Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Abarenga ibihumbi 200, batangiye ibizamini bisoza amashuri abanza
Minisitiri w’Uburezi, Gaspard Twagirayezu yatangije ku mugaragaro ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza by’umwaka w’amashuri wa 2023/2024, asaba ababyeyi ubufasha…
Soma ibikurikira » -
Ubufaransa: Mu nkubiri z’impinduka, Perezida Macron yanze ubwegure bwa Minisitiri w’Intebe
Perezida w’u Bufaransa, Emmanuel Macron, yanze ubwegure bwa Minisitiri bw’Intebe, Gabriel Attal, amusaba kuguma mu nshingano by’agateganyo kugira ngo igihugu…
Soma ibikurikira » -
Kagame yagarutse ku mwihariko wa Nyagatare mu mateka y’ubuhunzi
Umukandida wa FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, yagaragaje ko Akarere ka Nyagatare gafite umwihariko mu mateka y’Igihugu…
Soma ibikurikira » -
Abaministiri bahagarariye ibihugu bya EAC baba bari bugere ku gisubizo cy’ibibazo by’imibanire mu karere?
Abaminisitiri bahagararariye guverinoma y’u Rwanda, iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo n’u Burundi guhera kuri uyu wa 6 Nyakanga 2024…
Soma ibikurikira » -
Umukandida wa FPR Paul Kagame yikomye abo avuga ko amahanga yagize ibihangage, ati ntawe mwafata nk’Imana.
Umukandida w’umuryango FPR Inkotanyi ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu akaba na Chairman wawo, Paul Kagame, yasabye urubyiruko kudakangwa n’urucantege rw’abo mu…
Soma ibikurikira » -
Minisitiri w’Intebe mushya wa UK yamennye inshishi muri gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda
Minisitiri w’Intebe mushya w’u Bwongereza, Keir Starmer, yatangaje ko yahagaritse gahunda ya guverinoma zamubanjirije yo kohereza mu Rwanda abimukira binjira…
Soma ibikurikira » -
Biden yategetswe gutanga gihamya ko agishoboye kuyobora
Umuterankunga wa Perezida Joe Biden wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Charles Myers, yamuhaye iminsi itanu yo gushimangira niba afite…
Soma ibikurikira » -
‘Igihugu cyacu kizaguma mu mahoro uko byagenda kwose’ – Kagame
Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda ruri “mu mahoro” kandi ko ruzaguma “mu mahoro uko byagenda kose”, mu ijambo…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda rwagize ibyago byo kuyoborwa n’abapumbafu- Kagame
Perezida Kagame ubwo yari mu Karere ka Kirehe mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora u Rwanda muri Manda y’imyaka itanu yavuze…
Soma ibikurikira » -
Abanyarwanda ni intare ziyobowe n’Intare-Kagame umukandida wa RPF
Perezida Kagame yavuze ko u Rwanda rwagize amateka mabi ari nayo mpamvu rukwiriye kwirinda icyatuma rusubira inyuma. Ati “Iki gihugu…
Soma ibikurikira »