Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
Rwanda: Jean Twagiramungu woherejwe n’Ubudage yahamijwe jenoside akatirwa gufungwa imyaka 25
Urugereko rw’urukiko rukuru rukorera i Nyanza mu majyepfo y’u Rwanda rwakatiye Jean Twagiramungu gufungwa imyaka 25 nyuma yo kumuhamya ibyaha…
Soma ibikurikira » -
DRC-Rwanda: Ingabo z’ibihugu byombi ‘zarasanye’ ku mupaka wa Rusizi
Igisirikare cy’u Rwanda cyatangaje ko mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu abasirikare bari hagati ya 12 na 14 ba…
Soma ibikurikira » -
Muhanga: Yafashwe agiye kuvunjisha Amadolari y’amiganano
Polisi y’u Rwanda mu Karere ka Muhanga, yafashe Umugabo wari ufite amadolari ya Amerika y’amiganano magana atandatu ($600) ubwo yari…
Soma ibikurikira » -
DRC: Abaturage batatu bapfuye mu gutera no gutwika imodoka za MONUSCO
Abaturage batatu bapfuye mu gitero cyibasiye uruhererekane rw’imodoka z’ingabo za ONU kuwa kabiri nimugoroba ahitwa Munigi muri 7Km mu majyaruguru…
Soma ibikurikira » -
M23 irashinja leta ko ariyo ‘ikomeje guteza impagarara’
Mu gihe kuri uyu wa kabiri imirwano hagati y’ingabo za leta n’inyeshyamba za M23 yongeye kubura mu duce twa Masisi,…
Soma ibikurikira » -
DR Congo yirukanye abasirikare b’u Rwanda bari muri ‘état-major’ ya EACRF
Igisirikare cya leta ya DR Congo cyatangaje ko “ku mpamvu z’umutekano” cyategetse ingabo z’akarere (EACRF) ziri muri icyo gihugu “gusubiza…
Soma ibikurikira » -
Imitungo y’abatishyura inguzanyo zo kwiga kaminuza ishobora gufatirwa
Banki Itsura Amajyambere y’u Rwanda (BRD), yatangaje ko kuva mu 2016 imaze kwishyuza miliyari 21 Frw z’inguzanyo zo kwiga kaminuza…
Soma ibikurikira » -
DR Congo: Umujyi w’ingenzi wa Kitshanga wafashwe na M23
Nyuma y’imirwano ikomeye yabaye kuwa kane, umujyi wa Kitshanga/Kitchanga muri teritwari ya Masisi wafashwe n’inyeshyamba za M23, nk’uko zibyemeza. Imiryango…
Soma ibikurikira » -
DRC-RWANDA Reta ya Congo yatunguranye ivuga ko Indege yayo Sukhoi yarasiwe mu kirere cya DRC
Leta y’u Rwanda yatangaje ko “hafashwe ingamba z’ubwirinzi” ku ndege y’intamabara ya Sukhoi-25 ya DR Congo “yavogereye ikirere cy’u Rwanda…
Soma ibikurikira » -
Urukiko rwo muri Amerika rwateye utwatsi ikirego gishinja u Rwanda gushimuta Rusesabagina
Umucamanza mu rukiko rw’i Washington D.C muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, yatesheje agaciro ikirego cy’umuryango wa Rusesabagina Paul wareze…
Soma ibikurikira »