Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
CIA yahishuye umugambi wa RDC wo gukuraho ubutegetsi mu Rwanda
Inyandiko z’urwego rw’ubutasi za Amerika (CIA) zagaragaje ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ya Perezida Felix Tshisekedi imaze igihe…
Soma ibikurikira » -
Amerika yasabye RDC guhagarika imikoranire na FDLR no korohera abigaragambya
Umunyamabanga wa Leta zunze ubumwe za Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga, Antony J. Blinken, yagiranye ikiganiro na Perezida Félix Tshisekedi, amusaba…
Soma ibikurikira » -
Inama ya FIFA yinjirije u Rwanda asaga miliyari 10 Frw
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri ya Siporo, Niyonkuru Zephanie, yahishuye ko kwakira inama za siporo ziri ku rwego rw’iya 73 ya…
Soma ibikurikira » -
Abarimo Rwakunda Christian bafungiwe i Mageragere bazira guhendesha Leta mu isoko yaguzemo inzu ikoreramo amaminisiteri
Rwakunda Christian wahoze ari Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo (Mininfra) n’Umunyemari Rusizana Aloys bafungiwe muri Gereza ya Nyarugenge i Mageragere,…
Soma ibikurikira » -
Ibiciro ku isoko byazamutseho 17,8% muri Mata
Ikigo gishinzwe ibarurishamibare mu Rwanda (NISR) cyatangaje ko ibiciro ku isoko mu mijyi byiyongereyeho 17,8% muri Mata 2023 ugereranyije na…
Soma ibikurikira » -
SADC igiye kohereza ingabo muri DR Congo
Ibihugu byo mu muryango w’ubukungu w’Afurika y’amajyepfo (SADC) byemeranyijwe kohereza ingabo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo aho…
Soma ibikurikira » -
Kayonza:Umwarimu yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umunyeshuri
Umwarimu wigisha ku Ishuri riherereye mu Karere ka Kayonza mu Murenge wa Kabarondo yatawe muri yombi n’inzego z’umutekano nyuma yo…
Soma ibikurikira » -
Col. Doumbouya arifuza ko hafungurwa ingendo z’Indege zihuza Conakry na Kigali
Perezida w’Inzibacyuho wa Guinea-Conakry, Col. Mamadi Doumbouya, yasabye Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu gushyira mu bikorwa ibikubiye mu masezerano agamije ubufatanye,…
Soma ibikurikira » -
Abahesha b’Inkiko b’umwuga 44 basezereye rimwe, Ntagikuba cyacitse: Perezida w’Urugaga
Abahesha b’Inkiko b’Umwuga 44 bahagaritse umurimo icya rimwe, icyakora ubuyobozi bw’urugaga babarizwamo rwahamije ko ari ku bushake bwabo kandi ko…
Soma ibikurikira » -
Ikibazo cy’inzu z’umudugudu witwa ‘Kwa Dubai’ i Kigali, zigiye gusenywa?
Bamwe mu baturage mu murenge wa Kinyinya mu mujyi wa Kigali bategetswe gusohoka mu nzu zabo ngo zisenywe kuko zishobora…
Soma ibikurikira »