Andi Makuru
Amakuru atandukanye kandi agezweho yaba ayo mu Rwanda, mu karere cyangwa kw’isi yose
-
U Rwanda ntiruzazuyaza kwirwanirira nirushozwaho intambara – Alain Mukuralinda
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda, yavuze ko ntawe u Rwanda ruzashozaho intambara, ariko mu gihe rwayishorwamo rwiteguye…
Soma ibikurikira » -
“IKIBAZO CY’UMUTAKANO MUCYE MU KARERE CYITWA U RWANDA” TCHISEKEDI ASUBIZA CLARE AKAMANZI
Clare Akamanzi uyobora Urwego rw’Igihugu rw’Iterambere, RDB, yabajije Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, impamvu igihugu cye…
Soma ibikurikira » -
U Rwanda ruhangayikishijwe n’akaga katerwa n’imyitwarire ya DRCongo
Leta y’u Rwanda yagaragaje ko ihangayikishijwe n’imyitwarire ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje gusubiza irudubi intambwe zigeragezwa guterwa hagamijwe…
Soma ibikurikira » -
Vatikani: Papa Benedicto 16 yashyinguwe mu buryo bufite umwihariko
Papa Francis yayoboye umuhango wo gushingura Papa Benedict i Vatikano, rimwe akanyuzamo agakora ku sanduku ye ikoze mu mbaho mu…
Soma ibikurikira » -
Kandidature ya Moise Katumbi ni ikibazo kuri Tshisekedi
Nyuma yo gutangaza ko azaba umukandida perezida mu matora yo mu Ukuboza 2023, Moïse Katumbi yabaye ikiganiro mu mpande zose…
Soma ibikurikira » -
Argentine yegukanye igikombe cy’Isi byongera ubuhangage bwa Messi nk’umwami w’ibihe byose muri Ruhago
Kuri Lusail Stadium, Lionel Messi yashyikiriye igikombe kiruta ibindi yari yaraharaniye imyaka myinshi bikanga mu gihe cye cyose akinira ikipe…
Soma ibikurikira » -
DRC: Tshisekedi yatakambiye Biden amusaba ko Amerika ‘ishyira igitutu’ ku Rwanda
Perezida Félix Tshisekedi yasabye mugenzi we Joe Biden ko Amerika “yinjira cyane” mu kibazo cy’umutekano mucye muri DR Congo, nk’uko…
Soma ibikurikira » -
RDC: Icyunamo cy’iminsi itatu kubera imvura yishe abantu 120
Minisitiri w’Intebe wa RDC yatangaje ko guhera kuri uyu wa Gatatu mu gihugu cyose hagomba kuba icyunamo cy’iminsi itatu, yo…
Soma ibikurikira » -
Impanga zaciye agahigo ko kuvukira rimwe ari nyinshi ku isi zatashye amahoro ziva muri Maroc
Abana icyenda bavukiye icya rimwe bakabaho – bonyine ku isi kugeza ubu – basubiye iwabo muri Mali bameze neza nyuma…
Soma ibikurikira » -
Imyigaragambyo yamagana ‘ubwicanyi ku batutsi’ i Kigeme mu Rwanda n’i Bunagana muri DR Congo
Abantu benshi babonetse mu mihanda mu mujyi wa Bunagana ugenzurwa n’umutwe wa M23, no mu nkambi y’impunzi z’abanye-Congo ya Kigeme…
Soma ibikurikira »