaka 24 ishize
Perezida Vladimir Putin w’Uburusiya biteganyijwe ko kuri uyu wa kabiri asura Koreya ya Ruguru ku nshuro ya mbere mu myaka…
Soma ibikurikira » -
NEC yagaragaje ahantu abakandida batemerewe kwiyamamariza
Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko hari ahantu habujijwe gukorerwa ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida bashaka kwinjira mu Nteko ishinga…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’umwuga biyemeje gukomeza gukumira ko Jenoside yazongera ukundi
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga bihaye umukoro wo gukomeza gutandukana n’abanyamategeko bo muri Leta za mbere bateshutse ku ihame ryo kubahiriza amategeko…
Soma ibikurikira » -
Papa Francis yinginze amahanga gukora ibishoboka byose bagahagarika ubwicanyi mu burasirazuba bwa Congo
Nyuma y’isengesho rya Angelus rizwi muri Kiliziya Gatolika ryo ku cyumweru, Papa Francis yongeye gusaba kurengera abasivile mu burasirazuba bwa…
Soma ibikurikira » -
Kagame yakuye bamwe muri guverinoma ashyiramo amasura mashya mu myanya ikomeye.
Perezida Paul Kagame yagize Ambasaderi Olivier Nduhungirehe minisitiri w’ububanyi n’amahanga, na Aimable Havugiyaremye agirwa umukuru w’urwego rushinzwe umutekano n’iperereza, nk’uko…
Soma ibikurikira » -
HCR yitambitse mu mugambi wo kohereza mu Rwanda abashaka ubuhungiro mu bwongereza
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR) ryaburiye abacamanza ko rishobora kuba rifite ibimenyetso bishya byo muri uyu mwaka wa…
Soma ibikurikira » -
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye mu butumwa bwa Loni muri Sudani y’Epfo
Abapolisi b’u Rwanda 240 bagiye kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo, aho bazasimbura abari bamazeyo…
Soma ibikurikira » -
Ni iki cyitezwe ku nama ya mbere ya Korea-Africa Summit yitabiriwe n’ibihugu 48 bya Afurika?
Abategetsi b’i Seoul batangaje ko ibihugu 48 bya Africa byitabiriye ubutumire mu nama ya mbere ya Korea-Africa Summit. Ugomba kuba…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruza kumwanya wa 2 mu kurya ibirayi buri munsi Rwanda, Miliyoni barya ibirayi buri munsi
Umuyobozi w’ikigo mpuzamahanga cyita ku ruhererekane nyongeragaciro rw’ibihingwa by’ibinyabijumba birimo n’ibirayi International Patato Center (CIP), yatangaje ko u Rwanda ari…
Soma ibikurikira » -
Trump yahamijwe ibyaha 34 mu rubanza rw’amateka, yaba ari iherezo ryo kwiyamamaza kwe?
Ibyaha 34, umucamanza umwe urakaye, n’itsinda ry’abatangabuhamya. Nyuma y’iminsi ibiri abacamanza 12 b’i New York biherereye ngo banzure, basanze Trump…
Soma ibikurikira »